AMANI Frank

3 YEARS EXPRIENCE SPORTS WRITER .

Rutahizamu Mohamed Salah yavuze icyahindutse ku mikinire ye muri uyu mwaka w’imikino

Nyuma yo guhesha ikipe ya Liverpool igikombe cya shampiyona rutahizamu Mohamed Salah yavuze ko guhabwa rugari mu busatirizi n’umutoza Arne Slot, biri mu byatumye yitwara neza cyane muri uyu mwaka w’imikino. Uyu mugabo usanzwe akomoka mu gihugu cya Misiri afatwa nka moteri y’ingufu nyinshi yafashije ikipe ya Liverpool mu kwegukana igikombe cya shampiyona dore ko…

Read More

Manchester city ikomeje gutera akajisho ku mukinnyi wifuzwa n’amashitani atukura

Ikipe ya Manchester city yatangaje ko muri iyi mpeshyi itazakomezanya n’umunyezamu wayo Ederson Moraes, aho bivugwa ko Diego Costa ufatira Porto ari mu basimbura bari gutekerezwaho cyane. Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Poritigali yerekanye ubushongore n’ubukaka bwe dore ko amaze imyaka irenga ine ari we ufatwa nka nimero ya mbere mu izamu ry’ikipe ya…

Read More

Nyuma y’imyaka ibiri, ikipe ya Leeds united yagarutse mu kiciro cya mbere

Ikipe ya Leeds united yagarutse mu kiciro cya mbere cya shampiyona y’umupira w’amaguru mu Bwongereza, nyuma y’imyaka ibiri yari ishize imanutse mu kiciro cya kabiri. Nyuma yo gutsindwa ku ikipe ya Sheffield united na Burnley ibitego 2 ku busa, byaje bisanga intsinzi y’ibitego 6-0 ikipe ya Leeds united yakoreye kuri Stoke city, byahise bishimangira ko…

Read More

Mbonye amahirwe yo gukina umukino wa nyuma nahitamo gukina na Uruguay : Asamoah Gyan

Uwahoze ari kapiteni w’inyenyeri zirabura za Ghana, Asamoah Gyan yongeye kwerura avuga ku bihe bikomeye yanyuzemo ubwo yahushaga penaliti maze ikipe y’igihugu cye igasezererwa na Uruguay ya Luis Suarez mu mikino ya 1/4 y’igikombe cy’isi muri 2010. Mu guhangana n’ingaruka z’ibibazo uyu mukino wateje kuri uyu mugabo, uyu yasobanuye ko kugeza nanubu inzozi mbi zo…

Read More

Igisa nk’ikinamico mu mikino ya UEFA Europa league ya kimwe cya Kane

Imikino ya 1/2 cya UEFA Europa league yaraye imenyekanye nyuma y’irangira ry’imikino ya 1/4 ahanini yaranzwe no gutungurana harimo n’umukino w’amateka ikipe ya Manchester United yatsinzemo iya Olympic Lyonnais ibitego 5 kuri 4. Hafi y’amakipe yose uko ari 8 yakinaga imikino ya 1/4 muri UEFA Europa league yari azi abo bagomba guhura mu gihe yakomeje,…

Read More

Hatangajwe ibihano bigiye guhabwa kylian Mbappe mbere yo kwesurana na Arsenal

Ku cyumweru gishize ikipe ya Real Madrid iherutse gusoza umukino wayo na Alaves nabi nyuma y’itangwa ry’ikarita itukura kuri rutahizamu wayo Kylian Mbappe mu gice cya mbere. Ni igice cya mbere cy’umukino cyari kibereye ijisho, ni nyuma kandi y’igitego cya myugariro Raul Ascensio, cyanzwe ndetse kikaza gukurikirwa n’icya Eduardo Camavinga, we waherukaga igitego muri shampiyona…

Read More

Manchester united iracyatera ijisho ku igaruka ry’uwahoze ari umukinnyi wayo

Mu ikipe ya Manchester United haravugwamo inkuru y’igaruka ry’uwahoze ari umunyezamu wayo David De Gea, biteganywa ko yagarurwa ku kibuga Old Trafford mu mpeshyi y’uyu mwaka Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Esipanye yabashije gukina imyaka 12, mu ikipe ya Manchester United mbere yuko arekurwa mu mpeshyi ya 2023, ubwo amasezerano ye y’akazi yarageze ku…

Read More

APR FC y’abato yahize abandi mu irushanwa ry’Urubuto Community Youth Cup

Amakipe y’abato ya APR FC yegukanye ibikombe bitatu muri bine byahatanirwaga mu irushanwa Urubuto Community Youth Cup. Ni irushanwa ryari rimaze amezi atanu rikinirwa mu Mujyi wa Kigali, rikaba ryarahuje amarerero 18 yigisha abana gukina umupira w’amaguru, rikaba ryarakinwe mu byiciro bya U-10, U-13, U-16 ndetse n’abakobwa ba U-16. APR FTC yageze ku mikino ya…

Read More

FIFA yatangaje igihugu cyizakira igikombe cy’isi cyo muri 2035

Ubwami bw’Abongereza bwemerewe n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) guhatana bwonyine mu kuzakira igikombe cy’isi cy’abagore giteganyijwe muri 2035, ndetse hakaba hahise hemezwa ko ibihugu bya Leta zunze ubumwe z’Amerika na Mexique nabyo bishobora kwihuza mu guhatanira kwakira irushanwa nkiryo muri 2031. Ubwo habaga inama ya 49, y’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’uburayi (UEFA), perezida…

Read More

Nanjye nta mwanya uhagije nzabona wo gutegura Manchester united : Ruben Amorim

Ruben Amorim usanzwe Ari umutoza w’ikipe ya Manchester United yavuze ko nawe ubwe adahamya ko azabona umwanya uhagije wo gutegura iyi kipe, mu gihe akomeje kumva abinubira ko ikipe atoza idakunze gutanga umwanya uhagije wo kwigaragaza ku bakinnyi Nyuma yo kwitwara neza batsinda imikino ibiri ya shampiyona mbere yo kujya mu kiruko mpuzamahanga. Ibyishimo by’ikipe…

Read More