Twagirumukiza Janvier

Nemanja Vidić yateye icyotezo Cristiano Ronaldo bakinanye

Umunya bigwi wa Manchester united Nemanja Vidić yavuze ko ibyo Cristiano Ronaldo byose yagezeho abikesha gukora cyane mu buzima bwe. Uyu Munya-Serbia wakiniye Manchester united kuva mu mwaka wa 2006 kugeza 2014, yabitangaje igihe yavugaga kuri uyu Munya-Portugal bakinanye muri iyi kipe igihe batozwaga na Sir Alex Ferguson. Uyu myugariro wabaye igitangaza mu ikipe ya…

Read More

Shampiyona igomba gukomeza nubwo Amavubi afite umukino

Umunsi wa karindwi w’ashampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda igomba gukomeza mu mpera ziki cyumweru nubwo ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi izaba iri mu mwitegura wa Djibouti muri CHAN. Nyuma y’ibiganiro byabayeho mu rwego rwo kureba uko shampiyona yakomeza kandi ikipe y’igihugu y’u Rwanda iri mu myiteguro yo gusha tike y’imikino y’anyuma y’igikombe cyabakinnyi bakina imbere…

Read More

Lamine Yamal yakoze ibyaherukaga gukorwa na Messi mu myaka 9

Umunya-Esipanye Lamine Yamal yatanze umupira wavuyemo igitego mu ijoro rya keye bituma yuzuza uwa gatandatu mu mikino 10 byaherukaga gukorwa na Lionnel Messi muri 2014-2015. Hari mu mukino w’umunsi wa 10 w’ashampiyona y’umupira w’amaguru muri Esipanye aho ikipe y’umutoza Hansi Flick[Barcelona] yari yakiriye ikipe ya Sevilla kuri Estadio Olimpico Lluis Companys. Ni umukino warangiye Barcelona…

Read More

BREAKING NEWS: Umurungi Sabin wa Isimbi TV yagarutse mu biganiro nyuma y’ibibazo by’uburwayi yari amaranye igihe

Umunyamakuru Umurungi Sabin warumaze iminsi atagaragara mu biganiro kubera ikibazo cy’uburwayi yamaze kugaruka mu kazi aho yashyize ikiganiro kuri sheneye ya Youtube ariyo Isimbi Tv agaragaza ko ameze neza. Mu minsi ishize nibwo Umunyamakuru uzwi cyane mu Rwanda ku rubuga rwa Youtube ndetse akaba n’umushoramari mu itangazamakuru Umurungi Sabin abicishije kumbuga ze yatangaje ko abaye…

Read More

Paper[Europe]: Cole Palmer wa Chelsea  kugaruka muri Manchester City, Newcastle United yiteguye kurekura £80m kuri Marc Guehi

Newcastle United  ntaguhagarara izongera igerageza gusinyisha   Umwongereza  wa  Crystal Palace  Marc Guehi, 24,  mu kwezi kwa mbere  kuri  £80m, uyu myugariro  uri mu bahagaze neza muri Premier League . (Teamtalk) Chelsea  ntago izemera ubusabe na bumwe kuri   Cole Palmer, 22, Umwongereza  ukina hagati mu kibuga yataka  bivugwa ko  yasubira muri  Manchester City yavuyemo kubera kubura…

Read More

Lamine Yamal izahabu idakorwaho ya Barcelona yatanzweho agera kuri  €250m

Perezida w’ikipe ya Barcelona Joan Laporta yatangaje ko Paris Saint-Germain(PSG) yabahaye agera kuri €250m kuri Lamine Yamal ariko barayanga muri iri soko ry’igura n’igurisha riheruka . Muri uyu mwaka wa 2024 nibwo ikipe ya Paris Saint-Germain y’umutoza  Luis Enrique yatandukanye  n’Umufaransa  Kylian Mbappé werekeje mu ikipe ya Real Madrid, mu igenda rye yabitangaje hakirikare ku…

Read More

Abasore b’Urwanda bimanye igihugu bakora remontada banesura ikipe y’Igihugu ya Benin

Ikipe y’igihu y’u Rwanda “Amavubi”  yatsinze ikipe y’igihugu ya Benin ibitego bibiri kuri kimwe (2-1) mu mu kino wo gushka tike y’imikino y’anyuma y’igikombe cya Africa kizabera muri Morocco 2025 , umukino wabereye muri sitade Amahoro. Wari umukino w’umunsi wa kane w’imikino yo gushaka tike y’iyi mikino yo gushaka itike y’igikombe cya Africa , aho…

Read More

Sir Alex Ferguson yubikiwe imbehe ni nkundura yo kwirukana abakozi muri United

Umunyabigwi wa Manchester united Sir Alex Ferguson yasezerewe ku mwanya wo Kuba intumwa y’iyikipe ku rwego rw’Isi(Global Ambassador) asigara ku nshingano zo Kuba munama itari iyubutegetsi bw’iyikipe. Nubwo yasezeye muri 2013 , Sir Alex Ferguson ntiyigeza ava muri Manchester united burundu Kuko yahise ahabwa inshingano zindi muri iyi kipe za. mwinjirizaga akayabo ka £2.16million ($2.82m),…

Read More

Achraf Hakimi yabonye umukunzi mushya

Umunya-Morocco Achraf Hakimi nyuma yo gutandukana n’uwari umugore we mu buryo butangaje yamaze kwishumbusha Umuhorandi. Mu mwaka wa 2023 nibwo Ashraf Hakimi yatandukanye n’Umunya-Esipanye Hiba Aboukhris Benslimane bari barasezeranye mu mwaka wa 2020 nyuma y’uko uyu mugore yamushinjaga n’ibirimo ku muhohotera. Uyu mugore uzwi cyane mu gihugu cya Esipanye mugukina amafilimi ndetse no kumurika imideli…

Read More

Nyuma ya Mars harahandi mu gihe gito hagiye kuvumburwa nka haba ubuzima nk’ubwo tubona hano ku isi

Ikigo cy’Abanyamerika gishinzwe isanzure (NASA) kuri uyu wambere wa tariki 14 Ukwakira, 2024 saa kumi n’ebyiri n’iminota itandatu I Kigali kirohereza icyogajuru rutura mu bushakashatsi ku kwezi kwitwa Europa hagamijwe gushaka ahandi hari ubuzima. Ni icyogajuru cyakozwa ndetse kinubakwa na Jet Propulsion Laboratory ya NASA iri muri leta ya California, kuri gahunda biteganyijwe ko kiza…

Read More