Twagirumukiza Janvier

Haruna Niyonzima yagize icyo avuga ku gusezera ruhago

Umunyabigwi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru (Amavubi), Haruna Niyonzima yaciye amarenga ko acyiteguye gukomeza gukina umupira w’amaguru. Ibi bikubiye mu cyiganiro uyu mukinnyi wabaye Kapiteni w’igihe cyirekire w’Amavubi yagiranye na “Isibo Radio” kibanze ku rugendo rwe rwa ruhago n’igihe ateganya gusoza uru rugendo. Niyonzima Haruna yagize Ati, “Ngewe ntabwo mbayeho ku bwabantu nubwo dutuye…

Read More

Perezida wa La Liga yatangaje amagambo yakuye umutima abafana ba Barcelona ku ngingo ya Nico Williams

Umuyobozi wa shampiyona y’igihugu ya Esipanye, Javier Tebas yatangaje ko kuri ubu ikipe ya Barcelona nta bushobozi ifite bwo kwandikisha Nico Williams iramutse imuguze. Ibi perezida wa La Liga abitangaje mu gihe Barcelona iyoboye urugamba rwo gusinyisha uyu Munya-Esipanye ufite amamuko muri Ghana , Nico Williams ndetse bakaba biteguye kwishyura amafaranga yatuma ava mu ikipe…

Read More

Hagaragajwe amakuru mashya ku byaha Samuel Eto’o ashinjwa

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroon ‘FECAFOOT’ ryemeje ko ibyemezo bijyanye n’amafaranga ashinjwa Samuel Eto’o bitafashwe na we ku giti cye mu gihe ari gukekwaho inyereza ryayo. Mu minsi ishize ni bwo Samuel Eto’o yatangiye kuvugwa cyane ko ari gukurikiranwaho ibyaha bijyanye na ruswa ndetse n’inyereza ry’amafaranga ku buryo bishobora kumuhanisha imyaka itanu atagaruka mu mupira…

Read More

Inter Miami yavuze aho ibiganiro na Lionnel Messi bigeze ku kongera amasezerano

Ikipe ya Inter Miami ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Lata Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ko igiye kongerera amasezerano kizigenza Lionnel Messi mu gihe amasezerano ye ari kugana ku musozo. Lionnel Messi kuri ubu afite amasezerano azamugeza ku mpera za 2025, byatuma yaba afite uburenganzira bwo kuvugana n’andi makipe yamwifuza cyane ko hari amakuru…

Read More

Imyitozo ya Rayon Sports yasubitswe!

Ikipe ya Rayon Sports yagombaga gutangira imyitozo kuri uyu wa mbere wa tariki 30 Kamena 2025, ntikibaye kubera umubare w’abakinnyi benshi b’iyi kipe biganjemo abanyamahanga bataragera mu Rwanda. Ikipe ya Rayon Sports yamaze kugura abakinnyi batatu inongerera amasezerano umukinnyi umwe , Abarundi babiri Prince Michael Musore ukina ku ruhande rw’ibumoso, Tambwe Gloire, ndetse na Rushema…

Read More

Menya byinshi utari uzi kuri Ronald Ssekiganda umukinnyi mushya wa APR FC

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’u Rwanda, APR FC, yamaze gusinyisha Umugande Ronald Ssekiganda mu gihe cy’imyaka ibiri imuvanye mu ikipe ya Villa SC y’iwabo muri Uganda. Uyu musore afite imyaka 29 , yavukiye mu murwa mukuru wa Uganda, Kampala,. Akaba akina hagati mu kibuga (Central-Midfield) afite uburebure bwa metero 1,95. Uyu musore yari amaze imyaka ine…

Read More

Ikipe ya APR FC umukinnyi yifuzaga yasinyiye indi kipe

Ikipe ya APR FC nyuma yo kubura umukinnyi w’imyaka 18 yifuzaga, Jack Pantoulou Diarra yatandukanye n’abakinnyi batandatu: Taddeo Lwanga, Ismail Nshimirimana(Pitchou), Victor Mbaoma Chukwuemeka, Kwitonda Alain Bacca, Ndayishimiye Dieudonne uzwi nka ‘Nzotanga’ ndetse na Pavelh Ndzila. Iyi kipe iri muzikomeye ku mugabane wa Afurika cyane ko ifite ibikombe bine bya CAF Champions League ndetse n’ibikombe…

Read More

Brazil na Argentine zirimo, amakipe amaze kubona itike y’igikombe cy’isi cya 2026

Ikipe y’igihugu ya Brazil iherutse gutsinda iya Paraguay igitego kimwe ku busa(1-0), bituma ibona itike yo kuzakina imikino ya nyuma y’igikombe cy’isi cya 2026, cyizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, Canada na Mexico. Dore ibihugu ibihugu bimaze kubona itike yo kuzakina igikombe cy’isi cya 2026! Africa: Amakipe 53 n’iyo yitabiriye imikino yo gushaka itike y’igikombe…

Read More