DailyBox

Liberia : Bane barimo n’uwahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko  bashinjwaga iterabwoba barekuwe by’agateganyo

Uwahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Liberia, Jonathan Fonati Koffa, hamwe n’abandi badepite batatu barimo Abu Kamara, Dixon Seboe na Jacob Debee, barekuwe by’agateganyo nyuma yo gutanga ingwate ya $440,000 (angana na miliyoni zisaga 550 mu mafaranga y’u Rwanda). Aba bayobozi bose bashinjwa uruhare mu gikorwa cy’iterabwoba cyabaye ku wa 18 Ukuboza 2024, ubwo…

Read More

Nigeria : Abagera kuri 151 bapfiriye mu myuzure

Byibuze abantu 151 bamaze kwemezwa ko bapfuye nyuma y’imyuzure  ikomeye yibasiriye akarere ka Mokwa mu Ntara ya Niger, mu gihugu cya Nigeria, nk’uko byatangajwe n’Ikigo gishinzwe guhangana n’inkongi n’imyuzure muri ako karere (NSEMA).  Umubare w’abapfuye wazamutse cyane ugera ku bantu 115 nyuma y’uko imyuzure yibasiye uyu mujyi. Umuvugizi wa NSEMA yabwiye BBC ko amazu arenga…

Read More

Barcelona yashyize umucyo ku byo kuzana Luis Diaz cyangwa Marcus Rashford!

Ikipe ya Barcelona yamaze kugaragaza ko izagura Luis Diaz wa Liverpool byakunda ikazana na Marcus Rashford mu gihe Manchester United yakwemera kumutanga ku ntizanyo. Hari hamaze iminsi hari urujijo kuri ibi, cyane ko bisa nk’ibigoye ko Barcelona aba basore bombi yabagura icyarimwe, amakuru akemeza ko umukinnyi Barcelona yifuza ari Luis Diaz mu gihe Rashford we…

Read More

Bryan Ngwabije yasinyiye indi kipe yo mu Bufaransa!

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Bryan Clovis Ngwabije, yasinye amasezerano y’umwaka umwe mu ikipe nshya yazamutse mu cyiciro cya kane mu Bufaransa, FC Dieppe. Ngwabije w’imyaka 26 yakiniraga Blois Foot 41 muri icyo cyiciro mu mwaka ushize w’imikino, aho yakinnye imikino 25 ya shampiyona.  Iyi kipe ye yarangije ku mwanya wa 6 n’amanota 40. Uyu mukinnyi…

Read More

Kigali : inzobere zirasaba ishyirwaho rya gahunda nshya y’ibikorwa byo kurwanya Imihindagurikire y’Ibihe

Abahanga mu bijyanye n’ibidukikije basabye ko hashyirwaho uburyo bumenya neza akamaro k’imirimo ibungabunga ibidukikije (Green Jobs Assessment Model) mu rwego rwo kunoza ivugururwa ry’intego z’igihugu zo guhangana n’ihindagurika ry’ibihe (NDCs), zifite agaciro ka miliyari $11.  Ibi kandi binagamije ko politiki z’ibidukikije zitakoma mu nkokora isoko ry’umurimo, ahubwo zikabyara amahirwe menshi y’akazi. Muri Mutarama 2025, u…

Read More

Perezida Emmanuel Macron yagize icyo avuga ku byo gukubitwa urushyi n’umugore we!

Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron yahakanye igisobanuro cyahawe videwo yasakaye asa nk’ukubitwa urushyi ndetse bijyana no gusunikwa n’umugore we Brigitte Macron , avuga ko byari ukwikinira. Ni amashusho yatangiye gukwirakwira ku munsi w’ejo wa tariki 26 Gicurasi 2025, mu ruzinduko yari yagiriye mu gihugu cya Vietnam , ubwo yari n’umugore we bagiye kururuka indege amashusho yamugaragaje…

Read More

Mu migiririre ,Leta ya Tshisekedi ntikozwa iby’amahoro ;  ese bisaba iki ngo agaruke mu Karere?

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) imaze igihe kirekire mu ntambara n’imitwe yitwaje intwaro iyobowe na M23 , ibi bidindiza ituze n’amahoro mu karere k’Ibiyaga bigari. Nubwo ibiganiro by’amahoro byagiye bitangizwa, ubushake bwa DRC mu kubigiramo uruhare ntibugaragara neza. Ahubwo, icyo gihugu gikomeje guhitamo inzira y’intambara no gushaka inyungu za dipolomasi aho gushyira imbere igerwaho…

Read More

Umukinnyi w’Amavubi uri mu b’ingenzi ntazagaragara ku mukino wa gicuti na Algeria

Umukinnyi w’Umunyarwanda ukinira ikipe ya RAAL La Louvière mu Bubiligi, Samuel Léopold Marie Gueulette(Samuel Gueulette) , ntazagaraga ku mukino wa gicuti uzahuza u Rwanda na Algeria. Ni umukino uteganyijwe tariki 05 Kamena 2025, ukaba uri mu mugambi w’amakipe yombi yo gukomeza kwitegura neza amajonjora yo gushaka itike y’Imikino ya nyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026, kizabera…

Read More

Joseph Kabila yise ubutegetsi bwa Tshisekedi ubukoloni bugezweho !

Joseph Kabila, wari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yasize icyasha ubutegetsi bwa mugenzi we Félix Tshisekedi uriho kuri ubu nyuma y’amagambo akomeye yabuvuzeho, aho yabugereranije n’ubutegetsi bwa gikoloni ariko bugezweho.  Uyu mugabo w’imyaka 53 yavugiye ibi mu ijambo ry’amasegonda 45 ryatambutse kuri YouTube ku wa Gatanu n’ijoro ,aritangariza ahantu hatazwi nyuma y’umunsi…

Read More