AMANI Frank

3 YEARS EXPRIENCE SPORTS WRITER .

Liverpool yakuyeho agahigo kari kamaze imyaka 90 maze Salah yongera kunyeganyeza inshundura

Ikipe ya Liverpool, yakuyeho agahigo kaherukaga gucibwa mu myaka 90 ishize, ubwo yatsindaga ikipe ya Southampton 3-1, muri shampiyona,ndetse Mohamed Salah,nawe akomeza kwesa uduhigo mu gutsinda ibitego byinshi. Liverpool, yaturutse inyuma yishyura ndetse iza no kubona intsinzi, byahise bishimangira ko ishyize ikinyuranyo cy’amanota 16, hagati yayo na Arsenal ya kabiri, dore ko yo iri kwitegura…

Read More

Dore abaperezida bo muri Afurika bahoze ari abasirikare bakoze impinduka zikomeye ku buyobozi bwabo

Urutonde rwa bamwe mu baperezida bahoze ari abasirikare kandi bagakora impinduka zikomeye ku buyobozi bwabo Kwishyira ukizana muri Afurika ni kimwe mu bibazo bivugwa cyane ku bahoze ari abasirikari bakuru cyangwa abahoze bayoboye imitwe irwanya ubutegetsi bashaka kugira uruhare mu buyobozi, nyuma bakaza kubigeraho bakanayobora ari nk’abasivili kandi bagashimirwa mu mikorere yabo. Afurika ni umwe…

Read More

Uwahoze atoza Manchester United yagizwe umutoza wa Kenya

Uwahoze atoza mu ikipe ya Manchester United yo mu Bwongereza, Benni McCarthy, yagizwe umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Kenya bakunze kwita Harambe stars. Kimwe nk’ibindi bihugu bitandukanye byo muri Afurika, Kenya niyo yari itahiwe ngo itangaze umutoza w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru mu bagabo nyuma y’uko hari hashize amezi areng atatu ho gato, umunya-Turukiya Engin Firat,…

Read More

Pep Guardiola yaciye amarenga y’igihe Rodri ashobora kugarukira

Bitunguranye umutoza Pep Guardiola, yatangaje ko igaruka ry’Umunya-Esipanye Rodrigo Cascante, rishobora kuba mbere y’Irangira ry’Uyu mwaka w’imikino. Uyu mugabo uheruka guhabwa igihembo cy’umupira wa zahabu, yavunitse ubwo hari hashize ibyumweru 5, uyu mwaka w’imikino utangiye ndetse biza guhita bitangazwa ko atazongera gukina kugeza uyu mwaka w’imikino urangiye. Nubwo ibyo byavugwaga ariko ntibyabuzaga ko Rodri, we…

Read More

Bruno Fernandes yagize icyo atangaza ku bakomeje kwinubira imikinire ya Ruben Amorim

Kapiteni w’ikipe ya Manchester United, Bruno Fernandes,yavuze ko hari igihe bigorana kumva imikinire y’umutoza Ruben Amorim. Ku bitego 3-2, byatsinzwe ikipe ya Ipswich Town, ku wa Gatatu, ndetse byahise bihesha umutoza Ruben Amorim, intsinzi ya 11, kuva aje gutoza ikipe ya Manchester United. Gusa nubwo iyi ntsinzi yabonetse nta kizere gihambaye cyazamutse mu rwambariro rw’iyi…

Read More

LA LIGA : Hansi Flick wa Barcelona yageneye ubutumwa bukomeye abasifuzi

Umutoza Hansi Flick, w’ikipe ya Barcelona, yahamagariye abasifuzi gukora iyo bwabaga maze bakarinda abakinnyi bakomeye nyuma y’imvune y’ikirenge umukinnyi we Lamine Yamal, yagize ubwo bakinaga n’ikipe ya Las Palmas, mu mpera z’icyumweru gishize. Yamal, yagaragaje ifoto y’ikirenge cye cyari cyuzuye amaraso mu isogisi, maze yandika amagambo hasi agira ati,”nkiri si ikosa!” Nubwo uyu musore w’imyaka…

Read More

Mohamed Salah yaciye uduhigo dutandatu harimo n’agafitwe na Messi

Uduhigo dukomeje kwisukiranya ndetse ari nako dukomeza gukurikirana rutahizamu ukomoka mu Misiri, Mohamed Salah, nyuma y’uko yaraye yesheje dutandatu twose mu mukino ikipe ye ya Liverpool, yatsinzemo Manchester city iyisanze kunkibuga cyayo. Salah, niwe watsinze igitego gifungura umukino mu ntsinzi y’ibitego bibiri ikipe ye yabonye, ndetse aza no kugira uruhare rukomeye mu gutsindwa kw’igitego cya…

Read More

Carlo Ancelotti yakomoje ku mayeri ateganya gukoresha mu mukino bafitanye na Man City

Umutoza w’ikipe ya Real Madrid, Carlo Ancelotti, yatangaje ko umukino ikipe atoza ifitanye na Manchester City, mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu, ugomba kuzinjiranwamo ingamba zisa neza nkizo baherutse gukoresha ubwo basuraga ndetse bagatsindira iyi kipe ku kibuga cyayo Etihad. Ikipe ya Real Madrid, irajya gukina uyu mukino iri mbere n’ibitego 3-2,dore ko yabonye…

Read More

Ruben Amorim utoza Manchester United yatangaje igituma iyi kipe ikomeje kujya ahabi !

Ruben Amorim yashimangiye ko gutsindwa kw’ikipe ye kwatewe n’uburyo bwinshi bwahushijwe. Ibi yabivuze nyuma y’umukino ikipe ya Manchester United, yatsinzwemo na Tottenham igitego kimwe ku busa, intsinzwi yahise iba iya 12, kuva uyu mwaka w’imikino utangiye. Amashitani atukura yagiye gukina uyu mukino abura umubare munini w’abakinnyi dore ko abenshi bugarijwe n’ibibazo by’imvune ndetse n’uburwayi. Umukinnyi…

Read More