Gatete Jimmy

Kiernan Dewsbury-Hall yerekeje muri Everton nyuma y’umwaka umwe muri Chelsea

Everton yamaze kumvikana na Chelsea ku gusinyisha umukinnyi wo hagati Kiernan Dewsbury-Hall ku kayabo ka miliyoni £28.  Amasezerano agizwe n’amafaranga y’ingenzi £24m, hamwe n’andi ari hagati ya £3m na £4m azongerwaho mu bihe bizaza bitewe n’umusaruro. Dewsbury-Hall w’imyaka 26 y’amavuko, biteganijwe ko agomba kujya gusoza ibijyanye n’amasezerano ye bwite no gukora ibizamini by’ubuzima, nubwo Fulham…

Read More

EXCL : Chelsea yahaye uburenganzira Noni Madueke bwo kujya gusoza byose byo kwerekeza muri Arsenal

Mu gihe Chelsea yitegura guhatana na Paris Saint-Germain ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya Club World Cup muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umukinnyi wayo Noni Madueke yamaze guhabwa uburenganzira bwo gusubira mu Bwongereza aho agiye kurangiza igurwa rye n’ikipe ya Arsenal ku gaciro ka miliyoni £52. Madueke, w’imyaka 23, yari amaze iminsi agaragaza ibimenyetso…

Read More

Ronaldo yahisemo gukomeza gukina muri Al Nassr, ahakana ibihuha by’igenda rye

Cristiano Ronaldo yaciye amarenga ko ashobora gusiga Al Nassr ubwo yandikaga ku mbuga nkoranyambaga ko “igice cyarangiye” nyuma y’umwaka w’imikino wa 2024–25. Ibi byatumye havuka ibihuha byinshi ko ashobora kujya gukinira imwe mu makipe azitabira irushanwa rya FIFA Club World Cup ryaguwe, harimo Botafogo yo muri Brazil, River Plate yo muri Argentine na Wydad AC…

Read More

U Bwongereza bugiye kujyana mu nkiko uwahoze ari umuherwe w’ikipe ya Chelsea

Minisitiri w’Imari w’u Bwongereza Rachel Reeves hamwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga David Lammy batangaje ko bagiye kurega Roman Abramovich mu rukiko, kugira ngo babone amafaranga yavuye mu igurishwa ry’ikipe ya Chelsea, agamije gufasha abagizweho ingaruka n’intambara muri Ukraine. Uwo mugabo w’Uburusiya, wigeze gutunga Chelsea FC, yategetswe kugurisha iyi kipe mu 2022 ku giciro cya miliyari…

Read More

Manchester United yatangaje ko yatandukanye n’umutoza wayo !

Manchester United yatangaje ko yatandukanye n’uwayitozaga gutera no gutsinda imipira y’imiterekano (set pieces), witwa Andreas Georgson, nyuma y’uko iyi kipe yasoje Premier League iri ku mwanya wa 15. Georgson, w’imyaka 43, yaje muri Manchester United mu mpeshyi y’umwaka ushize avuye mu ikipe yo muri Noruveje yitwa Lillestrom. Yagiye ashyigikirwa cyane na Jason Wilcox, umuyobozi w’abatoza…

Read More

TRANSFERS : Matheus Cunha agiye kwerekeza muri Manchester United kuri miliyoni 62.5 £

Iby’ingenzi byavuzwe mu nkuru ni : 🚨🇧🇷 𝐁𝐑𝐄𝐀𝐊𝐈𝐍𝐆 | Matheus Cunha (25) to Manchester United. Here we go, reports @FabrizioRomano. ⚡️ £62.5m release claude triggered! ✅ pic.twitter.com/ChOCOfpctf — EuroFoot (@eurofootcom) May 25, 2025 Matheus Cunha, umukinnyi  ukina mu ikipe ya Wolves, ari hafi gutangira ubuzima bushya muri Manchester United nyuma y’aho biteganijwe ko agomba gushyira…

Read More

TRANSFERT :  Matheus Nunes na Gibbs-White nk’inkingi fatizo z’ubugurane hagati ya Man City na Nottingham Forest

Matheus Nunes, umukinnyi wo hagati w’Umunya-Portugal ukinira Manchester City, ashobora kwerekeza muri Nottingham Forest mu mpeshyi, mu gihe Man City ishaka kugura Morgan Gibbs-White uri kubengekwa na benshi. Nk’uko amakuru aturuka ku ikipe ya Man City abivuga, biteguye kugurisha Nunes ku mafaranga agera kuri miliyoni £35, nubwo bamuguze miliyoni £53 hadaciye n’umwaka umwe. Kurundi ruhande…

Read More

Gary Neville yaciwe kuri sitade ku mukino wa Nottingham Forest na Chelsea

Gary Neville, wahoze ari myugariro wa Manchester United n’u Bwongereza, yatangaje ko yaciwe kwinjira kuri stade ya Nottingham Forest (City Ground) ku mukino wa nyuma wa shampiyona ya Premier League bazahuriramo na Chelsea ku cyumweru. Neville, usanzwe ari umusesenguzi kuri Sky Sports, yavuze ko yabwiwe n’itangazamakuru rikorana na Sky Sports ko Forest “yamwangiye uburenganzira bwo…

Read More