AMANI Frank

3 YEARS EXPRIENCE SPORTS WRITER .

Amateka y’ubwami bw’u Rwanda

Kimwe n’ibindi bihugu u Rwanda na rwo rwahoranye ubwami bukomeye mbere y’umwaduko w’abazungu ndetse ntawatinya kuvuga ko bwari bumwe mu bwami bukomeye mu karere muri icyo gihe dore ko hari n’ibibihamya byinshi birimo no kwaguka kw’imbibi zarwo gutangaje kwabaye muri icyo gihe. Uyu munsi twaguteguriye inkuru ivuga ku bwami bw’u Rwanda cyane, cyane twifashishije ibitabo…

Read More

CAF yashyize tombola ya CHAN 2024 muri Kenya

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika ryatangaje ko tombola igena uko amakipe agomba guhura mu irushanwa rya CHAN 2024, iteganyijwe taliki ya 15, Mutarama 2025,maze ikabera mu mujyi wa Nairobi, umurwa mukuru w’igihugu cya Kenya. Mu itangazo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika, ryashyize ahagaragara ntihabonekamo isaha nyirizina igikorwa kizatangirira ho gusa bikaba bizwi ko (KICC) Kenyatta…

Read More

Florentino Perez mu nzira zo kongera kwiyayamariza kuyobora Real Madrid

Umuyobozi mukuru w’ikipe ya Real Madrid Florentino Perez aherutse gufungura ku mugaragaro igikorwa cyo kwiyamamaza mu matora y’umuyobozi w’iyi kipe mu gikorwa cyabaye ku wa Kane, ndetse yaboneyeho ahamagaramo inama nkuru y’ ubuyobozi bw’iyi kipe. Ubusanzwe amatora agena umuyobozi w’ikipe ya Real Madrid aba buri myaka 4, mu gihe Florentino Perez ataratsindirwa mu matora na…

Read More

Sérgio Conceição yagizwe umutoza wa AC Milan nyuma y’iyirukanwa rya Fonseca

Uwahoze ari umutoza w’ikipe ya FC Porto, Sérgio Conceição niwe wagizwe umutoza mukuru w’ikipe ya AC Milan nyuma y’iyirukanwa rya Paulo Fonseca. Sérgio Conceição wahoze Ari umukinnyi wo hagati mu makipe atandukanye nka Lazio, Parma ndetse na Inter de Milan yasinye amasezerano y’amezi 18 atoza ikipe ya AC Milan. Uyu mugabo w’imyaka 50 ukomoka mu…

Read More

Cristiano Ronaldo yatangaje amagambo akomeye kuri Vinicius Junior ashobora no kumuteranya na Rodri

Kizigenza Cristiano Ronaldo yavuze ko bitari bikwiye ko Rodrigo Cascante ahabwa umupira wa zahabu mu gihe yari ahanganye na Vinicius Junior wamurushaga byinshi. Rodrigo Cascante ukomoka mu gihugu cya Esipanye niwe uherutse guhabwa igihembo cy’umupira wa zahabu. Ni ibirori byasize impagarara n’urunturuntu mu mitima y’abakunzi b’umupira w’amaguru kuko abenshi bahaga amahirwe menshi Vinicius Junior usanzwe…

Read More

Urutonde rw’ibihugu bito kurusha ibindi ku isi

Ingano y’igihugu n’imwe mu ngingo nyinshi, zigena imibereho n’ubukungu bw’igihugu muri rusange, dushingiye ku bumenyi rusange rero n’iho duhera dutegura urutonde rw’ibihugu bito kurusha ibindi ku isi. Ibihugu byose bibumbiye mu migabane ishobora kuba ifite ibigera muri 324 ariko ibyemewe n’umuryango mpuzamahanga bikaba bigera kuri 197 nk’uko bigaragara ku migabane 5 ariyo: Afurika, Uburayi ,Aziya,…

Read More

Ikipe nziza y’umwaka muri Premier league 2024/2025 kugeza magingo aya

Nkuko mubizi turi mu mpera z’umwaka, shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Bwongereza cyo kimwe n’izindi nyinshi ku mugabane w’Uburayi zigeze mu gice cyiryoheye ijisho ry’umufana. Uyu munsi DailyBox yifashishije ikinyamakuru Skysports yaguteguriye inkuru ivuga ku ikipe nziza y’uyu mwaka w’imikino ugikomeza magingo aya. Mu ikipe nziza twabateguriye haribandamo abakinnyi bitwaye neza ahanini mu gice kibanza…

Read More

Umutoza Alessandro Nesta wahoze ari myugariro ukomeye yirukanywe n’ikipe ya AC Monza

Alessandro Nesta wahoze ari myugariro ukomeye w’ikipe y’igihugu y’aUbataliyani yirukanywe n’ikipe ya AC Monza nyuma yo kuyisiga ku mwanya wa nyuma ubwo yatsindwaga n’ikipe ya Juventus 2-1. Ikipe ya AC Monza imaze kubona intsinzi imwe mu mikino 17 ya shampiyona yakinnye ndetse ikaba isabwa amanota 5 ngo ive mu murongo utukura dore ko amakipe atandukanye…

Read More

Umutoza wa Liverpool Arne Slot yavuze ikipe abona izatwara Premier League uyu mwaka w’imikino

Umuhorandi utoza ikipe ya Liverpool Arne Slot yabwiye itangazamakuru ko afite ikizere cyo kubona ikipe ya Tottenham Hotspur F.C itwara igikombe uyu mwaka w’imikino n’ubwo ubu iri ku mwanya wa 10 . Ni kenshi byagiye bigibwaho impaka na benshi ndetse abandi bagahamya ko ikipe ya Tottenham yakagombye kuba ifite ibikombe byinshi ahanini ugendeye ku bakinnyi…

Read More