Fatakumavuta yateye utwatsi iby’urumogi ashinjwa
Fatakumavuta yahakanye yivuye inyuma icyaha ashinjwa cyo gukoresha urumogi. Kuri uyu wa kabiri taliki 05, Ukwakira 2024, urubanza ruregwamo Sengabo jean Bosco, uzwi nka Fatakumavuta rwasubukuwe , nyuma y’uko mu cyumweru gishize rwari rwasubitswe kubw’impamvu uyu munyamakuru n’umwunganira mu mategeko batanze. Muri uru rubanza Fatakumavuta yahakanye yivuye inyuma icyaha ashinjwa ko akoresha ikiyobyabwenge cyo mu…