DailyBox

DRC : Abarenga 900 bavuye mu byabo kubera imirwano hagati ya Wazalendo na M23/AFC

Nibura imiryango 900 yo mu bwami bwa Bwito mu karere ka Rutshuru (mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru)  niyo imaze kubarurwa ko yahungiye mu gace ka Bambo-Centre mu byumweru bitatu bishize, ihunga imirwano ikomeje hagati y’inyeshyamba za Wazalendo na M23/AFC. Nk’uko byatangajwe na Matilde Gueho, umuyobozi wungirije w’umuryango w’abaganga batagira umupaka / Médecins Sans Frontières (MSF)…

Read More

Umuhuro wa Perezida Ramaphosa na Donald Trump wateje impagarara aho gukemura amakimbirane

Umuhuro wagombaga kunga ubumwe hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Afurika y’Epfo wahindutse intandaro y’umwuka mubi, ubwo Perezida Donald Trump yashinjaga Leta ya Afurika y’Epfo gutoteza no kwica abahinzi b’abazungu. Ibi byabaye kuri uyu wa Gatatu ubwo Perezida Cyril Ramaphosa yasuraga White House, nyuma y’icyumweru Amerika ihaye ubuhungiro Abanyafurika y’Epfo 59 b’Abazungu, ndetse…

Read More

Igitero cy’u Burusiya cyahitanye abasirikare 6 ba Ukraine

Abasirikare batandatu ba Ukraine bishwe, abandi barenga 10 barakomereka nyuma y’igitero cya misile cyagabwe n’u Burusiya kuri site y’imyitozo ya gisirikare mu karere ka Sumy, nk’uko byatangajwe n’Igisirikare cya Ukraine kuri uyu wa Gatatu. Iki gitero cyabaye mu gihe abasirikare bari mu myitozo ya gisirikare, cyemejwe n’Urwego rw’Igihugu rwa Ukraine rushinzwe Umutekano (National Guard), ruvuga…

Read More

Perezida wa Rayon Sports yatangaje uko bakiriye imyanzuro ya FERWAFA

Perezida wa Rayon Sports, Thadee Twagirayezu, yatangaje ko banyuzwe n’imyanzuro yafashwe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ku mukino wahagaritswe kubera umutekano muke, ni umukino wari wabahuje na Bugesera FC ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize. Ubwo yaganiraga na B&B Kigali FM , Perezida wa Rayon Sports yasobanuye uburyo bakiriyemo imyanzuro , Yagize Ati : “Twabyakiriye…

Read More

DRC  : Intambara Yongeye Kubura; M23 Yigaruriye Imijyi ya Kishishe na Bambo

  Inyeshyamba z’umutwe wa M23 zongeye kwigarurira imijyi ya Kishishe na Bambo iherereye mu karere ka Rutshuru ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma y’imirwano ikaze yabahuje n’abarwanyi ba Wazalendo bari bamaze igihe barashinze ibirindiro muri iyo mihanda. Nk’uko bivugwa n’abatuye ako gace, iyi mihanda yari yaravuwemo na M23 ku bushake mu mwaka  ushize, ariko yaje…

Read More

Vital Kamerhe yerekanye ikarita rukumbi Africa isigaje gucanga ikayigeza ku mahoro arambye

Umunyapolitike wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo , Vital Kamerhe yatangaje ko umugabane w’Afurika utazigera wigobotora ikibazo cy’inzara mu gihe bimwe mu bihugu biwugize nka Mali , DRC ,Burikna Faso na Niger aho kureba ingamba byafata kugirango biyihashye byo bikomeza kuguma mu ntambara ahanini ishingiye ku nyungu za bamwe . Ibi uyu munyapolitike akaba…

Read More

Gakenke : Umusore yemeye ko yishe sebuja agambiriye kumwiba

Umusore w’imyaka 27 y’amavuko arakekwaho kwica umugabo wamukoreshaga akazi ko kwita ku bikorwa bye by’ubuhinzi n’ubworozi, agambiriye kumwiba.  Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye ku itariki ya 02 Gashyantare 2025 ubwo abaturanyi n’umuhungu we bagiye mu rugo rwe, mu murenge wa Ruli mu karere ka Gakenke, aho yakoreraga imirimo y’ubuhinzi n’ubworozi, bahasanga imyenda ye igizwe n’ipantaro, ishati…

Read More

Abapolisi bakubutse mu butumwa bw’amahoro bashimwe ubwitange bagaragaje

Kigali – Abapolisi b’u Rwanda 160 bo mu itsinda RWAFPU2-10 berekeje mu gihugu cya Santrafurika aho bagiye gusimbura bagenzi babo mu butumwa bw’amahoro bwa Loni (MINUSCA), basimbuye itsinda RWAFPU2-9 ryarangije inshingano zaryo nyuma y’umwaka wuzuye bari mu gace ka Kaga Bandoro mu Majyaruguru y’icyo gihugu. Aba bapolisi bashya bahagurutse ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali…

Read More