AMANI Frank

3 YEARS EXPRIENCE SPORTS WRITER .

EXPLAINER : Dore inzara zikomeye zabayeho mu mateka y’isi

Rimwe na rimwe biba byiza iyo usubiye inyuma ukamenya amateka meza ndetse ntiwibagirwe n’ashaririye y’igihugu cyawe. Akenshi kandi biba byiza iyo amwe muri ayo mateka asigasiwe cyangwa akabungwabungwa mu buryo bwiza dore ko bifasha benshi kumenya imizi y’ibyo babona uyu munsi bityo bakitanga ndetse bakanirinda ko bimwe mu bibi byakongera kubagwirira. Mu kiganiro ubumenyi bw’isi,…

Read More

Alejandro Garnacho yatunguranye agaragara mu myenda y’ikipe ya Aston Villa

Rutahizamu Alejandro Garnacho wa, yenyegeje umuriro umaze iminsi waka ubwo yiyerekanaga mu myambaro y’ikipe ya Aston Villa, ibyahise bituma benshi bakomeza kwibaza ku hazaza he mu ikipe ya Manchester United. Biravugwa ko uyu musore ukomoka mu gihugu cya Arijantina, yaba yaramaze kubwirwa ko yemerewe kuba yakwigendera muri iyi mpeshyi, ahanini bitewe n’umwaka ugoye w’imikino kuva…

Read More

Ikipe yo mu Butaliyani irasaba ko yasubikirwa umukino nyuma yuko abakinnyi n’abatoza bayo bose barwariye icyarimwe

Nyuma yo kuva gukina umukino ubanza batsinzwemo n’ikipe ya Sampdoria, ibitego bibiri ku busa ubuyobozi bw’ikipe ya Salernitana, bwasabye ishyirahamwe rirebera inyungu za ruhago mu Butaliyani ko umukino wo kwishyura wasubikwa ahanini bitewe n’icyo bise amarozi cyatumye abakinnyi n’abakozi b’ikipe barwara bikomeye. Amahirwe yo kuba ikipe ya Salernitana, yaguma mu cyiciro cya kabiri(serie B) yakomwe…

Read More

Ni muntu ki ? (Anderson Oliveira)

Ni umwe mu bakinnyi 11 bakomoka mu gihugu cya Brazil babashije gukina ndetse bakanigaragaza cyane mu ikipe ya Manchester United. Kuva avukiye i Porto Alegre muri Brazil, n’uburyo yazamukiye mu ikipe ya Grêmio, kugeza asezeye kuri ruhago muri 2020, byose biraba bikubiye muri iyi nkuru. Uyu munsi ikinyamakuru Dailybox, cyaguteguriye inkuru ivuga kuri bimwe mu…

Read More

Didier Deschamps na Luis de La Fuente ntibumvikana ku ugomba gutwara Ball d’or mbere y’umukino ukomeye uri bubahuze

Ousmane Dembele aherutse gufasha bikomeye ikipe ya Paris Saint Germain, ubwo yatwaraga igikombe cya UEFA champions league inyagiye Inter de Milan ibitego bitanu ku busa. Kubera ibyo, umutoza w’Ubufaransa Didier Deschamps yumvikanye ahamya ko rutahizamu Ousmane Dembele, ari we ukwiriye umupira wa zahabu. Ibi yabivuze ubwo biteguraga umukino ikipe y’Ubufaransa iza guhuriramo na Esipanye muri…

Read More

Ese intsinzi ikomeye ya Paris Saint Germain iza ku mwanya wa kangahe mu ntsinzi ziremereye zaranze finale ya UCL ?

Ikipe ya Paris Saint Germain, iherutse gukora ibitangaza ubwo yihereranaga Internazionale de Milano maze ikayinyagira ibitego 5, ku busa ibyahise biyifasha gutwara igikombe cya mbere cya UEFA champions league. Gusa ubu ikiri kwibazwa ni aho iyi ntsinzwi igomba kuza gushyirwa ku urutonde rw’intsinzi ziremereye zabayeho mu mateka y’imikino ya nyuma mu bikombe by’i Burayi. Twifashishije…

Read More

N’imyaka 40 nzayigeza nkiwukina – Mohammed Salah

Mohamed Salah ukinira ikipe ya Liverpool yo mu kiciro cya mbere mu Bwongereza yatangaje ko yiyumvamo gukina akageza ku myaka 40, ndetse yongera no gushimangira ko hari amakipe atandukanye ari kumwifuza mu gihugu cya Arabiya Sawudite. Uyu munya-Misiri w’imyaka 32, yagize umwaka mwiza w’imikino dore ko yabashije gutsinda ibitego 29, ndetse agatanga imipira 18, yavuyemo…

Read More

Imibare y’abakomerekeye mu karasisi k’intsinzi ya Liverpool ikomeje kwiyongera

Byibuze abantu 47 bahise batangazwa ko bakomeretse ubwo umugabo yashoraga imodoka mu kivunge cy’abishimiraga intsinzi y’igikombe cya shampiyona y’Ubwongereza. Nyuma y’aho bivuzwe ko imodoka yishoye mu gikundi cy’abanyamaguru bishimiraga intsinzi, polisi yo mu mujyi wa Liverpool, uherereye mu Burengerazuba bw’amajyaruguru y’Ubwongereza yahise ihamagarwa ndetse inahagerera ku gihe. Biravugwa ko umugabo w’imyaka 53, Ari we watawe…

Read More