Gatete Jimmy

Man city yaciye agahigo katari kakorwa n’indi kipe yo muri Premier League

Ikipe ya Manchester City yatangaje ko yaciye agahigo  katari kakorwa n’indi kipe yo muri  Premier League nyuma yo  kwinjiza arenga miliyoni 715 zama pound nk’inyungu mu mwaka w’imikino ushize .  Ishami rishinzwe icungamari mu ikipe ya Manchester city ryemeje ibi  rinavuga ko ryaishingiye kuri raporo z’imari za konti y’iyi kipe  zakozwe guhera mu ntangiriro mu…

Read More

Ruben Amorim yiniguye ku bijyanye n’igenda rya Dan Ashworth

Umunya- Portigal utoza ikipe ya Manchester united witwa Ruben Amorim yatangaje ko ubuyobozi bw’ikipe ayobora bwisanze ntayandi mahitamo busigaranye usibye gutandukana bitunguranye n’uwari umuyobozi wa siporo witwa Dan Ashworth ndetse anemeza ko kugenda ku muntu umwe ntacyo byatwara ikipe . Igenda rya Dan Ashworth wari umaze muri izi nshingano iminsi 159 ryatangajwe n’umuyobozi mukuru ushinzwe…

Read More

Ntago abahatanira gutwara Premier League banyerera nka Cucurella : Enzo Maresca 

Enzo Maresca utoza ikipe ya Chelsea yatangaje ko iyi ikipe iri gukora ibirenze ibyo yari itegerejweho ndetse kandi ko adateganya kuba yajya mu makipe ahatanira gutwara Premier League kuko ngo amakipe ashaka iki gikombe ntanyerera nka Marc Cucurella waraye ukoze amakosa yavuyemo ibitego bibiri iyi kipe yatsinzwe mu mukino yaraye itsinzemo Tottenham ibitego 4-3. Ku…

Read More

Jose Mourinho yashyize umucyo kuri Transfert ya Cristiano Ronaldo muri Fenerbahce

Jose Mourinho yashubije ibihuha bivuga ko Cristiano Ronaldo ashobora kwerekeza mu ikipe ya Fenerbahce asanzwe atoza mu gihe amasezerano ya Ronaldo yaba arangiye mu mpeshyi y’umwaka utaha . Umutoza w’umunya – Porutugali yageze muri Real Madrid mu mwaka wa 2010 ari nabwo yaherukaga gutoza Cristiano Ronaldo, ndetse banagerana ku mukino wa nyuma wa Champions League …

Read More

Huye : Global Music Studio yashyize igorora abanyempano bo muri Kaminuza y’u Rwanda

DAILY BOX Huye, 8 Ukuboza 2024 –  Inzu itunganya umuziki  yitwa Global Music Studio, umuziki yitezweho gufasha abahanzi batangiye uyu mwuga bafite impano y’ubuhanzi, by’umwihariko abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda (UR) Ishami rya Huye.  Iyi ni studio nshya iherereye mu gace kitiriwe umujyi wa Madina wo muri Saudi Arabia bijyanye nuko hari umusigiti w’abayisilamu  ,…

Read More

Umukino Everton yagombaga kwiramo Liverpool ntukibaye kubera impamvu karemano !

Umukino wa shampiyona y’icyiro cya mbere mu bwongereza wagombagaba guhuza ikipe ya Everton na Liverpool kuri sitade ya Goodison Park wasubitswe kubera ikirere cyibi gikomeje kuba muri kariya gace kegeherereye iruhande rw’umugezi wa Merseyside kubera serwakira yiswe Darragh ikomeje guca ibintu . Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu , ubuyobozi bw’agace Merseyside bwaramutse butanga…

Read More

Marc Guehi mu mazi abira nyuma yo kwandika ijambo “Nkunda Yesu” ku mabara y’abatinganyi

Myugariro wa Crystal Palace, Marc Guehi, ashobora gukurikiranwa n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Bwongereza (Football Association) nyuma yo kwambara igitambaro cy’abakapiteni kirimo amabara y’umukororombya, maze akandikaho amagambo y’idini agira ati: “Nkunda Yesu,” mu mukino wa Premier League wahuje ikipe ye na Newcastle United, warangiye amakipe yombi anganya 1-1. Uyu mukino wabaye mu mpera z’icyumweru gishize, ubwo…

Read More

Ruben Amorim yemeje ko Leny Yoro agomba kuzabanzamo ku mukino wa Arsenal !

Umunya – Portigal Ruben Amorim utoza ikipe ya Manchester united yatangaje ko ntagihindutse umufaransa Leny Yoro agomba kugaragara mu bakinnyi cumi n’umwe b’iyi kipe bagomba guhangana n’ikipe ya Arsenal mu mukino wa shampiyona aya amakipe afitanye ku munsi wo gatatu w’iki cyumweru . Leny Yoro utarigeze agaragara mu mukino n’umwe wa Manchester united kuva yasinyishwa…

Read More