Rutahizamu Mohamed Salah yavuze icyahindutse ku mikinire ye muri uyu mwaka w’imikino
Nyuma yo guhesha ikipe ya Liverpool igikombe cya shampiyona rutahizamu Mohamed Salah yavuze ko guhabwa rugari mu busatirizi n’umutoza Arne Slot, biri mu byatumye yitwara neza cyane muri uyu mwaka w’imikino. Uyu mugabo usanzwe akomoka mu gihugu cya Misiri afatwa nka moteri y’ingufu nyinshi yafashije ikipe ya Liverpool mu kwegukana igikombe cya shampiyona dore ko…