Tems yanditse amateka imbere ya Perezida Donald Trump
Umuhanzi w’indirimbo za Afrobeats ukomoka muri Nigeria, Tems, yanditse amateka ubwo yabaga Umunyafurika wa mbere uyoboye igitaramo cyo hagati mu mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe (FIFA Club World Cup). Temilade Openiyi, usanzwe umenyerewe nka Tems, ni we wari umuhanzi mukuru mu gitaramo cyabereye hagati mu mukino wa nyuma wabereye kuri sitade ya MetLife, iri…