Twagirumukiza Janvier

Premier League: Arsenal yujuje umukino wa Kane(4)idatsinda nyuma yo kunganya na Chelsea

Ikipe ya Chelsea yanganyije n’ikipe ya Arsenal igitego kimwe kuri kimwe(1-1) mu mukino w’umunsi wa 11 w’ashampiyona y’Igihugu y’Ubwongereza wabereye Stamford Bridge. Ni umukino wabaye ikipe ya Arsenal imaze imikino itatu idatsinda muri Premier League aho yari yatakaje imbere ya A.F.C. Bournemouth ku bitego bibiri ku busa(2-0), uwo batakaje imbere ya Liverpool banganya ndetse nuwo…

Read More

Ibihe 5 by’ingenzi byaranze ubuyobozi bwa Chairman Col (Rtd) Richard Karasira

Ku wa kane tariki ya 07/ Ugushyingo 2024, nibwo hamenyekanye amakuru yuko uwari umuyobozi (Chairman) w’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu “Apr Fc” witwa Col (Rtd) Richard Karasira yamaze kuvanwa kuri izi nshingano Ni ibiki by’ingenzi byaranze iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu mu gihe cya Chairman Col (Rtd) Richard Karasira. Richard Karasira yageze mu ikipe ya APR FC Ku…

Read More

Real Madrid yavuze icyo itekereza ku musaruro mubi wa Carlo Ancelotti

Ubuyobozi bwa Real Madrid buracyafitiye ikizere umutoza Dr. Carlo Ancelotti nyuma yo kuba atari kwitwara neza. Uyu mutoza ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani w’imyaka 65 yari yaraguriwe abakinnyi bahenze kandi beza ku buryo benshi batekerezaga ko noneho umusaruro ugiye kuba mwinshi. Aba barimo Jude Bellingham wahageze muri 2023 ndetse na Kylian Mbappé wahageze muri iyi mpeshyi…

Read More

Vinicius junior ntagitwaye Ballon d’or nk’uko byari byitezwe biha amahirwe Rodri

Umunya-Brazil Vinicius junior w’imyaka  24  byavugwaga ko ariwe ugomba kwegukaga  Ballon d’or  ya  2024 , byatangajwe ko atariwe uri buyegukane, amahirwe menshi akajya kuri Rodri wa Manchester City. Vinicius Junior w’imyaka  24  yegukanye  UEFA Champions League ndetse na shampiyona y’Igihugu ya Esipanye  mu mwaka ushize w’imikino gusa ntakintu kigaragara yigeze afasha ikipe ye y’igihugu ya…

Read More

Nyuma y’amezi asaga ane yongerewe amasezerano Erik ten Hag yamaze kwirukanwa

Umuhorandi Erik ten Hag wari umaze imyaka ibiri n’igice ari umutoza wa Manchester United byatangajwe ko yamaze kwirukanwa akaba agiye kuba asimbuwe n’amwenewabo  Ruud van Nistelrooy w’imyaka 48. Uyu Muhorandi yageze mu ikipe ya Manchester United mu mwaka wa  2022 avuye mu ikipe ya AFC Ajax mu gihugu cy’Ubuhorandi nayo yaramazemo imyaka ine dore ko…

Read More

Manchester United yasabiye abakinnyi bayo rifuti mu ndege ya Manchester city ihabwa urwamenyo

Ikipe ya Manchester United yasabye Manchester City ko yaha  rifuti mu ndege abakinnyi bayo  Alejandro Garnacho ndetse na  Kobbie Mainoo  mu rugendo rwerekeza mu gihugu cy’Ubufaransa mu bihembo bya Ballon d’or biteganyijwe gutangwa kuri uyu wa mbere. Mu muvuno mushya wa Sir James Arthur Ratcliffe wo kugabanya amafaranga ikipe ya Manchester United isohora ku mwaka…

Read More

Paper[Europe]: Kevin de Bruyne amaso ayahanze Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika,Liverpool na Arsenal nizo zari zifite amahirwe yo kwegukana Lamine Yamal

Umunya-Portugal ukina hagati mu kibuga   Samu Costa, 23, ushinzwe kumushakira akaryo  yamuhaye ubusabe bwo kuba ya kwerekeza mu ikipe ya  Atletico Madrid nubwo igifite  amasezerano mu ikipe ya  Mallorca  azamugeza tariki 30 Kamena  2028. (Okdiario, via Estadio Deportivo – in Spanish) AC Milan yatangiye  kuganira n’abahagarariye inyungu  za   Tijjani Reijnders  Umuhorandi w’imyaka  26 ukina hagati mu…

Read More

Real Madrid yamaze gutegura imishahara izahemba Trent Alexander-Arnold

Real Madrid irashaka guha umushahara uri hagati ya £14-15million Umwongereza Trent Alexander-Arnold kugirango abasinyire ubwo azaba asoje amasezerano ye mu mpera z’uyumwaka w’imikino. Kugeza ubu uyu Mwongereza ukina ku ruhande rw’iburyo yugarira ntarongera amasezerano ye muri Liverpool y’umutoza Arne Slot nubwo amasezerano ye azarangirana na tariki 30 Kamena 2025 . Ndetse Liverpool yamwegereye kenshi Kugirango…

Read More

Mikel Arteta yavuze ku mvune ya Calafiori yagize akaba ashobora kudakina umukino wa Liverpool

Riccardo Calafiori yagize imvune ishobora gutuma adakina umukino wa Arsenal na Liverpool uteganyijwe kuri iki cyumweru tariki ya 27 Ukwakira 2024. Hari mu mukino ikipe y’umutoza Mikel Arteta “Arsenal” yari yakiriye mo ikipe ya FC Shakhtar Donetsk yo muri Ukraine kuri Emirates Stadium. Ukaba umukino wa gatatu wa UEFA Champions League kuri iyi kipe yo…

Read More

Mukansanga Salima yemeje ko yavuye mubyo gusifura ruhago

Umusifuzi mpuzamahaganga w’Umunyarwanda Salima Mukansanga yemeje ko yafashe umwanzuro wo gusezera mu mwuga wo gusifura. Uyu mugore uri mubari bakomeye muri uyu mwuga mu Rwanda yabitangaje nyuma yo kumara iminsi atagaragara mu bikorwa byinshi by’umwuga we hano mu Rwanda byumwihariko mu gusifura imikino y’ashampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda ndetse n’amarushanwa mpuzamahaganga. Mukansanga Salim yagize…

Read More