Gatete Jimmy

Cole Palmer ashobora kutazagaragara mu mukino uzahuza Arsenal na Chelsea ku cyumweru !

Umwongereza Cole Palmer ukinira ikipe ya Chelsea ashobora kutazabanza mu kibuga ku mukino wo ku cyumweru uzahuza iyi ikipe n’ikipe ya Arsenal muri shampiyona y’icyiciro cya mbere y’igihugu y’abongereza [ English Premier League ] . Amakuru aturuka i London avuga ko Palmer w’imyaka 22 atigeze yitoza muri iki cyumweru cyose nyuma yuko avunikiye mu mukino…

Read More

Baltasar uherutse kugaragara mu mashusho agera kuri 400 yiha akabyizi yakuwe mu nshingano ze !

Kuri uyu wa gatanu ,Umunya – Equatorial Guinea witwa Baltasar Ebang Engonga uherutse kugaragara mu mashusho amugaragaza akora imibonano mpuzabitsina n’abagore batandukanye(bashyika kuri 400) yakuwe  mu nshingano yari afite zo kuba Umuyobozi Mukuru w’ikigo gishinzwe Iperereza mu by’imari. Mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa gatanu nibwo Perezida wa Equatorial Guinea Teodoro Obiang Nguem yashyize…

Read More

Dore uko Ibikomerezwa bitandukanye ku isi byakiriye intsinzi ya Donald Trump !

Abayobozi b’ibihugu bikomeye ku isi bakomeje gushimira Donald Trump nyuma yuko ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika Associated Press byatangaje ko uyu mukandida w’ishyaka ry’abarepubulikani,witwa Donald Trump yatsinze amatora y’umukuru w’igihugu ya Leta zunze ubumwe z’Amerika , nyuma yuko bishya bishyira kubona intsinzi ye muri Leta ya Wisconsin ihita ituma agwiza amajwi 270 y’amatora akenewe kugira ngo agaruke…

Read More

RIB yataye muri yombi Umupfumu Salongo

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwahamije amakuru yuko rwafunze uwitwa Rurangirwa Wilson wamamaye nk’umupfumu Salongo ku itariki ya 31 / Ukwakira nyuma yuko akomeje gukurikiranwaho ibyaha bigiye bitandukanye . RIB yahamije ko yataye muri yombi umupfumu Salongo tariki ya 31 z’Ukwakira nyuma yuko yakekwagaho ibyaha birimo  icyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya, guhimba, guhindura inyandiko cyangwa gukoresha…

Read More

Ruud van Nistelrooy ngo ntatewe ubwoba na gato n’ibyo yaza kuvugwaho n’abo bahoze bakinana naramuka atsinzwe na Chelsea

Kuri iki cyumweru, umutoza w’umusigarire wa Manchester united witwa Ruud van Nistelrooy yatangaje ko yiteze kuza kunengwa n’abahoze bakinana mu ikipe ya Manchester United bakora nk’abasesenguzi ku ma shene ya televiziyo atandukanye mu gihugu cy’ubwongereza naramuka atsinzwe umukino we wa mbere wa Premier League nk’umutoza w’agateganyo afitanye na Chelsea ku isaha y’i saa kumi n’ebyiri…

Read More

Spain : Abashinzwe umutekano basaga ibihumbi icumi boherejwe i Valencia mu bikorwa by’ubutabazi

Kuri uyu wa gatandatu ,Minisitiri w’intebe wa Espange witwa Pedro Sanchez yatangaje ko iki gihugu cyohereje abandi basirikare 5,000 n’abapolisi 4000 mu karere gaherereye mu burasirazuba bwa Valencia mu rwego rwo kujya gutabara abaturaga bakomeje kuba mu kaga nyuma y’umwuzure ukomeye umaze iminsi wibasiye iki gihugu guhera mu ntangiriro z’iki cyumweru. Ku wa gatandatu, Minisitiri…

Read More

Real Madrid yiteguye kujya ku meza y’ibiganiro n’ikipe iyo ari yose yaba yifuza umufaransa Aurelien Tchouameni

Ikipe ya Real Madrid yatangaje ko yiteguye kugurisha umukinnyi w’umufaransa uyikinira hagati mu kibuga witwa Aurelien Tchouameni nyuma yuko uyu umukinnyi atagize atanga umusaruro yari yitezweho mu kibuga ahanini kubera impamvu zijyanye n’imvune zakunze kwibasira uyu musore . Aya makuru aturuka mu binyamakuru bya siporo byo muri Esipanye aje nyuma y’igisa nk’amarenga yaciwe n’umutoza Carlo…

Read More

Spain : Umukino wagombaga guhuza Real Madrid na Valencia wasubitswe kubera imyuzure ikomeje kwararika imbaga

Umukino wa Real Madrid yagombaga kwakirwamo na ekipe ya Valencia mu mpera z’iki cyumweru muri shampiyona y’ikiciro cya mbere muri Esipanye wasubitswe n’ishyirahamwe ry’umupira wamaguru muri Espagne (RFEF) kubera ikibazo cy’umwuzure umaze iminsi wugarije iki gihugu ndetse kuri ubu ukaba umaze guhitana abantu barenga 95. Undi mukino kandi wagombaga guhuza ikipe ya Villarreal na Rayo…

Read More

Abahoze bayobora Rayon sports bavuzweho kugana iy’ishyamba bagarutse bunze ubumwe !

Abigeze kuyobora ikipe ya Rayon Sports bavugwagaho ukutumvikana, bemeje ko kuri ubu bamaze kwiyunga ngo bafashe iyi kipe idafite uyiyobora ubu, mu mikino ifite mu minsi iri imbere irimo uzayihuza na mucyeba wayo Kiyovu Sports. Muvunyi Paul wahoze ayobora Rayon Sports yatangaje ko we n’abandi babaye mu buyobozi bw’iyi kipe, bose biyemeje gutahiriza umugozi umwe…

Read More

Vinicius yavuze ko impamvu ategukanye Ballon d’Or ari kubera ko ari umwirabura !

Umunya – Brazil Vinicius Junior yatangaje ko kimwe mu byatumye yimwa igihembo cy’umukinnyi wahize abandi ku isi kizwi nka  Ballon d’Or, ko harimo ni impamvu yuko ari umwirabura . uyu munya – Brazil yaraye arase amahirwe y’imbonekarimwe yo kwegukana kimwe mu bihembo bimaranirwa na benshi mu bakinnyi ku isi y’umupira w’amaguru nyuma yuko aje ku…

Read More