DailyBox

Allison wa Liverpool yasabye bagenzi be kwandika amateka

Umunyezamu  w’ikipe ya Liverpool witwa Alisson Becker yahamagariye  bagenzi be gukora  amateka yabo mu gihe bayoboye izindi kipe mu guhatanira igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cy’ubwongereza . Umukinnyi mpuzamahanga ukomoka muri Berezile Allison yari mu ikipe ya Liverpool yegukanye igikombe cya Premier League iyobowe nuwahoze ari umutoza wayo ukomoka mu budage witwa…

Read More

Rutsiro : Imirima y’abagize Koperative  ihinga icyayi ishobora gutezwa cyamunara

Mu Karere ka Rutsiro, abahinzi b’icyayi bibumbiye muri Koperative ‘RUTEGROC’ barasaba Leta kubafasha kwishyura umwenda urenga miliyari 2 Frw babereyemo Banki y’u Rwanda y’Iterambere (BRD).  Uyu mwenda waturutse ku nguzanyo yahawe abahinzi mu myaka ya 2010 na 2011, yagombaga kubafasha guhinga icyayi ku buso bwa hegitari zirenga 1,200 mu mirenge ya Rusebeya, Manihira na Murunda….

Read More

Vladimir Putin yasabye imbabazi nyuma y’impanuka y’indege yabereye mu Burusiya kuri Noheli

Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yasabye imbabazi Mugenzi we wa Azeyibayijan  kubera ko igihugu ayoboye cyitasoboye gusohoza inshingano zacyo zo kurinda ikirere cyacyo ubwo habaga ihanurwa ry’indege y’ubucuruzi yari mu kirere cy’Uburusiya, byanavuyemo urupfu rw’ abantu 38 . Indege J2-8243 yari yari ikubutse mu murwa mukuru wa Azaribayijan i Baku yerekeza ku murwa mukuru wa Chechen…

Read More

Lubero : M23 na FARDC zikomeje gukozanyaho

Ku munsi wejo ku wa gatandatu, tariki ya 28 Ukuboza, imirwano ikaze yabaye hagati ya FARDC n’inyeshyamba za M23, mu majyepfo y’ubutaka bwa Lubero, mu majyaruguru ya Kivu. Nk’uko amakuru aturuka mu binyamakuru byandikirwa muri kiriya gihugu abitangaza  ngo iyi mirwano iri kubera mu duce two hagati y’imidugudu ya Mambasa na Alimbongo, iherereye nko mu…

Read More

Umutoza w’Amavubi yavuze impamvu yanze gukoresha Niyonzima Olivier ‘Sefu’ wa Rayon Sports

Umutoza wahawe inshingano zo gutoza ikipe y’igihugu ya CHAN y’u Rwanda Jimmy Mulisa, yatangaje ko impamvu atakoresheje umusore wa Rayon Sports Niyonzima Olivier ‘Sefu’ ari ukubera ikinyabupfura kidahagije yagaragaje. Uyu musore ni umwe mu bafite inararibonye mu ikipe y’igihugu, byaje gutungurana rero ubwo abakinnyi basezerewe n’umutoza Jimmy Mulisa uyu musore nawe yagaragayemo ndetse icyuho ke…

Read More

Umunyamakuru ukomeye muri siporo Kazungu Claver biravugwa ko yamaze gusezera kuri Fine FM

Umunyamakuru uri mu bakomeye mu Rwanda mu biganiro by’imikino Kazungu Claver biravugwa ko yaba yamaze gusezera bagenzi be bakorana mu kiganiro Urukiko rw’ubujurire rw’imikino cyumvikana kuri FINE FM Rwanda. Uyu munyamakuru ni umwe mu bakunzwe cyane mu biganiro bya Siporo bitewe n’ubunararibonye afite muri ruhago byumwihariko y’iwacu ndetse no mu karere u Rwanda ruherereyemo byumwihariko…

Read More