DailyBox

Nyanza : Umugore yiyemereye ko yishe umugabo we amuziza kumena ifu y’ubugari

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rwaregewe dosiye iregwamo umugore w’imyaka 58 ukekwaho kwica umugabo we w’imyaka 80 amukubise umuhini mu mutwe. Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye iregwamo umugore w’imyaka 58 ukekwaho kwica umugabo we w’imyaka 80 amukubise umuhini mu mutwe. Icyaha cyabaye ku itariki ya 15 Mata 2025, mu…

Read More

Kigali: Abanyeshuri bigishijwe gukumira no kurwanya inkongi

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya inkongi n’ubutabazi (Fire and Rescue Brigade), ryakiriye abanyeshuri biga mu kigo cy’ishuri ryitwa Wisdom Center, giherereye mu murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera, bari baherekejwe n’abarimu babo n’abaybozi b’ishuri mu rugendoshuri. Ni mu rugendoshuri bakoreye ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, aho iri shami rikorera, rugamije kubungura…

Read More

Amarushanwa agamije kwerekana impano z’abanyeshuri agomba kuzajya ahora aba : Minisitiri w’Uburezi

Kuri uyu wa kane tariki ya 8 Gicurasi 2025 ,Minisitiri w’Uburezi Joseph Nsengimana, yashimye intambwe imaze guterwa n’abanyeshuri biga mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro ndetse anagaragaza ko amarushanwa agamije kwerekana impano z’abanyeshuri binyuze mu gushyira mu bikorwa ibyo bigishwa akenewe mu rwego rwo guteza imbere uburezi bufite ireme . Ibi uyu mu Minisitiri yabitangaje kuri uyu…

Read More

Kenya : Guverinoma yaburiye abatereye urukweto Perezida Ruto mu ruhame

Guverinoma ya Kenya yatangaje ko igikorwa cyabaye ku munsi wejo ku cyumweru tariki ya 4 Gicurasi cyo gutera urukweto Perezida Willaim Ruto biteje isoni n’ikimwaro ku gihugu cyose ndetse ko n’ababiteguye bagombwa kubiryozwa . Ibi bitangajwe nyuma y’amashusho yakomeje gukwirakwira ku mbuga nkorambaga hirya no hino agaragaza Perezida wa Kenya wari urimo kugeza ijambo ku…

Read More

Jado Castar nk’impamvu y’ihoshwa ry’amakimbirane hagati ya The ben na Bruce Melodie

Jado Castar ukuriye B&B Kigali, Impamvu y’ihoshwa ry’amakimbirane hagati ya The ben na Bruce Melodie. Ubwo yahabwaga ijambo muri G-Z Comedy , Muyoboke Alex yeruye avuga ko Bagirishya Jean de Dieu uzwi nka Jado Castar wari umushyitsi w’umunsi ariwe wagize uruhare mu kuba nta makimbirane acyumvikana hagati ya The Ben na Bruce Melodie. Ibi Muyoboke…

Read More

Meddy na Mimi bibarutse umwana wa kabiri

Umuhanzi Ngabo Medard Jobert wamamaye nka Meddy n’umugore we Mimi Mehfira bibarutse umwana wabo wa kabiri w’umuhungu bise Zayn M Ngabo Uyu muhanzi yasangije abamukurikira amashusho ari kumwe n’umugore we atwite n’andi yerekana intoki ze, umugore we, imfura ye n’ubuheta bwe ku mbuga nkonyambaga ze arenzaho amagambo y’amashimwe menshi afite. Urukundo rwa Meddy na Mimi…

Read More

MONUSCO yashimiye u Rwanda na DRC ku ntambwe bateye iganisha ku mahoro

Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo [MONUSCO ] bwatangaje ko bwishimiye amasezerano aganisha ku mahoro yo  ku ya 25 Mata 2025 i Washington DC,yari  ayobowe na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika, yasinwe hagati ya guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) na Repubulika y’u Rwanda. Mu itangazo yashyize…

Read More