Gatete Jimmy

Hansi Flick yongereye amasezerano muri FC Barcelona kugeza mu 2027

Nyuma yo kwitwara neza mu mwaka we wa mbere muri FC Barcelona, umutoza w’Umudage Hansi Flick yamaze kongererwa amasezerano kugeza mu 2027.  Iyi nkuru yemejwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe, buvuga ko bwishimiye cyane uko yitwaye kuva yagera i Catalonia asimbuye Xavi Hernandez. Flick yahesheje Barcelona ibikombe bitatu bikomeye: La Liga, Copa del Rey, na Spanish Super…

Read More

Roy Keane yikomye abakinnyi ba Liverpool  nyuma yo kwegukana igikombe

Uwahoze ari kapiteni wa Manchester United, Roy Keane, yamaganye imyitwarire ya Liverpool nyuma yo kwegukana igikombe cya Premier League ku wa 27 Mata, nyuma yaho batsindiye Tottenham ibitego 5-1.  Iyi kipe itozwa na Arne Slot ntiyatsinze imikino itatu yakurikiyeho, aho yatsinzwe na Chelsea na Brighton, ndetse inganya na Arsenal 2-2 n’ubwo yari yatsinze ibitego bibiri…

Read More

Jude Bellingham wa Real Madrid ntazakina imikino ibanza ya Shampiyona itaha

 Umukinnyi wo hagati w’ikipe ya Real Madrid n’Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza, Jude Bellingham, arateganyijwe kuzabura byibura ibyumweru bitandatu bya mbere by’umwaka utaha w’imikino bitewe n’uburyo azaba yagiye kubagwa urutugu. Uyu musore w’imyaka 21 amaze igihe ahanganye n’ikibazo cy’urutugu kuva mu 2023, aho yakomerekeye mu mukino wa La Liga ubwo Real Madrid yakinaga na Rayo Vallecano….

Read More

Abafana ba Man United na Tottenham bateje Imvururu muri Espagne mbere y’Umukino wa nyuma wa Europa League

Zirikana gusoma ibi : Mu masaha make mbere y’umukino ukomeye wa nyuma wa Europa League, abafana ba Manchester United na Tottenham bateje imvururu zikomeye mu mihanda ya San Sebastián muri Espagne.  Izi mvururu zabaye ku wa Kabiri nijoro, mbere y’uko aya makipe yo muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza ahura kuri sitade ya Athletic…

Read More

Enzo Maresca yahaye umukoro ukomeye abakinnyi bakuru ba Chelsea mbere yo guhura na Man United

Umutoza wa Chelsea, Enzo Maresca, yasabye abakinnyi be bakuru kwitanga no gufata inshingano muri iyi mikino ibiri ya nyuma ya Premier League, kugira ngo ikipe ibone itike yo gukina Champions League y’umwaka utaha wa 2025/2026. Chelsea iramutse itsinze Manchester United kuri uyu mugoroba ndetse na Nottingham Forest ku cyumweru gitaha,byayiha amahirwe yo kurangiza shampiyona mu…

Read More

Shampiyona igeze aho urusaku rutumvikana: Amasaha yahinduwe, igikombe kirasatira urutare!

“Iyo ibirenge bijya imbere y’umutwe, igihombo kiba ku mutima.” Mu gihe urugamba rwo guhatanira igikombe cya shampiyona y’u Rwanda 2024–2025 rugeze aho bita “urukiko rw’ikirenga ndetse aho urubanza rwagombye abakuru,” ibintu bikomeje guhindura isura umunsi ku wundi. Umunsi wa 28 w’iyi shampiyona uzaba ku wa Gatandatu tariki 17 Gicurasi 2025, ariko si gusa nk’uko byari…

Read More

Cole Palmer yifatiye ku guhanga abo yise injiji zo ku mbuga nkoranyambaga zivuga ibyo zitazi !

Cole Palmer ukinira Ikipe ya Chelsea yatangaje ko atajya yita ku bitekerezo by’abo yise ‘injiji ziba ku mbuga nkoranyambaga bimwandikwaho bivuga ko yaba yarazimye nyuma y’umukino wa shampiyona iyi kipe yatsinzemo Liverpool ibitego 3-1 igakomeza kongera icyizere cyo kuguma mu makipe ashobora kuzahagararira Ubwongereza muri UEFA Champions League umwaka utaha . Chelsea yicaye ku mwanya…

Read More

Iki si igihe gikwiye cyo kuganira ku hazaza hange : Xabi Alonso ku byo kwerekeza muri Real Madrid

Umutoza w’ikipe ya  Bayer Leverkusen Xabi Alonso yahakanye ibyo kwerekeza muri Real Madrid  nyuma y’amakuru menshi akomeje gucicikana yemeza ko ashobora kujya gusimbura Carlo Ancelotti wayitozaga uri mu nzira zisohoka . Bimwe mu binyamakuru birimo Madrid Xtra byemeza ko uyu wahoze ari mukinyi w’iyi kipe y’ibwami  ufite imyaka 43 ari mu bakandida  bakomeje kuza ku…

Read More

Intambara y’ubucuruzi : Ubushinwa bwazamuye imisoro ku bicuruzwa byose biva muri USA ku kigero cya 125 %

Ubushinwa bwatangaje ko bugiye kuzamura ijanisha ry’imisoro yacibwaga ibicuruzwa byose byinjira muri iki gihugu biturutse muri leta zunze ubumwe z’Amerika kugera ku kigero 125 ku ijana, ndetse ibi birushaho kuzamura ubukana bw’intambara y’ubucuruzi hagati y’ibi bihugu bibiri bifite ubukungu  bukomeye ku isi kugeza ubu . Kuri uyu wa gatanu tariki ya 11 Mata 2025 ,…

Read More