Twagirumukiza Janvier

Ingingo ku ngingo; ni iki gikubiye mu masezerano u Rwanda rwasinyanye na Atlético de Madrid?

Ikipe ya Atlético de Madrid yo muri Esipanye yamaze gusinyana amasezerano n’u Rwanda binyuze mu mushinga wa VISIT RWANDA mu rwego rwo kwamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda nyuma yandi makipe atatu bakorana muri ubu buryo. Nk’uko bigaragara ku mbugankoranyambaga za VISIT RWANDA bagaragaje ko bishimiye gukorana na Athletico de Madrid ndetse n’iyi kipe nayo irabigaragaza ku…

Read More

U Rwanda na Atletico Madrid basinyanye kwamamaza VISIT RWANDA

Urwego rw’igihugu rw’itembere [RDB] rwatangaje ko rwasinyanye amasezerano n’ikipe ya Atheletico Madrid yo muri Esipanye  yo kwamamaza ibirango bya Visit Rwanda agomba kuzageza ku ya 30 Kamena 2028. Kuri ubu u Rwanda ruri gufatanya n’amakipe menshi yo muri shampiyona zikomeye z’i Burayi nka Bayern Munich, Paris Saint-Germain na Arsenal mu kwamamaza Visit Rwanda.  Mu rwego…

Read More

Pakistan yahanuye drone y’Ubuhinde intambara yongera gututumba hagati y’ibihugu byombi

Amakimbirane yongeye kwaduka hagati y’igihugu cy’Ubuhinde na Pakistan nyuma yo kurasana kwabayeho hagati y’ibihugu byombi mu gace ka Kashmir gahana imbibi n’ibihugu bitatu ari byo Ubuhinde , Pakistan n’Ubushinwa gusa byose bikemeza ko aka gace ari kabo. Uku gukozanyaho kw’ibihugu byombi , kwabayeho nyuma y’uko ku itariki ya 22 Mata 2025, muri aka gace hishwe…

Read More

Umutoza wa Rutsiro FC yatangaje icyo agiye gukora nyuma yo gutsindwa na APR FC mu buryo we yavuze ko budasobanutse

Umutoza w’ikipe ya Rutsiro FC , GATERA Mousa , yatangaje ko agiye gukurikirana uburyo ikipe ye yatsinzwe ku mukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona batsinzwemo n’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu [APR FC] ibitego bitanu ku busa (5-0). Ni umukino wabereye kuri sitade Umuganda iherereye mu karere ka Rubavu,aho APR FC yasabwaga gutsinda uyu mukino kugirango ifate umwanya…

Read More

Abafana ba Arsenal batangiye gahunda yo kwamagana ‘VISIT RWANDA’

Abafana b’ikipe ya Arsenal biyita “Gunners For peace” batangije gahunda yo kwamaga amasezerano u Rwanda rufitanye n’ikipe yabo mu mushinga wa VISIT RWANDA basaba ko amasezerano yazaseswa mbera y’uko umwaka w’imikino utaha wa 2025-2026 utangira. U Rwanda rwafashe inzira yo kugira igihugu ahantu h’ubukerarugendo , bituma rushoramo akayabo mu kubaka ibikorwaremezo birimo ibibuga by’indege bigezweho,…

Read More

Pope Francis aherutse kwitaba Imana, Papa mushya azatorwa ryari?

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi akaba n’umwepisikopi wa Roma, Pope Francis, ku munsi w’ejo byemejwe ko yitabye Imana azize indwara y’umutima ndetse no guturika tw’udutsi tujyana amaraso mu bwonko ibizwi nka ‘Stroke’ , nyuma yo kumara iminsi arwaye akaza gusa nk’uworohewe. Mu gutangaza urupfu rwe Umuvugizi wa Vaican Cardinal Kevin Ferrell. Yagize Ati “Muri…

Read More

Hari abamazeho imyaka irenga 30; kubera iki abakoloni bashaka kwivugana Ibrahim Traore umaze imyaka itaruzura itatu ku butegetsi?

Captain Ibrahim Traore, akaba perezida w’igihugu cya Burkina Faso ni umwe muri baperezida bo muri Africa bari guhigwa n’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi , bashaka kumuvana ku butegetsi ari muzima cyangwa atari muzima, nyuma y’imyaka hafi itatu abaye perezida w’inzibacyuho w’igihugu cya Burkina Faso. Ibrahim Traore yagiye ku butegetsi nyuma yo guhirika Colonel Paul-Henri Sandaogo…

Read More

Perezida Kagame yashimiye Arsenal kubwo kwitwara neza

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ibyishimo yatewe n’intsinzi ya Arsenal imbere ya Real Madrid mu mukino ubanza wa UEFA champions league wabereye kuri Emirates Stadium. Wari umukino utegerejwe na benshi, Arsenal ntiyahabwaga amahirwe imbere ya Real Madrid imaze kwegukana Champions League inshuro 15 , ndetse ikaba arinayo ifite igiheruka batwaye batsinze Borussia…

Read More

Byiringiro Lague nyuma yo guterwa utwatsi na RIB yiyambaje izindi nzego arega umunyamakuru Roben Ngabo

Umukinnyi w’Ikipe y’Igipolisi cy’u Rwanda ‘Police FC’ Byiringiro Lague yatanze ikirego cye mu rwego rwigenzura rw’abanyamakuru bo mu Rwanda “Rwanda Media Commussion(RMC)”, arega umunyamakuru Roben Ngabo wa Radio/Tv10 Rwanda amushinja kumuvugaho amakuru y’ibihuha. Mu kiganiro Urukiko rw’Imikino rwa Radio/TV10, umunyamakuru Roben Ngabo yatangaje ko uyu mukinnyi afitiye amadeni abakinnyi bakinana barimo Muhadjiri Hakizimana afitiye Miliyoni…

Read More