AMANI Frank

3 YEARS EXPRIENCE SPORTS WRITER .

Manchester city yakiriye amakuru ateye nkeke kuri rutahizamu wayo !

Nyuma yo gutsinda ikipe ya Bournemouth mu mikino ya 1/4 cya (FA cup) rutahizamu w’ikipe ya Manchester city yagaragaye agendera mu mbago nyuma yo guhura n’ikibazo cy’imvune y’akagombambari yatumye adasoza uyu mukino. Ni umukino uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Noruveje(Norway) yatsinzemo igitego cya mbere muri 2-1 batsinze iyi kipe. Nyuma yo kugongana na Lewis…

Read More

Arsenal yamaze kwemeza umusimbura wa Edu Gaspard

Arsenal yamaze kwemeza umusimbura wa Edu Gaspard mu buyobozi bw’imikino muri iyi kipe . Ikipe ya Arsenal yamaze gutangaza ishyirwaho rya Andrea Berta wagizwe umuyobozi mushya w’ibikorwa bya siporo, ni umugabo umuyobozi w’iyi kipe wungirije Josh Kroenke, yise “inararibonye idasanzwe”. Ikipe ya Arsenal iherutse gushegeshwa cyane n’igenda rya Edu wahoze ashinzwe ibikorwa bya siporo, ndetse…

Read More

Carlo Ancelotti yagize icyo avuga kubyo kwerekeza mu ikipe y’igihugu ya Brazil

Umutoza w’ikipe ya Real Madrid Carlo Ancelotti yanze ubusabe bwo kuganira n’ishyirahamwe rishinzwe umupira w’amaguru muri Brazil. Nyuma y’intsinzwi ikakaye y’ikipe y’igihugu ya Brazil, ubwo yandagazwaga n’ikipe y’igihugu ya Argentine ku bitego 4 kuri 1. Ibi byahise bitera icyikango mu bakurikiranira hafi iyi kipe, ndetse ibitangazamakuru byinshi byo mu gihugu cya Brazil, bikaba biri kuvuga…

Read More

Liverpool yinjiye mu rugamba ihanganiyemo umukinnyi na Manchester city

Mu ikipe ya Liverpool, humvikanye amakuru aganisha ku ishakisha ry’umusimbura wa Trent Alexander Arnold, biteganyijwe ko agomba gusohoka muri iyi kipe mu mpeshyi y’uyu mwaka, myugariro w’iburyo Andrea Cambiaso, ukinira ikipe ya Juventus ari mu b’imbere bahabwa amahirwe. Mu gihe kontaro ye igana ku musozo biravugwa ko umukinnyi Trent Alexander Arnold, yamaze kumvikana n’ikipe ya…

Read More

Ni muntu ki ? Dore byinshi utari uzi ku mateka y’umuhanzikazi Cecile Kayirebwa

Nkuko musanzwe mubimenyereye mu nyandiko n’ibiganiro bitandukanye by’ubumenyi bw’isi tubagezaho, uyu munsi twaguteguriye amateka y’umwe mu bikomerezwa mu bijyanye na muzika ya gakondo nyarwanda, aho tugaruka ku buzima, imibereho, urukundo rwe kuri muzika no guteza imbere igihugu bikomeje kuranga umunyabigwi Cecile Kayirebwa dore ko uyu azwi na benshi mu Rwanda. Izina Kayirebwa Cécile, ni izina…

Read More

Ese kuki Lionel Messi atari bugaragare ku mukino uhuza Argentina na Uruguay ?

Urugendo rwerekeza mu mikino yanyuma y’igikombe cy’isi giteganyijwe umwaka utaha irarimbanyije,aho amakipe atandukanye ku isi ari kwishakamo azajya guhagararira abandi muri iyi mikino biteganyijwe ko izabera mu bihugu bya Leta zunze ubumwe z’Amerika, Mexico na Canada. Nko kuyindi migabane yose rero niko no muri Amerika y’Amajyepfo, ibirori bikomeje gufuha aho igihugu cy’Arijantine aricyo kiyoboye itsinda…

Read More

Dore ibihugu bimaze kwegukana igikombe cy’isi inshuro nyishi kurusha ibindi

Igikombe cy’isi ni irushanwa rifatwa nk’irya mbere mu marushanwa yose ya ruhago yitabirwa ku isi ndetse rikaba rinahagararirwa n’ibihugu bitandukanye kuri buri mugabane impamvu iri mu zituma riza ku gasongero mu marushanwa yisangwamo na benshi. Iri ni irushanwa rimaze gukinwa inshuro 22, aho iriheruka ryo muri 2022, ryabereye mu gihugu cya Qatar. Kuva ritangiwe gukinwa…

Read More

Kylian Mbappe wa Real Madrid yakuyeho agahigo ka Ronaldo “Gifaru”

Kylian Mbappe yakuyeho agahigo ka Ronaldo “Gifaru” ubwo yatsindiraga Real Madrid ibitego bibiri Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cy’Ubufaransa yujujue ibitego 31, amaze gutsindira ikipe ya Real Madrid, mu marushanwa yose ubwo yatsindaga ibitego 2 bakina na Villarreal, kuri uyu wa Gatandatu, ndetse birashoboka cyane ko kumuhagarika bizagorana cyane. Ibi bitego bibiri bya Mbappe, byahise…

Read More

Ese Luis Campos ufatwa nk’ umucurabwenge w’imishinga mishya muri PSG yabigenje ate ?

Ikipe ya Paris Saint Germain, ni imwe mu makipe afite izina rivugwa cyane ku mugabane w’Uburayi dore ko initirirwa izina ry’umwe mu mijyi ikomeye kuri uyu mugabane. Nikenshi abakunzi ba ruhago bibaza impamvu nyirizina ihora itera intsinzwi ziteza ishavu mu bafana b’iyi kipe yo mu gihugu cy’ubufaransa. Hari benshi mu basesenguzi b’umupira w’amaguru uzumva bakubwira…

Read More