AMANI Frank

3 YEARS EXPRIENCE SPORTS WRITER .

Ibihe 7 bidasanzwe byaranze umukino uhuza Liverpool na Chelsea guhera muri 2005

Kuri iki cyumweru, ikipe ya Liverpool iyoboye urutonde rwa shampiyona izaba isurwa n’ikipe ya Chelsea ya Kane kuri urwo rutonde. Abanyamateka b’ubu ntibajya kure y’uwatekereza ko, uyu mukino ari uw’ishiraniro Koko, ibyo ukaba wabihera ku bigwi aya makipe yombi yagiye ageraho mu binyacumi bibiri by’imyaka biheruka. Biragoye kwiyumvisha uburyo ubunyabubiri bw’aya makipe bwagiye bubyara imikino…

Read More

Amakipe amwe n’amwe yamaze gukatisha itike yerekeza muri AFCON Morocco 2025

Ibihugu bya Senegal na Burkina Faso biri mu byakatishije itike hakiri kare. Urugendo rwerekeza mu gikombe cy’Afurika giteganyijwe mu mwaka utaha rugeze ahakomeye aho amakipe atandukanye yamaze gukatisha itike ayemerera gukina iri rushanwa ry’abagabo rizakinwa umwaka utaha. Imikino ya majonjora nayo irakomeje aho hakinwaga umunsi wa 3 ndetse n’uwa 4, mu matsinda 12 amakipe akomeje…

Read More

Tuchel yemeye Kuba umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza

Uwahoze atoza ikipe ya Chelsea niwe ugiye gutoza ikipe y’ igihugu y’Ubwongereza. Mu nkuru dukesha ikinyamakuru BBC kiremeza ko gifite amakuru yizewe agaragaza ko umudage Tuchel ari we ugiye gutoza ikipe y’ igihugu y’Ubwongereza akaba agiye kuba umutoza wa gatatu udakomoka mu bwami bw’abongereza ugiye kubikora nyuma y’umutaliyani Fabio Capello ndetse n’umunyasuwede Sven Goran Erickson…

Read More