DailyBox

Abapolisi bashinzwe umutekano wo mu mazi biyemeje kunoza izi nshingano

Mu Karere ka Rubavu habereye umuhango wo gusoza amahugurwa  abapolisi 18 bo mu ishami rishinzwe gucunga umutekano wo mu mazi (Marine Unit) bamazemo amezi atanu biga ibijyanye no kugenza ibyaha n’impanuka bibera mu mazi. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 21 Ukuboza 2024, nibwo aya mahugurwa yateguwe ku bufatanye n’Ikigo cy’Umuryango w’Abibumbye gishinzwe amahugurwa n’Ubushakashatsi…

Read More

Nigeria : Abantu 13 bapfiriye mu mubyigano wo gufata impano za Noheli

Polisi ya Nigeria yatangaje  ko byibuze abantu 13, barimo abana bane, baguye mu mpanuka ebyiri  zatewe n’umubyigano wabaye muri iki gihugu mu gihe imbaga y’abantu benshi bari kujya gufata impano z’ibiryo n’imyambaro byo kuzakoresha mu birori bya Noheri n’isozwa ry’umwaka. Ku munsi wejo wa gatandatu, mu murwa mukuru w’iki gihugu witwa Abuja, byibuze habaruwe abantu…

Read More

Full Report: Arsenal yabonye amanota atatu nyuma y’imikino ibiri itabona intsinzi muri Premier League

Ikipe ya Arsenal yasubiriye ikipe ya Crystal Palace F.C iyitsinda ibitego bitanu kuri kimwe (5-1) ku munsi wa 17 wa shampiyona y’igihugu y’Abongereza, ukaba umukino wabereye i Selhurst Park ku kibuga cya Crystal Palace F.C . Aya makipe nta minsi yari iciyemo bahuye ariko muri  Carabao Cup aho n’ubundi ikipe ya Arsenal yasezereye iya Crystal…

Read More

Full Report: Manchester City imikino 12 intsinzi imwe, Pep Guardiola bikomeje kwanga

Ikipe ya Aston Villa yisengereye ikipe ya Manchester City, iyi kipe y’Umunya Esipanye Pep Guardiola ikomeza kujya aharindimuka nyuma y’imyaka ine y’i kurikiranya itwara shampiyona y’u Bwongereza “Premier League.” Wari umukino w’umunsi wa 17 wa shampiyona y’Ubwongereza, Manchester City ya giye kuwukina imaze iminsi yitwara nabi cyane dore ko yari imaze gukina imikino 11 mu…

Read More

Abakinnyi batatu b’Abanyarwanda bagiye gutangira gukinira ikipe ya Bayern Munich yo mu Budage

Abana b’abanyarwanda bagiye mu Budage gukora igeragezwa mu mushinga wa Bayern Munich n’u Rwanda wa ‘Visit Rwanda’ abagera kuri batatu bagiriwe amahirwe yo kuzakomezanya na Bayern Munich mu bato. Mu mwaka ushize wa 2023 nibwo u Rwanda binyuze mu rwego rw’igihugu rw’iterambe mu Rwanda ‘RDB’ rwagiranye amasezerano n’ikipe ya Bayern Munich aho iyi kipe iri…

Read More

Rwamagana : Umugore yasanzwe mu nzu ye yitabye imana!

Mu Mudugudu wa Buseke, mu Kagari ka Bishenyi, mu Murenge wa Mwulire mu Karere ka Rwamagana, hagaragaye inkuru idashimishije y’umugore witwa Nyiranizeyimana Claudine, wasanzwe mu nzu yapfuye nyuma y’iminsi itatu yimukiye muri aka gace. Bivugwa ko urupfu rwe rukekwa kuba rwaratewe n’umugabo we, Biserukande Edouard, ariko intandaro y’uru rupfu iracyari amayobera kugeza ubu . Nyiranizeyimana…

Read More

Ruben Amorim agiye kugura myugariro w’ibumoso Real Madrid yifuje igihe kirekire

Umunya-canada w’ikipe ya Bayern Munich Alphonso Davies hakomeje kwibazwa aho agomba kwerekeza nyuma y’uko yanze kongera amasezerano mu ikipe akinira ya Bayern Munich . Uyu musore ukina nk’amyugariro w’ibumoso mu ikipe ya Bayern Munich y’umutoza Vincent Kompany yanze kongera amasezerano muri iyi kipe dore ko bamaze igihe bamwirukaho ngo yongere amasezerano ariko yababereye ibamba. Ubundi…

Read More

DRC : UN yongereye igihe ubutumwa bwa MONUSCO

 Ku munsi wejo ku wa gatanu, 20 Ukuboza , Akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe umutekano ku isi katoye icyemezo nimero  2765 cyo kongerera umwaka umwe manda y’ubutumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo kugarura umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo buzwi nka MONUSCO. Inyandiko  yo gushyiraho iki cyemezo  yatanzwe n’Ubufaransa na Siyera Lewone, ndetse ikaba yaratowe ku bwumvikane…

Read More