Ibihe 7 bidasanzwe byaranze umukino uhuza Liverpool na Chelsea guhera muri 2005
Kuri iki cyumweru, ikipe ya Liverpool iyoboye urutonde rwa shampiyona izaba isurwa n’ikipe ya Chelsea ya Kane kuri urwo rutonde. Abanyamateka b’ubu ntibajya kure y’uwatekereza ko, uyu mukino ari uw’ishiraniro Koko, ibyo ukaba wabihera ku bigwi aya makipe yombi yagiye ageraho mu binyacumi bibiri by’imyaka biheruka. Biragoye kwiyumvisha uburyo ubunyabubiri bw’aya makipe bwagiye bubyara imikino…