Twagirumukiza Janvier

Juno Kizigenza yagaragaje imbamutima ze ku myaka itanu amaze mu muziki

Umuhanzi Juno Kizigenza uri mu bagezweho mu Rwanda, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yishimiye imyaka itanu amaze mu muziki w’u Rwanda, ndetse agaragaza gushima Imana ku mpano idasanzwe yamuhaye yo kuririmba. Uyu muhanzi ari mu bahagaze neza mu muziki w’u Rwanda mu myaka itanu ishize aho yamenyekanye cyane igihe yakoranaga ndetse akanafashwa n’umuhanzi Bruce Melodie…

Read More

Umukinnyi wa Rayon Sports yasabye imbabazi nyuma y’amakosa yagaragaweho

Umukinnyi ukina gati mu kibuga yataka mu ikipe ya Rayon Sports ukomoka mu gihugu cy’Uburundi , Rukundo Abdul Rahman, uzwi nka “Paplay” yasabye imbabazi abafana ba Rayon Sports nyuma y’ikarita y’umutuku yabonye ku mukino wa Police FC ukaba uw’umunsi wa 27 wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda. Uyu musore yabonye ikarita y’umutuku hakiri iminota…

Read More

Toni Kroos yagaragaje umukinnyi w’ingenzi wa Barcelona uruta Lamine Yamal

Umudage w’ibihe byose kuri Real Madrid Toni Kroos yavuze ko Pedri ari we mukinnyi w’ingenzi kuruta uwari we wese muri Barcelona haba Lamine Yamal, Raphinha ndetse na Robert Lowandowski bose bamaze gutsinda ibitego 86 muri uyu mwaka w’imikino mu marushanwa yose. Ibi Toni Kroos, yabitangaje nyuma y’umukino Barcelona yatsinzemo Real Madrid ibitego bine kuri bitatu…

Read More

Ibyemezo byafashwe ku manza za Meya wa Nyanza na Turahirwa Moses

Ubutabera bw’u Rwanda bukurikiranye/Bwari bukurikiranye bamwe mu bantu bazwi mu Rwanda, Moses Turahirwa ndetse n’uwari Meya wa karere ka Nyanza Erasme Ntazinda , umwe byemejwe ko afungwa iminsi 30 undi bitegekwa ko arekurwa. 1/2: Urubanza rwa ‘Moses Turahirwa’ Kuri uyu wa 09 Gicurasi 2025, Urukiko rw’isumbuye rwa Kicukiro mu mujyi wa Kigali rwanzuye ko uyu…

Read More

Manchester United igiye kugera kuri finali ya Europa League itavunitse

Ikipe ya Athletic Bilbao iri mu byago byogusezerwa na Manchester United mu buryo bworoshye nyuma yo kuvunikisha abakinnyi babiri b’ingenzi, Nico Williams na mukuru we Inaki Williams bari mu batanze umusaruro mu mukino ubanza batsinzwemo ibitego bitatu ku busa(3-0). Nk’uko amakuru ari kuva mu gihugu cya Esipanye abyemeza , aba basore bombi bafatiye runini cyane…

Read More

Nyuma ya Omborenga Fitina abandi bakinnyi bane ba Rayon Sports barasaba gusesa amasezerano

Nyuma ya Omborenga Fitina wandikiye ubuyobozi bwa Rayon Sports abusaba gusesa amasezerano, amakuru aremeza ko hari n’abandi bagomba kubisaba nyuma y’umukino wa Shampiyona uzayihuza na Rutsiro FC kuri uyu wa Kane wa tariki 08 Gicurasi 2025. Abo bakinnyi ni myugariro Nsabimana Aimable, mababa Hadji Iraguha, myugariro w’ibumoso Bugingo Hakim ndetse na Kapiteni Muhire Kevin bose…

Read More

Moses Turahirwa yavuze ko nta perereza ryabaye ndetse ko yatawe muri yombi kubera ibyo yanditse

Kuri uyu wa Kabiri wa tariki 06 Gicurasi 2025, umunyamideli w’ikirangirire, Moses Turahirwa yagejejwe imbere y’urukiko kugirango aburanishwe ku byaha ashinjwa bijyanye no gukoresha icyiyobyabwenge cy’urumogi, gusa yemeje ko nta perereza ryakozwe ahubwo yafashwe kubera ibintu yanditse ku mbugankoranyambaga nubwo ubushinjacyaha bwo buvuga ko mu byo aregwa ibyo bitarimo Uyu munyamideli uzwi ku birango bya…

Read More

Biramahire Abbedy yatangaje umuyobozi wo muri Rayon Sports wamwegereye ngo aze kuyikinira

Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports Biramahire Abbedy uri kubica bigacika muri Shampiyona y’u Rwanda ndetse n’igikombe cy’Amahoro yatangaje ko perezida wa Rayon Sports ari we wamwegereye aramuganiriza bituma yemera kuza muri iyi kipe. Uyu musore yasinyiye Rayon Sports avuye mu ikipe ya Clube Ferroviário de Nampula yo muri Mozambique, kubera umutekano muke wari muri iki…

Read More