Ibya Fatakumavuta bikomeje kuba agatereranzamba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta uherutse gutabwa muri yombi, yapimwe bagasanga ibipimo byerekana ko yafataga ibiyobyabwenge. Uyu Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta yatawe muri yombi mu minsi mike ishize[18 Ukwakira 2024] akurikiranyweho ibyaha birimo gukoresha imvugo zishyamiranya abantu mu myidagaduro, gutukana ndetse no kubuza amahwemo abandi hifashishijwe…

Read More

Umuraperi Zeo Trap ategerejwe i Huye mu cyiswe ‘Huye Zeo night ‘ kuri Upendi pub and club

Ku itariki ya 25 / Ukwakira/2024 , Umuraperi Zeo Trap ategerejwe mu karere ka Huye aho agiye kuzataramira abakunzi be mu cyiswe ‘Huye Zeo Night’ muri Upendi pub and club. Umuraperi Byiringiro Francois wamenyekanye nka Zeo Trap uri mu bagezweho ndetse banigaruriye imitima y’abatari bake muri iyi minsi abicishije ku urukuta rwe rwa Instagram yahamirije…

Read More

Knowless na Ariel Wayz bagiye gushyira hanze indirimbo bahuriyemo

Umuhanzikazi ukomeye muri muzika nyarwanda, Butera knowless ubarizwa muri imwe munzu zitunganya umuziki mu Rwanda izwi nka KinaMusic, afatanyije na mugenzi we Ariel Wayz uri mu bakunzwe hano mu rw’imisozi igihumbi bateguje abanyarwanda indirimbo nshya bagiye gushyira hanze bise “Katira.” Kuri uyu wambere taliki 21 Ukwakira 2024, Umuhanzikazi knowless Butera ukunzwe cyane mu gihugu cy’u…

Read More

RIB yataye muri yombi umunyamakuru Fatakumavuta

Umunyamakuru Sengabo jean Bosco uzwi ku izina rya “Fatakumavuta”, ari mumaboko y’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha [RIB], aho akurikiranyweho ibyaha birimo gukoresha imvugo zishyamiranisha abantu, ndetse kubuza bagenzi be amahwemo ndetse no gutukana yifashishije imbuga nkoranyambaga. Amakuru agera ku kinyamakuru Daily Box avuga ko kuri uyu wa gatanu taliki 18 ukwakira 2024 aribwo uyu munyamakuru w’imyidagaduro yaba…

Read More

BREAKING NEWS: Umurungi Sabin wa Isimbi TV yagarutse mu biganiro nyuma y’ibibazo by’uburwayi yari amaranye igihe

Umunyamakuru Umurungi Sabin warumaze iminsi atagaragara mu biganiro kubera ikibazo cy’uburwayi yamaze kugaruka mu kazi aho yashyize ikiganiro kuri sheneye ya Youtube ariyo Isimbi Tv agaragaza ko ameze neza. Mu minsi ishize nibwo Umunyamakuru uzwi cyane mu Rwanda ku rubuga rwa Youtube ndetse akaba n’umushoramari mu itangazamakuru Umurungi Sabin abicishije kumbuga ze yatangaje ko abaye…

Read More

Tariki ya 18 / Ukwakira mu mateka : rurangirwa mu njyana ya Reggae Lucky Dube yarishwe

Tariki ya 18 Ukwakira ni umunsi wa 292 w’umwaka ubura iminsi 74 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka Tariki 18 Ukwakira, ni itariki itazibagirana mu mitwe y’abakunzi b’injyana ya Reggae n’abakunzi ba muzika muri rusange. Itariki nk’iyi mu mwaka wa 2007 nibwo hasakaye inkuru ibika urupfu rwa Lucky Phillip Dube,…

Read More

Dore byinshi wamenya ku buzima n’amateka bya nyakwigendera Liam Payne wahoze mu itsinda rya One Direction

Umuhanzi w’umwongereza Liam Payne, wamenyekanye mu itsinda One Direction ryakunzwe cyane muri muzika y’ubwongereza ndetse no ku isi hose muri rusange, kuri uyu wagatatu taliki 16 Ukwakira 2024, Yatabarutse. Dore iby’ingenzi wamumenyaho Lyam James Payne, wamenyekanye nka Liam Payne, yabonye izuba kuwa 29 kanama 1993, mu mujyi wa Wolverhampton west midlands wo mu gihugu cy’Ubwongereza, avukira…

Read More

Alyn Sano yasohoye indirimbo yise Tamu Sana anavuga ko igenewe abakundana bose !

Umuhanzikazi Aline Sano Shingiro uzwi nka ALYN Sano yasohoye indirimbo y’urukundo yise Tamu Sana, yatangaje ko igiye gufasha abakundana kujya babwirana amagambo meza y’urukundo aryoheye umutima. Mu kiganirio yacishije ku mbuga ze nkoranyambaga byumwihariko urubuga rwa Instagram kuri uyu munsi kuwa gatatu ku tariki ya 10 Ukwakira 2024, yavuze ko iyi ndirimbo ye ari iy’urukundo igamije…

Read More