Gatete Jimmy

FIFA yashyizeho ibihembo bidasanzwe ku makipe azitabita igikombe cy’isi cy’ama ‘Clubs’

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi [FIFA ] ryatangaje ko ryashoye akayabo ka miliyari y’ameyero mu bihembo by’amakipe azitabira igikombe cy’isi cy’ama’clubs’ cyizitabirwa n’amakipe 32 kikabera muri leta zunze Ubumwe z’Amerika . FIFA yashimangiye  ko yageneye miliyoni 525 z’amadolari y’amanyamerika  amakipe  yose azitabira iri rushanwa riteganijwe kuba guhera ku ya 14 Kamena kugeza ku ya 13…

Read More

FERWAFA yashyize hanze ibiciro by’amatike ku mukino w’Amavubi na Lesotho

Kuri iki cyumweru tariki ya 23 Werurwe 2025, Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda [ FERWAFA ] rimaze gushyira ahagaragara ibiciro by’amatike y’umukino ugomba guhuza ikipe y’igihugu Amavubi na Lesotho ku munsi wo ku wa kabiri . Mu rwego kwitegura umukino wa gatandatu wo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi cya 2026 giteganijwe kuzabera muri…

Read More

🛑Breaking 🛑: Al Hilal Tripoli yirukanye Didier Gomez Da Rosa wigeze gutoza Rayon Sports

Mu kanya gashize ubuyobozi bw’ikipe ya AL Hilal Tripoli yo mu gihugu cya Libya bumaze gutangaza ko bwirukanye umufaransa watozaga iyi kipe witwa Didier Gomez Da Rosa bumuziza uburyo bwe bw’imikinire budashimishije. Iyi kipe ya Al Hilal Tripoli isezereye Didier Gomez wari umutoza mukuru wayo nyuma ya amezi agera kuri atanu gusa bumutangaje nk’umutoza wayo…

Read More

Uganda Cranes yahamagaye Denis Omedi na Hakim Kiwanuka ba APR FC

Kuri uyu wa mbere tariki ya 10 werurwe 2025 ,ikipe y’igihugu ya Uganda itozwa n’umubiligi Paul Put yamaze gutangaza urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi iyi kipe igomba kuzifashisha mu mikino ibiri yo gushaka itike y’igikombe cy’isi igomba kuzakinamo na Mozambique na Guinea . Ubwo yari mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa mbere i Kampala ku cyicaro…

Read More

Premier League : Liverpool yasubije neza imbere ya Wolves ikomeza kuyoboza inkoni y’icyuma [ AMAFOTO ]

Ikipe ya Liverpool imaze gusubiza neza itsinda Wolves ibitego bibiri kuri kimwe inashyiramo ikinyuranyo cy’amanota 7 hagati yayo na Arsenal iri ku mwanya wa kabiri ku rutonde rwa shampiyona . Nyuma y’iminsi ine ivanwe itsinzi mu biganza na James Tarkowski wa Everton ku munota wa 98 , Liverpool yari yakiriye ikipe ya Wolvermpton Wonderers ku…

Read More

Paper Talk [Europe] : Alexander Isak muri Liverpool – i Burayi haramutse handikwa iki ?

1. Rutahizamu w’umunya – Suwede ukinira ikipe ya Newcastle w’imyaka 25 witwa Alexander Isak biravugwa ko nawe yifuza kwerekeza mu ikipe ya Liverpool iri ku mwanya wa mbere ku rutonde rw’agateganyo rwa shampiyono y’Ubwongereza [Premier League ] . [ TEAM TALK ] 2.Itsinda ry’amakipe arimo Tottenham , Newcastle na AFC Bournemouth biravugwa ko yose ari…

Read More

Paper Talk : Arsenal ,Chelsea na Liverpool ziracungira hafi Huijsen wa Bournemouth – Haramutse handikwa iki ?

1. Amakipe arimo Arsenal , Chelsea na Liverpool biravugwa ko zifuza gusinyisha myugariro w’umunye -Espanye ukinira ikipe ya AFC Bournemouth w’imyaka 19 witwa Dean Huijsen gusa Bournemouth yo yatangaje mbere ko uwifuza kugura uyu musore agomba gutanga miliyoni 55 z’amayero . [ TBR FOOTBALL ] 2. Ikipe ya Liverpool yatangaje ko iri gushaka umusore w’umufaransa…

Read More

Paper Talk [Europe ] : Manchester united iri kwifuza rutahizamu Liam Delap – ibyasohotse mu binyamakuru

1.Ikipe ya Manchester united ishobora kujya kugura rutahizamu wa Ipswich Town witwa Liam Delap w’imyaka 21 mu gihe ibyo gusinyisha abarimo Viktor Gyokores , Victor Osimhen byaba bitayikundiye .  (GiveMeSport) . 2. Ikipe ya Real Madrid yatangaje ko byanga bikunda igomba gukora ibishoboka byose igatangira ibiganiro bigamije kongerera amasezerano rutahizamu wayo witwa Junior Vinicius w’imyaka…

Read More