Gatete Jimmy

TRANSFERT : Dani Olmo yahaye ubutumwa bw’ihumure abafana ba Barcelona

Dani Olmo yatangaje ko atigeze ashidikanya ku bijyanye n’ejo hazaza ha muri Barcelona ko agomba kuhaguma  nubwo ibyo kumwandikisha muri La Liga bikomeje kuba agatereranzamba kubera ikibazo cy’amikoro muri ikipe y’i Katalonya . Mu ubutumwa bwuzuye amarangamutima uyu mukinnyi mpuzamahanga wo muri Espagne yashyize ahagaragara mu joro ryakeye ryo kwizihiza umwaka mushya ,Dani olomo yavuze…

Read More

Arne Slot utoza Liverpool yashimangiye ko ukwishimira igitego kwa Trent Alexander-Arnold bifite icyo bivuze ku hazaza he

Arne Slot utoza Liverpool yashimangiye ko kwishimira igitego kwa Trent Alexander-Arnold nijoro mu mukino wa Liverpool yatsinzemo West Ham ibitego 5-0 yashakaga kubwirwa abafana ibyo bakeneye kumenya byose ku bijyanye n’ejo hazaza mu gihe havugwa amakuru ko ashobora kwerekeza muri Real Madrid. Amakuru yaturukaga mu binyamakuru byandikirwa mu gihugu cya Espagne birimo Mundo Deportivo na…

Read More

Ntagihindutse ! Evan Ferguson wa Brighton agomba gusohoka muri Mutarama

 Umukinnyi ukomoka mu gihugu cya Ireland ukinira ikipe ya Brighton and Hove Albion, witwa Evan Ferguson, biravugwa ko ashobora gusohoka muri iyi kipe ikina Premier League muri iri soko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ryo muri Mutarama /2025 . Uyu musore w’imyaka 20 muri uyu mwaka w’imikino yagiye ahura n’ikibazo cyo kubura igihe gihagije cyo gukina ,kuko…

Read More

Pep Guardiola yaciye amarenga ku gihe cyo gutangaza umwanzuro ku birego 115 bya Man city

Umutoza wa Manchester city witwa Pep Guardiola yatangaje ko nta gihindutse mu ntangiriro z’ukwezi kwa kabiri mu mwaka wa 2025 ari cyo gihe cyo gutanga umwanzuro wa nyuma ku birego bigera ku 115 iyi kipe ishinjwa binafite aho bihuriye no guhonyora nkana amabwiriza ajyanye n’imikoreshereze y’imari . Ikinyamakuru Daily Mail cyandikirwa mu gihugu cy’ubwongereza cyo…

Read More

Ikipe ya Everton imaze gushyirwa mu biganza by’abaherwe bashya !

Mu kanya gashize , kompanyi y’abanyemerika yitwa Friedkin Group imaze  kugura  ikipe ya Everton, ikaba iyiguze n’umunyemari  w’umwongereza ufite ubwenegihugu bwa Irlande witwa Ardavan Farhad Moshiri wari uyifite kuva muri 2016. Bivugwa ko aya masezerano afite agaciro karenga miliyoni 400 zama pound ndetse kandi Everton ibaye ikipe ya 10 muri Premier League ifitwe n’abanyamerika . Iyi…

Read More