AMANI Frank

3 YEARS EXPRIENCE SPORTS WRITER .

Ubusesenguzi : Uguhangana gutatu gushobora kuzagena utwara UEFA Champions League hagati ya Inter na PSG

Umukino wa nyuma wa UEFA champions league 2025, ni umwe mu mikino tugomba kwitegamo byinshi birenze ibyo twaba twarigeze kubona mu yindi mikino yabanje. Amakipe ya Paris Saint Germain, na Inter de Milan, ni amakipe afite ubushobozi buhambaye bwo kuba yatwara iki gikombe gifatwa nk’icya mbere gikomeye ku rwego rw’amakipe mato. Mu mukino uteganyijwe mu…

Read More

Ese koko Manchester United yahemukiwe na Amorim ?

Nyuma yo gutungurirwa n’ikipe ya Tottenham Hotspur, ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya UEFA Europa league, abafana benshi batandukanye b’ikipe ya Manchester United bumvikanye bitotombera bikomeye imikinire n’ imitoreze ikipe yabo yagaragaje mu mukino yatsindiwemo igitego kimwe na Tottenham Hotspurs. Umunyamakuru akaba n’umusesenguzi w’imikino kuri Radiyo BBC, Joe McGrath, yagize icyo avuga ku buryo yabonaga…

Read More

Arsenal yashyize hanze umwambaro izakinisha mu mwaka w’imikino utaha

Ikipe y’umupira w’amaguru ya Arsenal ibarizwa mu gihugu cy’Ubwongereza, yamaze kugaragaza umwambaro izakinisha mu mwaka utaha w’imikino aho ivuga ko intego yayo ari ukugaragariza abafana urukundo rw’ikipe bafana aho rwaturutse. Nkuko byagaragaye mu mashusho yashyizwe hanze n’imbuga z’iyi kipe, hagarutswe ku rukundo rwimbitse abakunzi b’iyi kipe badasiba kuyigaragariza, umwambaro mushya washyizwe hanze wiganjemo amabara atukura…

Read More

Manchester united ntiteganya gukora ibirori mu buryo budasanzwe igihe yatwara UEFA Europa league

Ikipe ya Manchester United yatangaje ko nta bidasanzwe izagaragaza yishima mu gihe igihe izaba imaze gutsinda ikipe ya Tottenham Hotspur ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya UEFA Europa league uteganyijwe mu cyumweru gitaha. Ibi bitangajwe nyuma yo kugira umwaka mubi w’imikino aho bishoboka cyane ko umwanya wa hafi iyi kipe iteganya gusorezaho ari uwa 13,…

Read More

Lamine Yamal yishongoye kuri Jude Bellingham ubwo yishimiraga intsinzi ya FC Barcelona

Nubwo rutahizamu Kylian Mbappe, yakoze amateka atsinda ibitego bitatu mu mukino, ikipe ya FC Barcelona yagaragaje ingufu nyinshi yishyura ibitego byose yari yatsinzwe. Lamine Yamal niwe wafashije ikipe ye kubona igitego cya Kabiri ndetse bihita biyifasha gukomeza kuyobora urutonde rwa shampiyona aho barusha uwa kabiri amanota 7, mu gihe habura imikino itatu ngo shampiyona isozwe….

Read More

UCL ANALYSIS : Ni PSG cyangwa ni Arsenal ,Ni nde uri busange Inter Milan kuri Final

“Mediterranean Derby” Ihangana ry’abakeba ridasanzwe muri ruhago First leg: Dembélé guides in Kvaratskhelia cross ⚽️#UCL pic.twitter.com/PzdSSvqmMf — UEFA Champions League (@ChampionsLeague) May 7, 2025 Imikino ya kimwe cya kabiri mu irushanwa rya UEFA champions league irarimbanyije aho nyuma yo gutsindwa kw’ikipe ya FC Barcelona, Inter de Milan itegereje uza kuva hagati ya Paris Saint Germain…

Read More

Ninde uzaba Papa mushya wa Kiliziya gatolika ?

Nta gihe kinini gishize i Vatikani, mu murwa mukuru w’ubutegetsi bwa kiliziya Gatolika hamenyekanye inkuru yemeza urupfu rwa Papa Francis, witabye Imana azize uburwayi. Mu nkuru Daily-box yaguteguriye uyu munsi tugiye kukugezaho bamwe mu bakaridinal bahabwa amahirwe yo kuba basimbura Papa Francis ku mwanya wo kuyobora kiliziya Gatolika. Amateka n’ubuzima bwabo Ubusanzwe uyu mugabo yitwa…

Read More

Ruben Amorim yagaragaje ko yishimiye imikinire ya Rasmus Hojlund imbere ya Athletic Bilbao

Umutoza w’ikipe ya Manchester United, Ruben Amorim yatangaje ko intsinzi ikipe ye yakuye mu mujyi wa Bilbao, ari wo mukino wa mbere rutahizamu Rasmus Hojlund yiyerekanyemo mu buryo budasanzwe. Ikipe ya Manchester United yaraye igaragaje imyitwarire myiza mu kibuga mu mukino yakinaga n’ikipe ya Athletic club mu irushanwa rya (UEFA Europa league). Igice cya mbere…

Read More

Inzira igana i Bilbao: imikino ibiri igena abazakina finali ya Europa league iteganyijwe uyu munsi

Urugamba rwo kwishakamo babiri berekeza i Bilbao ku mukino wa nyuma mu irushanwa rya Europa league rurashyushye aho twiteze imikino ibiri igomba kudusigira ishusho y’ibizava mu mikino yo kwishyura iteganyijwe mu cyumweru gitaha. Ikipe yo mu mujyi wa London, ari yo Tottenham Hotspur iraza kuba icakirana na Bodø/Glimt yo mu gihugu cya Noruveje, mu gihe…

Read More

Dore urutonde rw’imijyi 10 ifite ubuzima buhenze ku isi

Buri mwaka imbuga zitandukanye zikora ibijyanye n’ibarura ndetse n’igenamigambi, ntizisiba kugereranya imwe mu mijyi yihagazeho mu bijyanye n’ubutumbagire bw’ibiciro ku bihagurishirizwa. Nubwo ibi biri tukwereka, byatangajwe n’ubushakashatsi bwo mu myaka 2 ishize, imibare iracyari hejuru cyane ugereranije na kera ubwo ibi bitabashaga kuba byakwerekanwa. Umujyi wa Singapore muri Aziya n’uwa Zurich wo mu Busuwisi, niyo…

Read More