Miss Jolly yigaramye ibyo urukundo rwe n’umuherwe w’Umunya-Tanzaniya

Tariki ya 10 Mutarama 2025, Miss Jolly Mutesi, wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2016, yatangaje ko konti ye ya Instagram yibwe nyuma yo kugaragaza amagambo y’urukundo hagati ye n’umuherwe ukomoka mu gihugu cya Tanzaniya witwa Lugumi Saidi Hamad, byatumye havuka impaka ku mbuga nkoranyambaga. Ibi byabaye nyuma y’uko kuri konti z’aba bombi, harimo ubutumwa bwagiye…

Read More

RWANDA MUSIC BILLBOARD : The Ben na Zeo Trap bongeye gushyiraho akandi gahigo

Kuri uyu wa kane tariki ya 2 / Mutarama /2025 , ikinyamakuru Daily Box cyashyize ahagaragara urutonde ngarukakwezi rw’indirimbo ijana zikunzwe mu rw’imisozi igihumbi , ni urutonde rwaranzwe n’impinduka zitandukanye ugereranije nuko rwari rwasohotse mu kwezi ku Ugushyingo . uru ni urutonde ngaruka kwezi rw’indirimbo ijana zikunzwe kurusha izindi mu gihugu za abahanzi nyarwanda baba…

Read More

Amata yabyaye amavuta! Indirimbo True Love ya The Ben yasohotse

Kuri uyu wa kane taliki 26 ukuboza 2024, umuhanzi Mugisha Benjamin wamenyekanye nka The Ben yashyize hanze amashusho y’indirimbo “True Love”, yakoreshejemo umugorewe Uwicyeza pamella witegura kwibaruka imfura y’aba bombi. Ni imwe mu ndirimbo zigize alburm ya The Ben yitegura kuzamurikira abantu mu ntangiro z’umwaka utaha, mu gitaramo yise The New year’s groove kizabera muri…

Read More

Ikiganiro n’itangazamakuru: Imbamutima za Israel mbonyi nyuma yo kuzuza BK Arena

Nyuma y’igitaramo, mu kiganiro n’itangazamakuru Israel mbonyi yatanze ibisobanuro bitandukanye ku gitaramo yakoze n’ubuzima bwe muri rusange. Bimwe mu bibazo uyu muhanzi yabajijwe harimo n’ikijyanye n’imyambarire y’abo bakorana yaba abacuranzi ndetse n’abamwe mu baririmbyi be, aho aba bombi bari baje bambaye imyambaro yenda gusa nk’iyi dini ya Islam, avuga ko we imyambarire ntakibazo ayibonamo kuko…

Read More

Bidasubirwaho Pamella wa The Ben yahishuye ko ari hafi kwibaruka imfura

Umugore wa The Ben, Uwicyeza Pamella yagaragarije abanyarwanda ko bidasubirwaho atwite inda nkuru nyuma y’igihe cy’umwaka aba bombi bashyingiranwe. Ku munsi w’ejo kuri Noheli, taliki 25, Ukuboza 2024, Uwicyeza Pamella yahishuriye abantu ko yitegura kwibaruka imfura y’aba bombi, mu gihe umugabo we imyiteguro irimbanyije ngo ataramire abanyarwanda muri BK Arena. Mu butumwa uyu mugore yageneye…

Read More

Urugendo rw’imyaka 10! Bimwe mu byaranze igitaramo ‘Icyambu season 3’ cya Israel Mbonyi

Umuhanzi Israel Mbonyi,mu ijoro ryo ku wa 25 Ukuboza 2024, ubwo hizihizwaga Noheli, yongeye gutaramira imbaga y’abitabiriye igitaramo cye yise “Icyambu season 3” cyaberaga muri BK Arena. Ni igitaramo cyatangiye mu masaha ya saa kuminebyiri zishyira saa moya kibimburirwa n’umushyushyarugamba Ivan Ngezi , aho yafashije abitabiriye igitaramo kuririmba zimwe mu ndirimbo zo mugitabo, Aha Israel…

Read More

Miss Kalimpinya  yasubitse irushanwa ryo gusiganwa ku mamodoka yagomba kwitabira

Umushoferi wo gusiganwa ku ma modoka  wo mu Rwanda witwa  Kalimpinya Queen  yatangaje ko atazagaragara mu irushanwa rya Champions Sprint rizabera  muriUganda ku ya 26 Ukuboza, bitewe n’impamvu yise  iz’ubuzima. Kalimpinya yatangaje icyemezo cyatunguye imbaga  mu itangazo yashyize ahagaragara ku abicishije ku rukuta rwe rwo ku rubuga rwa Instagram ku ya 24 Ukuboza. Uyu mushoferi…

Read More