Gatete Jimmy

Bisa nk’ibyarangiye , Ruben Amorim wa Sporting Lisbon niwe ujyiye gusimbura Eric TenHag mu gutoza Manchester united !

Ikipe ya Manchester united iri mu biganiro bya nyuma n’umunya – Portigal utoza ikipe ya Sporting Lisbon kuba yayibera umutoza mukuru wayo nyuma yo kwirukana Umuholandi Eric Tenhag wayitozaga ku munsi wejo . Ikinyamakuru Dail Mail dukesha aya makuru cyatangaje ko nubundi no mu cyumweru gishize uwitwa Ruben Amorim yari umwe mu bari ku urutonde…

Read More

Fc Barcelona yakoresheje irihe banga kugirango inyagire kandi irusha bikomeye Real Madrid ? [ inkuru ishingiye k’ubusesenguzi ]

ikipe ya Real Madrid yaraye inyagiwe n’ikipe ya Fc Barcelona ibitego bine ku ubusa ihita inayirusha amanota atandatu ku urutonde rw’agateganyo rwa shampiyona nyuma y’ uyu mukino w’umunsi wa cumi na rimwe muri shampiyona y’igihugu ya Esipanye [ Laliga ] , ibi bitego bikaba byatsinzwe n’abarimo Yamine Lamal ,Robert lewandowski na Raphael Bellori bakunze kwita…

Read More

Uwakanyujijeho mu ikipe ya Arsenal yavuze cumi n’umwe bahuriweho hagati ya Arsenal na liverpool !

umufaransa  Bacary Sagna yatangaje abakinnyi cumi n’umwe beza bahuriweho n’ikipe ya Liverpool na Arsenal mbere yuko izi ikipe zitana mu mitwe ku munsi wo ku cyumweru mu mukino w’umunsi wa cyenda wa shampiyona y’igihugu y’ubwongereza [ English Premier League ] . Uyu mufaransa wakiniye ikipe ya Arsenal yugarira ntiyigeze azuyaza cyangwa ngo arye indimi ubwo…

Read More

UEFA CHAMPIONS LEAGUE 2024 : Ancelotti abona ko Vinicius akwiye gutwara Ballon d’or ; indi mikino iteganijwe muri iri joro [ full report ]

Umutoza wa Real Madrid, witwa Carlo Ancelotti, yashimye bidasanzwe Vinicius Junior nyuma yuko umukinnyi ukomoka muri Berezile atsinze ibitego bitatu wenyine mu gice cya kabiri kugira ngo abafashe kwegukana amanota atatu imbere ya Borussia Dortmund yari yabanje kubatsinda ibitego bibiri mu gice cya mbere muri Champions League. Ancelotti yabwiye abanyamakuru ko yizeye ko Vinicius w’imyaka…

Read More

Umuraperi Zeo Trap ategerejwe i Huye mu cyiswe ‘Huye Zeo night ‘ kuri Upendi pub and club

Ku itariki ya 25 / Ukwakira/2024 , Umuraperi Zeo Trap ategerejwe mu karere ka Huye aho agiye kuzataramira abakunzi be mu cyiswe ‘Huye Zeo Night’ muri Upendi pub and club. Umuraperi Byiringiro Francois wamenyekanye nka Zeo Trap uri mu bagezweho ndetse banigaruriye imitima y’abatari bake muri iyi minsi abicishije ku urukuta rwe rwa Instagram yahamirije…

Read More

Eddy Howe wa Newcastle yabeshyuje ibyavugwaga ko yaba yarahigitswe na Thomas Tuchel ku mwanya wo gutoza Ubwongereza

umwongereza Eddy Howe usanzwe utoza ikipe ya Newcastle yatangaje ko atigeze na rimwe akoreshwa ikazamini icyari cyo cyose yaba ibazwa ryo mu biganiro cyangwa ikizamini cyanditse cy’akazi n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ry’ubwongereza ku bijyanye no kuba yatoza ikipe y’igihugu y’ubwongereza iherutse guhabwa gutozwa n’umudage Thomas tuchel . Aya makuru yuko Eddy Howe yaba yari mubahigitswe na…

Read More

Indwara ya Marbug : Inkingo z’indwara ya Marburg zamaze gusesekara mu Rwanda

Inkingo z’indwara ya Marburg zamaze kugera mu Rwanda ku bufatanye na Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse Binitezwe ko izi nkingo zizagira uruhare mu gufasha u Rwanda guhangana n’iyi ndwara. Izi nkingo bivugwa zatanzwe n’Ikigo mpuzamahanga cy’inkingo cya Sabin ndetse nacyo biciye mu bunyamabanga bwacyo ku munsi wejo cyashimangiye ko cyatanze dose z’inkingo…

Read More

Menya byinshi ku ndwara ya Marburg yabonetse mu Rwanda

Kuri uyu wa gatanu , tariki ya 27 / nzeri /2024 Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu Rwanda hamaze kuboneka abarwayi bake bagaragaza ibimenyetso by’indwara ya Marbug nubwo kugeza ubu iki kigo ntamakuru ahagije cyiyifiteho. Minisiteri y’ubuzima ibicishije mu itangazo yashyize ahagaragara mu kanya gashize yatangaje ko mu bitaro bitandukanye biherereye mu rw’imisozi igihumbi hamaze kuboneka…

Read More