Janviss Maakna

DR.Congo igiye gukurikirana Kabila ku byaha birimo iby’intambara

Kuri uyu wa 30 Mata, minisitiri w’Ubutabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba yatangaje ko yasabye Sena gukuraho ubudahangarwa bwa Kabila, kugirango akurikiranweho ibyaha by’intambara no guhungabanya umutekano w’icyo gihugu. Uyu Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagarutse muri iki gihugu mu mwaka 2023 aho yari amaze imyaka…

Read More

Abatwara ibinyabiziga basabwe korohereza abanyeshuri bagiye mu biruhuko

Polisi y’u Rwanda irasaba ibigo by’amashuri, ibigo bitwara abagenzi n’izindi nzego zitandukanye zifite aho zihuriye n’ingendo z’abanyeshuri bava ku mashuri basubira mu miryango yabo, kuborohereza kugira ngo ntihabeho ubukererwe n’izindi mbogamizi zababangamira mu rugendo.  Abanyeshuri baragirwa inama yo kubigiramo uruhare bambara umwambaro w’ishuri ubaranga, ababyeyi babo nabo bagakurikirana urugendo rw’abana babo kugeza bageze mu miryango….

Read More

Goverinoma y’u Rwanda yemeje urupfu rwa Alain Mukuralinda wari umuvugizi wayo wungirije

Goverinoma y’u Rwanda yemeje urupfu rwa Alain Mukuralinda wari umuvugizi wungirije wa Goverinoma y’u Rwanda, witabye Imana kuri uyu wa Gatanu wa tariki 04 Mata 2025, azize guhagarara k’umutima. Goverino y’u Rwanda Kandi yatangaje ko yitabiye Imana mu bitaro Byitiriwe Umwami Faisal(KFH), iboneraho no kwihanganisha umuryango we, inshuti ze, ndetse n’abagize amahirwe yo gukorana nawe….

Read More

Sadate Munyakazi yahishuye akayabo azashora muri Rayon Sports mu gihe yayihabwa

Sadate Munyakazi yavuze ko afite miliyari eshanu zo gushora muri Rayon Sports mu gihe bayimuhaye. Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa X, Sadate Munyakazi yavuze ko yashyize miliyari eshanu kumeza ya Rayon Sports, ku buryo mu myaka itatu izaba ifite indege igendamo, bisi igezweho, ndetse iri ku ruhando mpuzamahanga. Munyakazi Sadate yavuze ko miliyari…

Read More

Abarenga ibihumbi 100 bashobora gusenyerwa n’ibiza mu Rwanda

Ku munsi wejo tariki ya 2 Mata Inteko Nshinga Mategeko umutwe wa Sena yakiriye Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi Gen. (Rtd) Murasira Albert, avuga ko mu minsi iri imbere abantu barenga ibihumbi 100 bashobora gusenyerwa n’amazi. Senateri Evode Uwizeyimana yatanze urugero rwo mu karere ka Rulindo, hakunze kubera impanuka za bisi kubera ubuhaname bw’umusozi umuhanda wubatseho….

Read More

kera kabaye ! Yampano yemereye amakosa anasaba imbabazi

Yampano yemereye Marina ko ariwe uri mumakosa anamusaba imbabazi. Mu butumwa yanditse ku rukuta rwe rwa Instagram, umuhanzi Yampano yasabye Marina imbabazi ku byo amaze iminsi atangaza mu bitangazamakuru ku ndirimbo marina yasibishije ku rubuga rwa YouTube. Nyuma y’iminota mike Marina amaze gushyira hanze itangazo ryanditse ku rukuta rwe rwa Instagram, asobanura ko ubunyamwuga buke…

Read More

Marina yerekanye icyatumye asiba indirimbo yari afitanye na Yampano

Marina yasohoye itangazo risobanura impamvu yasibishije kuri YouTube indirimbo yari yakoranye na Yampano. Mu itangazo ryanditse yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram aryandikiye abafana be n’abakunzi b’umuziki muri rusange , Marina yavuze ko ubunyamwuga buke bwa Yampano aribwo bwatumye asibisha indirimbo kuri YouTube. Yagize ati” ndashaka gushyira umucyo ku byavuzwe byose ku ndirimbo nakoranye na…

Read More

Kongo irashaka guhangana n’umuhengeri uri mu mazi yogamo kandi itabishobora : Hon. Evode Uwizeyimana

Ubusesenguzi bwa Senateri Evode  Uwizeyimana kumyitwarire ya Congo mu gukemura ibibazo by’umutekano ifite. Ubwo yari ari mu kiganiro kuri televiziyo y’u Rwanda, Senateri Evode Uwizeyimana yavuze ko iyo arebye asanga Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo ibyo iri gukora, isa nkaho itazi ikerekezo kiyigeza kubisubizo by’ibibazo bafite. Yagize ati”  Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, iri koga…

Read More

Utavuga rumwe na Leta y’Ubufaransa agiye gufungwa anamburwe uburengazira bwo kwiyamamaza

Madame Marine Le Pen uzwiho kutavuga rumwe n’ubutegetsi bw’Ubufaransa yahamijwe ibyaha birimo kunyereza umtungo w’Umuryango w’Ibihugo by’Ubumwe bw’Iburayi, bituma atazabasha kwiyamamaza mu matora ari imbere. Urukiko rw’I Paris rwasomye umwanzuro warwo kuri uyu wa Mbere, rwemeza ko uyu Marine Le Pen, akatirwa imyaka ine irimo ibiri y’igifungo ndetse n’indi ibiri ari hanze acungishwa ikoranabuhanga. Ni…

Read More