Perezida Paul Kagame yemeje ko u Rwanda rukomeje umugambi wo gukaza ingamba z’umutekano
Perezida Kagame yatangarije abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC ko u Rwanda ruzakomeza gukaza ingamba zo kwicungira umutekano kumipaka iruhuza na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu nama yahuje abahagarariye ibihugu bigize Umuryango w’Ibihugu byo mu Burasirazuba bwa Afurika (EAC) na SADC, Perezida Paul Kagame Yavuze ko mu rwego rwo kwicungira umutekano, u Rwanda rwafashe…