Bisa nk’ibyarangiye , Ruben Amorim wa Sporting Lisbon niwe ujyiye gusimbura Eric TenHag mu gutoza Manchester united !
Ikipe ya Manchester united iri mu biganiro bya nyuma n’umunya – Portigal utoza ikipe ya Sporting Lisbon kuba yayibera umutoza mukuru wayo nyuma yo kwirukana Umuholandi Eric Tenhag wayitozaga ku munsi wejo . Ikinyamakuru Dail Mail dukesha aya makuru cyatangaje ko nubundi no mu cyumweru gishize uwitwa Ruben Amorim yari umwe mu bari ku urutonde…