Twagirumukiza Janvier

Umukinnyi uje kumvikana na Rayon Sports yamaze kugera I Kigali mu Rwanda

Myugariro ukomoka mu gihugu cy’burundi agakina ibumoso(Left-Back) , Prince Michel Musore, yamaze kugera I Kigali aho aje kurangizanya n’ikipe ya Rayon Sports kugirango azayikinire umwaka utaha w’imikino. Umwaka wa 2024-2025, wa Shampiyona wasoje bisa nk’aho Rayon Sports nta mukinnyi ukina ibumoso yugarira ifite cyane ko Bugingo Hakim wabonaga urwego rwe ruri hasi ndetse imikino myinshi…

Read More

Igihugu cy’u Rwanda cyamaganye imwe mu migirire ya AFC/M23!

Igihugu cy’u Rwanda cyiri mu bihugu 12 byamaganye gahunda y’umutwe wa M23 urwanya Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yo gushyiraho ubuyobozi mu bice wafashe bubangikanye na Leta y’iki gihugu. Ibi bikubiye mu nama ndetse n’imyanzuro y’urwego rw’ubugenzuzi bw’akarere ku mahoro, umutekano n’ubufatanye kuri DRC n’akarere. Iyi nama yabereye muri Uganda inayoborwa na Perezida…

Read More

Umunyarwanda ukinira Luton Town agiye gukinira ikipe y’igihugu ‘Amavubi’

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda izaba ifite imbaraga nshya z’umukinnyi ukinira ikipe ya Luton Town ,Claude Kayibanda, mu mukino wa gicuti uteganyijwe muri uku kwezi kwa Kamena 2025. Ni umukino uzaba ari uwo kwitegura imikino y’Amajonjora y’Imikino y’Igikombe cy’Isi cyizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika ,Canada na Mexico, uteganyijwe tariki 05 Kamena 2025. Algeria n’u Rwanda…

Read More

Urutonde ry’abakinnyi umunani Manchester United igiye kurekura!

Ikipe ya Manchester United nyuma yo gutakaza igikombe cya Europa League cya 2024-2025, nyuma yo gutsindwa na Tottenham Hotspur igitego kimwe ku busa (1-0) igiye gutandukana n’abakinnyi umanani gusa igumane n’umutoza Ruben Amorim. Ibi biri mu byemezo bivugwa ko byafashwe n’ubuyobozi bwa Manchester United, cyene ko Ruben Amorim yaje mu kwezi kwa mbere bakaba bifuza…

Read More

Hamenyekanye impamvu Muhazi United yitegura APR FC yakuwe mu kibuga igiye gukora imyitozo

Ikipe ya Muhazi United yabuze uburyo ikora imyitozo yitegura umukino w’umunsi wa 29 wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda uzayihuza n’ikipe ya APR FC. Uyu mukino uteganyijwe ku munsi wo ku wa Gatandatu wa tariki 24 Mata 2025, ukaba umukino uvuze byinshi ku gikombe cya Shampiyona. Ikipe ya Muhazi United irarwana no kutamanuka mu…

Read More

Ikipe yo ku mugabane wa Afurika igiye gusinyisha kizigenza Cristiano Ronaldo

Kizigenza Cristiano Ronaldo, aravugwa ku kwerekeza mu ikipe ya Wydad AC yo muri Morocco ku ntizanyo kugirango azayifashe mu mikino ya nyuma y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe cyizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika mu kwezi kwa Kamena. Cristiano Ronaldo , kuri ubu ari mu mpera z’amasezerano ye mu ikipe ya Al Nassar muri Shampiyona ya Saudi Arabia(Saudi-Pro…

Read More

Minisitiri wa siporo w’u Rwanda yavuze ku byabaye ku mukino wa Bugesera FC na Rayon Sports

Minisitiri wa siporo mu Rwanda, Nelly Mukazayire, yakebuye abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda nyuma y’imvururu zabereye ku mukino wa Bugesera FC na Rayon Sports wabereye kuri sitade y’Akarere ka Bugesera ukaba uw’umunsi wa 28 wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda. Ni kuri uyu wa gatandatu wa tariki 17 Gicurasi 2025, aho umukino wahagaze ku…

Read More

Abakinnyi ba Rayon Sports bazindukiye ku biro bishyuza amafaranga yabo

Abakinnyi b’ikipe ya Rayon Sports y’abagore bazindukiye ku biro by’iyi kipe biherereye mu mujyi wa Kigali mu karere ka Kicukiro , aho bari kwishyuza imishahara yabo ya mezi ane bafitiwe. Iyi kipe yamaze gusoza umwaka w’imikino, aho yatwaye igikombe cya Shampiyona y’igihigu y’u Rwanda 2024-2025, gusa bananiwe gutwara igikombe cy’Amahoro aho batsinzwe n’ikipe y’Indahangarwa ku…

Read More

Umukinnyi w’Umunyarwanda yasinyiye Juventus ; inkuru Fabrizio Romano nawe yagarutseho

Ikipe ya Juventus yo mu gihugu cy’Ubutaliyani, kuri uyu wa Gatatu wa tariki 14 Gicurasi 2025, yasinyishije Shane van Aarle myugariro ufite inkomoko mu Rwanda akaba yarakiniye abato b’Ubuholandi imukuye mu ikipe ya FC Eindhoven yo mu gihugu cy’Ubuholandi. Uyu musore afite umubyeyi w’umumama ukomoka mu karere ka Rubavu mu ntara y’Uburengerazuba bw’u Rwanda, akaba…

Read More

Mugariro mushya Real Madrid igiye kugura imukuye muri Premier league

Ikipe ya Real Madrid ifite amahirwe yo gusinyisha myugariro w’ikipe ya A.F.C. Bournemouth, Dean Huijsen, umwe mu bagize umwaka mwiza w’imikino muri Premier league mu rwego rwo gukemura ibibazo byo kwinjizwa ibitego byinshi kuri iyi kipe. Real Madrid yagize umwaka mubi w’imikino cyane ko nta gikombe na kimwe iratwara, byanatumye itandukana n’umutoza wayo Carlo Ancelotti…

Read More