Fatakumavuta yateye utwatsi iby’urumogi ashinjwa

Fatakumavuta yahakanye yivuye inyuma icyaha ashinjwa cyo gukoresha urumogi. Kuri uyu wa kabiri taliki 05, Ukwakira 2024, urubanza ruregwamo Sengabo jean Bosco, uzwi nka Fatakumavuta rwasubukuwe , nyuma y’uko mu cyumweru gishize rwari rwasubitswe kubw’impamvu uyu munyamakuru n’umwunganira mu mategeko batanze. Muri uru rubanza Fatakumavuta yahakanye yivuye inyuma icyaha ashinjwa ko akoresha ikiyobyabwenge cyo mu…

Read More

Imbere y’umukuru w’igihugu Amavubi yakoze ibyo yasabwaga n’Abanyarwanda

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” yabonye itike yo gukina ikiciro cya kabiri k’imikino ya CHAN nyuma yo gutsinda ibitego bitatu ku busa (3-0) ikipe y’igihugu ya Djibouti  kuri sitade Amahoro. Umukino ubanza wabaye  ku cyumweru tariki  27 Ukwakira 2024 , ikipe y’igihugu ya Djibouti yihereranye Amavubi kuri sitade Amahoro  iyitsibura igitego kimwe ku busa(1-0), byarangiye…

Read More

RWANDA MUSIC BILLBOARD HOT 100+ : Indirimbo Plenty ya The Ben niyo yaje ku ruhembe rw’izindi ; dore uduhigo twagiye ducibwa n’abahanzi nyarwanda kuri uru rutonde !

Indirimbo yitwa Plenty y’umuhanzi – nyarwanda Mugisha Benjamin wamenyekanye uzwi nka The Ben niyo yaje ku mwanya wa mbere mu rutonde rw’indirimbo ijana zikunzwe mu Rwanda Ruzwi nka ‘[Rwanda Music Billboard Hot 100 +] rw’ukwezi k’ugushingo . Inama y’ubwanditsi bw ’ikinyamakuru Daily BOX bufatanyije ni inzobere zigiye zitandukanye mu ruganda rw’imyidagaduro hano iwacu m’u Rwanda…

Read More

Urubanza rwa Fatakumavuta rwimuriwe ku italiki 05 Ugushyingo 2024

Umunyamakuru Sengabo jean Bosco, uzwi nka Fatakumavuta yasabye urukiko ko urubanza rwe rwakimurwa kubw’impamvu zahise zemerwa n’urukiko. Kuri uyu wa kane wa tariki 31 Ugushyingo 2024, mu masaha y’igitondo, nibwo umunyamakuru Sengabo jean Bosco yagejejwe ku rukiko rw’ibanze rwa kicukiro, aho yari agiye kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rye. Mumpamvu zatanzwe n’umwunganizi we mu mategeko,…

Read More

Miss Nshuti Muheto Divine yasabiwe gufungwa umwaka n’amezi 8

Ubushinjacyaha bwasabiye Miss Nshuti Muheto Divine igifungo cy’umwaka n’amezi 8, n’ihazabu y’amafaranga ibihumbi 220frw aramutse ahamwe n’ibyaha ashinjwa byose. Kuri uyu wa kane mu masaha ya saa tatu za mugitondo, Ku rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro mu mugi w’Akigali , habereye iburanishwa ku rubanza ruregwamo miss Nshuti Muheto Divine wabaye Nyampinga w’u Rwanda wa 2022. Uyu…

Read More

Minisitiri Olivier Nduhungirehe yakoze ubusesenguzi ku gitaramo cya Israel mbonyi ateganya

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda , Olivier Nduhungirehe yagiriye inama Israel mbonyi yo kwimura igitaramo “icyambu season 3” cyagombaga kubera muri BK Arena, akagishyira muri Stade Amahoro kubera ubwinshi bw’abafana be. Abinyujije kurukuta rwe rwa X yahoze ari Twitter, yasabye Israel mbonyi kuba yakimura igitaramo cye cyagombaga kubera muri BK Arena kikimurirwa muri stade Amahoro…

Read More

Bruce Melodie yahagije kwifuza kw’abitabiriye igitaramo cye muri Ottawa

ITAHIWACU Bruce, uzwi nka Bruce Melodie, kuri ubu uri kubarizwa mu gihugu cya Canada, mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu 26 Ukwakira 2024, yataramiye muri Ottawa. Igitaramo Bruce Melodie yakoreye muri Ottawa cyitabiriwe n’abanyarwanda batuye muri Canada, ndetse n’abandi batandukanye bo hafi aho, ibi bigaragaza n’uko aho yagombaga gukorera iki gitaramo hari hakubise huzuye….

Read More