AMANI Frank

3 YEARS EXPRIENCE SPORTS WRITER .

Abungiriza ba Ruben Amorim bamenyekanye

Ikipe ya Manchester United yamaze gutangaza ko abatoza batanu bazakorana na Ruben Amorim bamaze kuhagera. Uyu mugabo wahoze mu ikipe ya Sporting CP yahamagaje benshi mu bamufashije gutwara Primeira Liga ebyiri mu gihe cya Portugal mu mwaka wa 2020-2021 ndetse na 2023-2024. Mu itangazo iyi kipe yashyize ku mbuga nkoranyambaga zayo yemeje ko Carlos Fernandes…

Read More

Full Report: Uko imikino yo gushaka tike ya AFCON 2025 ihagaze abafite amahirwe n’ababonye amatike

Nyuma yo gutsindira ikipe y’igihugu ya Uganda i Kampala ibitego bibiri ku busa, Ikipe y’igihugu ya Afurika y’Epfo yahise iyobora itsinda D by’agateganyo. Nubwo amakipe yombi yagiye kwinjira mu mukino yaramaze kwizera itike iyajyana mu mikino y’igikombe cy’Afurika 2025 kizabera muri Morocco, urugamba rwo guhatanira uyobora itsinda rwo, rwari rukomeje. Ubwo igihugu cya Congo Brazzaville…

Read More

Amavubi yatakaje umukino w’ingenzi mu rugendo rwerekeza muri AFCON Morocco 2025

Kuri uyu wa Kane Ikipe y’igihugu Amavubi yatsindiwe n’ikipe y’igihugu ya Libya igitego kimwe kubusa maze ikizere cyo kwerekeza mu gikombe cya Afurika karayoyoka Mbere y’itangira ry’umukino, ikipe y’igihugu y’u Rwanda yari ku mwanya wa gatatu ku rutonde rw’agateganyo mu gihe igihugu cya Libya cyo, cyari ku mwanya wa nyuma mu itsinda D riyobowe na…

Read More

‘Politiki si akazi kacu’ Kapiteni w’Ubudage Joshua Kimmich

Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’Ubudage Joshua Kimmich yatangaje ko, we na bagenzi be batakabaye barakoze “imyiyerekano ya politiki” mu gikombe cy’isi giheruka kubera mu gihugu cya Qatar. Abakapiteni batandukanye b’ibihugu bigera kuri birindwi, bari bateguye kwambara ibitambaro bya (one love), bishatse gusobanura, ubwihanganirane n’ubwisanzure dore ko , kubana kw’abahuje ibitsina ari ibintu bitemewe n’amategeko mu gihugu…

Read More

Umusifuzi w’umwongereza David Coote yahagaritswe kubera imyitwarire mibi

Umusifuzi wo mu kiciro cya mbere mu gihugu cy’Ubwongereza David Coote, yahagaritswe by’agateganyo nyuma yo, kugaragara mu mashusho agaruka ku ikipe ya Liverpool na Jurgen Klopp wayitozaga. Ishyirahamwe ry’abasifuzi b’umwuga mu gihugu cy’Ubwongereza ryemeje ko, David Coote, yahagaritswe by’agateganyo kubera imyitwarire imuvugwaho, ndetse iri shyirahamwe ryatangaje ko, rikiri gukora iperereza kuri uyu mugabo . Mu…

Read More

CAF yatanze amabwiriza mashya agenga amarushanwa yayo amakipe agomba kubahiriza

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, (CAF), yongeye kwibutsa amakipe (club), amwe mu mabwiriza agenga amarushanwa yayo aho,yashyizeho n’ibihano biteganyijwe ku bazayarengaho Mbere yuko imikino y’amatsinda ya (CAF confederations cup) ndetse na (CAF champions league) itangira, CAF yabanje kwibutsa amabwiriza agenga amarushanwa yateguye aho, yagaragaje ibihano bijyana na buri kosa. Bimwe mu bihano CAF yashyizeho kuri…

Read More

Imyaka 20 irashize ikipe y’igihugu Amavubi itajya mu gikombe cy’Afurika, ese bipfira he?

Harabura iminsi mike maze hagakinwa imikino ibiri y’anyuma y’amatsinda mu majonjora yo kujya mu gikombe cy’Afurika kizabera muri Morocco umwaka utaha. Ikipe y’igihugu Amavubi nayo, nimwe muri nyinshi zinyotewe no kongera kwisanga mu gikombe cy’Afurika dore ko hashize igihe kinini kubona itike kwayo byaragoranye. Mu nkuru daily box yabateguriye uyu munsi iragaruka ku rugendo rw’ikipe…

Read More