AMANI Frank

3 YEARS EXPRIENCE SPORTS WRITER .

Chelsea izayobora umupira w’Abongereza mu myaka izaza : Enzo Maresca

Umutoza w’ikipe Chelsea, Enzo Maresca, yatangaje ko ikipe atoza ifite ubushobozi bwo kuyobora ruhago y’ Abongereza hagati y’imyaka itanu n’icumi iri mbere. Uyu Mutaliyani w’imyaka 44 ntahwema kuvuga ko ikipe ye itari mu zigomba guhatanira igikombe n’ubwo magingo aya afite amahirwe menshi dore ko ikipe ye ari iya gatatu ku rutonde aho anganya ibintu byose…

Read More

Muri Guinea abantu benshi bapfiriye mu mubyigano watejwe n’umukino w’umupira w’amaguru

Guverinoma ya Guinea, iratangaza ko byibuze abantu 56, ari bo bamaze kubarurwa ko bitabye Imana bitewe n’umubyigano waturutse ku burakari bw’abafana bwatewe n’ibyemezo by’umusifuzi mu mukino waberaga mu mujyi wa Nzérékoré. Nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru BBC, biravugwa ko izi mvururu zaturutse ku cyemezo umusifuzi wo hagati yafashe ubwo yahanishaga amakarita atukura abakinnyi babiri b’ikipe ya Labé,…

Read More

Uko Abanyarwanda bakina igota masimbi bitwaye mu mpera z’icyumweru gishize

Ni ku munsi wa mbere w’icyumweru aho abenshi mu bakinnyi bakina hanze y’u Rwanda, baba basoje imikino y’amakipe yabo mu mpera z’icyumweru, bityo rero niyo mpamvu twageregeje gushaka amakuru y’uko amakipe bakinira yitwaye. Ku ikubitiro reka duhere mu majyaruguru y’Afurika mu gihugu cya Tunisia, ahaberaga umukino w’ishiraniro wahuzaga Stade Tunisien n’ikipe ya Club Africain ni…

Read More

Impamvu eshanu zigomba gutuma ureba ‘Premier League’ y’Abongereza muri iyi week-end

Shampiyona y’Abongereza ifatwa nk’iza mu myanya ya mbere mu zikunzwe cyane i Burayi, dore ko usanga imikino yayo igaragaramo ihangana rikomeye cyane, ibintu abenshi bahuza n’uko yisanisha n’umuco wabo. Uyu munsi Daily–Box yaguteguriye impamvu eshanu zigomba kuza gusembura abakunzi ba ruhago maze bagatera agatebe berekeje amaso kuri iyo mikino. 1. Abakeba bo hambere baraba bongera…

Read More

Manchester United yahishuye akayabo k’amafaranga yatakaje ubwo yirukanaga umutoza Erick Ten Hag

Mu minsi ishize nibwo Ikipe ya Manchester United yafashe icyemezo cyo gutandukana n’uwari umutoza wayo Erick Ten Hag gusa nubwo yafashe icyo cyemezo ntibyayibujije gutakaza akayabo k’amafaranga, dore ko iyi kipe byayisabye miliyoni 21 z’amayero, akabakaba miliyari 30 mu mafaranga y’u Rwanda ngo yinjize Ruben Amorim mu mirimo. Bisa nk’ibyatunguranye cyane dore ko abenshi batiyumvishaga…

Read More

CAF Champions League irarimbanyije: Yanga Africans yatangiye yandagarizwa mu rugo

Kuri uyu wa gatatu , tariki ya 27/Ugushyingo , Imikino yo ku rwego rw’umugabane ihuza amakipe yitwaye neza iwayo muri Afurika yaraye itangiye ndetse hagaragaramo gutungurana ku mpande zitandukanye. Muri iyi nkuru ikinyamakuru Daily–box kiragaruka ku musaruro wabonetse mu mikino umunani yakinwe mu irushanwa rya (CAF champions league) ndetse iranyuzamo ikubwire no ku mikino imwe…

Read More

Carlo Ancelotti utoza Real Madrid yashyize umucyo ku bivugwa k’ubuzima bwa Kylian Mbappe

umukambwe Carlo Ancelotti, usanzwe ari umutoza mukuru w’ikipe ya Real Madrid, yahakanyije abakomeje gutangaza amakuru we yise ibinyoma avuga ko rutahizamu Kylian Mbappe, amaze igihe kinini ahanganye n’ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe. Ubwo yari mu ikiganiro n’itangazamakuru mbere y’umukino ikipe ya Real Madrid yatsinzemo Leganes, 3-0, Ancelotti yavuze ko afitiye ikizere rutahizamu we ndetse yizeye…

Read More

Tombola ya UEFA nations league: Portugal ya Ronaldo n’Ubufaransa bwa Mbappe bamenye aho bazanyura

Tombola y’imikino ya UEFA nations league abenshi bari bategereje yashyize iraba ndetse isiga ibyamamare bitandukanye bimenye inzira bizanyuramo. N’igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatanu cyasize habonetse imikino imwe n’imwe ikomeye harimo n’ifatwa nk’iyi ibihe byose bitewe n’amateka atandukanye. Iyi tombola ya 1/4 yasize imikino 4 y’umuriro, aho hagomba gukinwa imikino ibiri (ubanza n’uwo kwishyura) igakinwa…

Read More

Icyo amategeko n’amabwiriza bya CAF bivuga ku birego Guinea ishinja Tanzania

Ikipe y’igihugu ya Tanzania bakunze kwita (Taifa stars) irashinjwa na Guinea kuba yarakinishije umukinnyi ufite nimero itandukanye n’iri ku rupapuro rw’umukino, ibintu bihanwa n’amategeko y’umukino mu marushanwa ya CAF. Mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika uherutse kuba ubwo iki gihugu cyatsindaga silly national ya Guinea ndetse bigahita byemezwa ko Tanzania ariyo ibonye itike nyuma…

Read More

Umunyamakuru akaba n’umusesenguzi w’imikino David Bayingana yageneye ubutumwa Amavubi

Umwe mu bamaze igihe mu mwuga w’itangazamakuru ry’imikino David Bayingana yagize icyo avuga ku musaruro ndetse n’urugendo rw’ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika. David Bayingana usanzwe akorera umwuga we w’itangazamakuru kuri radio ya B&B Kigali ndetse akaba ari n’umwe mu bayishinze, yahumurije abafana ndetse n’abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi mu…

Read More