Janviss Maakna

Denis Kazungu yasabye kugabanyirizwa igihano cyo gufungwa burundu yahawe !

Denis Kazungu, wahamijwe icyaha cyo kwica abantu 13  mu mwaka ushize, yongeye kwitaba urukiko kuri uyu wa 12 Kamena 2025, asaba kugabanyirizwa igihano cy’igifungo cya burundu yahawe n’inkiko. Kazungu, wafashwe muri Nzeri 2023 nyuma y’amakimbirane n’uwo yakodeshaga inzu i Busanza mu Karere ka Kicukiro, yafashwe ubwo inzego z’umutekano zasangaga imirambo myinshi ishyinguwe inyuma y’inzu ye….

Read More

Kera kabayee ! Juno kizigenza na Ariel Ways bongeye kuririmbana indirimbo bakoranye

Mu ijoro ryo kuri uyu wa 16 Gicurasi nibwo umuhanzi Juno Kizigenza yakoze igitaramo gito cyo guhura n’abakunzi be yari amaze iminsi atangaje cyo kwizihiza imyaka itanu amaze ari mu muziki. Icyo gitaramo kikaba kitabirirwe n’abahanzi batandukanye barimo Ariel Ways banaririmbanye indirimbo bakoranye mu minsi yashize. Ni igitaramo cyabereye ahazwi nko muri Institut Français du…

Read More

Icyiciro cy’ambere cy’ Abanyarwanda bari barafashwe bugwate na FDRL batangiye gutaha

Muri iki gitondo cyo ku wa 17 Gicurasi nibwo abanyarwanda 360 bari bamaze imyaka myinshi mu matwara ya FDRL muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batashye mu Rwanda. Ni nyuma yuko aba banyarwanda bari barembejwe n’amatwara ya FDRL aho bamwe mubaje bagaragaje akababaro kabo, bavuga uburyo abasirikare ba FDRL babahohoteraga bamwe bagakoreshwa imirimo y’agahato abandi…

Read More

Minisitiri Mukazayire yateye amatsiko abari i Budapest yo kuzitabira shampiyona y’isi y’amagare mu Rwanda

Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire yakanguriye abitabirirye isiganwa ryamagare I Budapest muri Hongrie kuzitabira shampiyona y’isi y’amagare izabera mu Rwanda muri Nzeri uyu mwaka. Kuri uyu wa gatatu, Minisitiri wa Siporo mu Rwanda Nelly Mukazayire yaganiriye n’abitabiriye irushanwa ry’isiganwa ry’amagare mu gihugu cya Hongrie, abakangurira kuzitabira irushanwa ry’isiganwa ry’amagare ku rwego rwisi rizabera mu Rwanda…

Read More

Perezida Kagame yerekanye ko Afurika ikwiye gukanguka

Perezida Kagame Paul yabwiye abari bitabiriye inama y’ihuriro ry’abayobozi bakuru b’ibigo byigenga muri Afurika, ko buri wese akwiriye gukanguka bitabaye ngombwa ko ibihugu byo hanze bifata ingamba z’ubukungu ngo Afuruka ibone guhindura imikorere. Yavuze ibi ubwo yavugaga ku myanzuro Leta zunze ubumwe z’Amerika iherutse gufata yerekeye ingingo y’ubukungu. Aho yagize ati : “imyanzuro Trump yaba…

Read More

Ubushotoranyi hagati y’ Ubuhinde na Pakisitani buraca amarenga y’intambara yeruye

Mu gitondo cyo ku munsi wejo nibwo Igihugu cy’Ubuhinde cyatangaje ko cyarashweho ibisasu na Leta ya Pakisitani ku birindiro byacyo bya gisirikare. Ibi bibaye nyuma y’amasaha make Pakisitani imaze gutangaza ko Ubuhinde bwarashe ku birindiro byayo bitatu bya gisirikare. Mu kiganiro yagiranye na BBC, Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubuhinde Harsh Vardhan Shringla, yavuze ko…

Read More

Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko igihe cyo kwiyunga n’u Bubiligi kitaragera

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane Olivier Nduhungirehe ubwo yari ari mu kiganiro na RBA, yavuze ko ntanzira z’ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Bubiligi, avuga ko aho gukemuka bikomeza kuba bibi kurushaho cyane cyane bigizwemo uruhare n’igihugu cy’u Burundi Ubwo umunyamakuru wa RBA yamubazaga niba u Rwanda rwiteguye kuzahura umubano n’igihugu cy’u Bubiligi, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane…

Read More

Perezida Kagame na Félix Tshisekedi bagiye guhurira imbere ya Donald Trump

Perezida Kagame na Félix Tshisekedi bagiye guhurira muri White House imbere ya Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump Mu biganiro biherutse guhuza u Rwanda na DR. Congo I Doha mu gihugu cya Quatar, abahagarariye ibihugu byombi bemeje ko umukono ku masezerano y’imibanire myiza y’ibihugu byombi, uzashyirirwaho muri White House imbere ya Donald Trump….

Read More