AMANI Frank

3 YEARS EXPRIENCE SPORTS WRITER .

DR. Congo n’u Burundi mu bihugu 10 bikennye ku isi : REPORT

Gukena si umurage kandi ntan’ubyizanira kuko birababaza, iyo bavuga ko igihugu gikennye ahanini bagendera ku ngengo y’imari gikoresha, inyungu rusange cyinjiza ku mwaka haba mu baturage na leta muri rusange, ni kenshi uzasanga igihugu gifite umutungo kamere arko kigahora mu murongo w’ubukene bukabije. Nkuko musanzwe mubimenyereye Dailybox ibategurira ikiganiro kivuga ku bumenyi bw’isi, uyu munsi…

Read More

Kunganya natwe ni nk’igikombe kuri bo : Virgil Van Dijk kuri Everton

Virgil Van Dijk, usanzwe ari kapiteni w’ikipe ya Liverpool, yikomye bikomeye cyane Umufaransa Abdoulaye Doukoure, ukinira ikipe ya Everton,amushinja gusagarira abafana b’ikipe ye, ubwo umukino wahuzaga iyi kipe na Liverpool warangiraga banganya ibitego bibiri ku bindi, ibyaje gutuma uyu Muholandi,avuga ko, ku ikipe ya Everton, biba bihagije iyo bagize Imana bakanganya n’ikipe ya Liverpool, kuko…

Read More

Icyizere cya Arsenal cyazamutse nyuma y’igaragara rya Bukayo Saka mu ruhame

Ubu magingo aya ikipe ya Arsenal, irabarizwa muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu. (UAE), aho yagiye kwimenyereza ikirere gishyushye, ndetse birashoboka cyane ko, ishobora kuzasakirana n’amakuru meza y’igaruka rya rutahizamu Bukayo Saka, ubwo izaba igarutse mu Bwongereza, mpera z’iki cyumweru. Amwe mu makuru yizewe ava mu ikipe ya Arsenal, imbere avuga ko nubwo uyu musore yagaragaye…

Read More

Pep Guardiola mu nzira zitandukana n’umufasha we

Pep Guardiola, usanzwe atoza ikipe ya Manchester city, ashobora gutandukana n’umufasha we Christina Serra Amakuru aturuka mu gihugu cya Esipanye, avuga ko Josep “Pep” Guardiola, utoza ikipe ya Manchester city, agiye gutandukana n’umufasha we Christina Serra, bari bamaranye imyaka 10. Ibinyamakuru bitandukanye by’imikino muri Esipanye, bikaba bivuga ko aba bombi bamaze hafi imyaka itanu batabana…

Read More

Dore ibyo wamenya kuri Marcelo uherutse kumanika inkweto !

Umunyabigwi Marcelo Vierira da Silva, usanzwe akina yugarira ku ruhande rw’ibumoso yemeje amakuru y’isezera rye kuri ruhago nyuma yo kugira urugendo rwiza muri uyu mukino aho yakiniye amakipe nka Real Madrid ndetse na Fluminense y’iwabo muri (Brazil) yaherukagamo. Nubwo yemeje aya makuru uyu mugabo yavuze ko agifite byinshi byo gukora mu mupira w’amaguru. Mu mashusho…

Read More

Cristiano Ronaldo yongeye kugaragaza ubwishongozi budasanzwe

Cristiano Ronaldo, yikomye abagereranya shampiyona ya Arabiya Sawudite n’iyo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika Uyu rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Poritigali yikomye bikomeye abakomeje kuvuga ko shampiyona y’ikiciro cya mbere muri Leta zunze ubumwe z’Amerika( Major League Soccer), ikomeye cyane kurusha iyo muri Arabiya Sawudite, uyu mugabo asanzwe anakinamo mu ikipe ya Al Nassr. Ibi…

Read More

Dore ibibuga by’indege 10 bya mbere ku isi mu kwakira indege n’abantu

Ni gake uzumva bavuga ikibuga cy’indege ngo ubwonko ntibuhite bwerekeza ku ngano yacyo, bitewe n’amatsiko rubanda bafite ku ngano y’ibibuga bitandukanye ku isi.Mu nkuru y’uyu munsi ivuga ku bijyanye n’ubumenyi bw’isi Dailybox yaguteguriye icyegeranyo cy’ibibuga by’indege bya mbere 8 ku isi magingo aya. Twifashishije urubuga World population review twagushakiye bimwe mu bibuga byakira abantu benshi…

Read More

Ese tombola za UEFA champions league na Europa League zasize iki ?

Iby’ingenzi ugomba kuzirikana gusoma muri iyi nkuru Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Mutarama nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru i Burayi (UEFA) ryakoze tombola y’uburyo amakipe azisobanura mu mikino yo gukuranwamo marushanwa iri shyirahamwe risanzwe ritegura. Iki gikorwa cyasize tumenye imwe mu mikino izaba ndetse harimo n’iteye amabengeza muri uku kwezi. Byari ibicika ubwo hakinwaga…

Read More

Ubusesenguzi : Imihamagarire mu bituma Amavubi y’abagore ahorana intsinzwi

Kuri uyu wa Gatatu nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize hanze urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi bazifashishwa mu mikino ibiri yo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika, Amavubi afitanye na Misiri hagati ya taliki 21 na 25. Gusa nubwo bimeze bityo hari bamwe mu bakinnyi batangajwe no kubona batahamagawe Kandi babikwiye. Ni urutonde rugaragara ho abakinnyi 28,…

Read More

Aho kumushyira mu kibuga nashyiramo umukambwe : Ruben Amorim kuri Rashford

Amagambo ya Ruben Amorim avuga kuri Marcus Rashford_ Nubwo yatsinze ikipe ya Fulham ku cyumweru, ibintu si amahoro mu ikipe ya Manchester united, hagati y’umutoza w’iyi kipe Ruben Amorim, n’umukinnyi Marcus Rashford. Amakimbirane y’aba bombi yatangiye mu byumweru bike bishize gusa ibintu byaje gufata indi ntera kuri uyu wa mbere nyuma y’amagambo y’umutoza Ruben Amorim…

Read More