DailyBox

Kepa Arrizabalaga yerekeje muri Arsenal: Urugendo rushya ku mpano yaciriwe urubanza n’igiciro cyayo

Ikipe ya Arsenal yemeje ko yasinyishije ku mugaragaro umunyezamu w’Umwesipanyoli Kepa Arrizabalaga avuye muri Chelsea ku masezerano y’imyaka itatu, mu igurwa ryatwaye miliyoni £5. Ibi bikurikiye igihe yamaze ari mu ikipe ya Bournemouth ku ntizanyo, aho yakinnye imikino 35 mu mwaka ushize. Kepa w’imyaka 30 yavuze ko yishimiye intambwe yateye agira ati: “Ndanezerewe cyane kuba…

Read More

Liverpool yaguze Milos Kerkez kuri miliyoni £40

Ikipe ya Liverpool yamaze kumvikana na Bournemouth ku kugura myugariro w’ibumoso Milos Kerkez ku mafaranga angana na miliyoni £40. Uyu musore w’imyaka 21, ukinira ikipe y’igihugu ya Hungary, agiye kwerekeza i Anfield nyuma y’imyaka ibiri akinira Bournemouth. Kerkez, wavukiye muri Serbia ariko wahisemo gukinira Hungary, yigaragaje cyane mu mwaka w’imikino ushize aho yakinnye imikino 38…

Read More

Son Heung-min gusohoka muri Tottenham; urugendo rw’iyi kipe muri Koreya y’Epfo ruramutindije !

Ejo hazaza ha rutahizamu w’Umunya-Koreya y’Epfo, Son Heung-min, muri Tottenham Hotspur haracyari mu gihirahiro, mu gihe hakomeje kuvugwa ko amakipe yo muri Saudi Arabia yifuza kumwegukana. Son, ubu ufite amezi 12 gusa asigaje ku masezerano ye, ashobora kugurwa mbere y’uko umwaka w’imikino wa 2025/26 utangira. Nubwo ibyo bishoboka, amakuru ava mu bantu b’imbere muri Tottenham…

Read More

BREAKING : Donald Trump atangaje ko azi aho Ayatollah Khamenei wa Iran yihishe

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko igihugu cye kimaze kumenya aho Ayatollah Ali Khamenei, Umuyobozi Mukuru wa Iran, yihishe.  Abinyujije ku rubuga rwe rwa Truth Social, Trump yavuze ko Khamenei ari “intego yoroshye”, ariko ko Amerika idateganya kumwivugana “ku buryo bwihuse”, nibura “kugeza ubu”. Trump yagize ati: “Tuzi aho uwo…

Read More

Uwahoze asifura muri Premier League yajyanwe mu nkiko azira Jurgen Klopp

David Coote wahoze ari umusifuzi ukomeye muri Premier League yarezwe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bwongereza (FA) kubera amagambo asebya yavugiye kuri Jurgen Klopp wahoze atoza Liverpool.  Ibi byaturutse ku mashusho yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga mu Ugushyingo 2024, aho Coote agaragara avuga nabi uyu mudage n’ikipe ya Liverpool. Nyuma y’iyi video, Coote yahagaritswe by’agateganyo maze mu…

Read More

LIVE :Televiziyo y’igihugu ya Iran izimye imbonankubone nyuma yo kuraswaho na Israel

Mu gitondo cyo ku wa mbere, televiziyo y’igihugu ya Irani yahagaritse amashusho ya “live” mu buryo butunguranye nyuma y’igitero cya Isiraheli cyateye impagarara ku cyicaro cyayo. Umunyamakuru wari uri mu kiganiro yatangaje ko “studio yatangiye kuzura ivumbi” nyuma y’urusaku rw’ibisasu byagabwe ku gihugu. Iki gitero cyakurikiye itangazo rya Isiraheli ryasabaga abaturage bagera ku 330,000 bo…

Read More

FIFA Club World Cup : Nyuma yo kubona rutahizamu  ;Chelsea FC yizeye gutwara igikombe

Umutoza  wa Chelsea, Enzo Maresca, yatangaje ko ikipe ayoboye yiyemeje gutwara igikombe cya FIFA Club World Cup,kubera ko yizeye cyane rutahizamu mushya Liam Delap. Uyu musore ukomoka mu Bwongereza yasinyiye Chelsea muri Kamena 2025 avuye muri Ipswich Town, aho biteganyijwe ko azahangana na Nicolas Jackson ku mwanya wa nimero 9. Maresca yahishuye ko yizeye ubushobozi…

Read More