DailyBox

Kigali : abasaga 23 % by’abobonye akazi muri 2024 nta bizamini byako bakoze

Kuri uyu wa mbere , taliki 30 /Ukuboza /2024 ,Abadepite bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage mu Nteko Ishinga Amategeko bagaragaje ko 23% by’abahawe akazi muri uyu mwaka wa 2024 aribo bonyine bakoze ibizamini by’akazi bakora . Aba badepite bagaragaje ko abantu 91,820 batoranyijwe muri 382,803 bangana na 23% bifuzaga akazi ari bo bonyine bakoze ibizamini byako…

Read More

DRC : Abaganga bahaye leta nyirantarengwa yo kuba yashyize mu bikorwa ibyo bayisaba

Ihuriro ry’abaganga ryo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo (SYMECO) ryahaye igihe cya nyirantarengwa  Guverinoma y’iki gihugu cyo kuba yamaze kwishyura amafaranga y’inyongera babereyemo abanyamuryango baryo . SYMECO [ Le syndicat des Médecins de la République Démocratique du Congo ] yo itangaza  ko leta ya Kongo igomba gukora ibyo yemeranije ikanasinyana n’ubuyobozi bw’uru rugaga ndetse…

Read More

Intambara y’amagambo hagati ya Ligue 1 na Cristiano Ronaldo yamaze kuzamo na Messi

Shampiyona y’ubufaransa [ Ligue 1 ] yasubije rurangiranwa Cristiano Ronaldo wavuze ko shampiyona y’Arabia Sawudite akinamo ikomeye kurusha iyo mu Bufaransa ubwo yari amaze guhabwa igihembo cy’umukinyi mwiza w’umwaka mu burasirazuba bwo hagati . Ubwo Cristiano Ronaldo dos Santos Aveiro GOIH ComM yari amaze kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza wo mu burasizuba bwo hagati mu bihembo…

Read More

CHAN 2024 : By’amaherere , Amavubi yiherewe itike na CAF

Impuzamashyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku mugabane w’Afurika (CAF) imaze gutangaza ko u Rwanda ruri mu rutonde rw’amakipe 10 amaze kubona itike CHAN 2024 iteganijwe kubera muri Tanzania, Kenya na Uganda tariki ya 1 kugeza kuri 28 Gashyantare 2025. Mu buryo busa n’ubw’amaherere ndetse bitunguranye cyane ko ikipe y’igihugu y’u Rwanda yari yamaze kwiyakira ko yabuze itike…

Read More

Rutahizamu uri mu bakomeye i Burayi Barcelona yashakaga ntibigikunze ko imubona

Ikipe ya Barcelona ifite ibibazo by’ubukungu byari byitezwe ko izasinyisha rutahizamu wa Lille Jonathan David ku buntu, byatangajwe ko itazamusinyisha nubwo uyu musore yari yaciye amarenga ko nawe yifuza gukinira iyi kipe. Uyu rutahizamu w’Umunya-Canada ni umwe mu beza bari ku Mugabane w’Iburayi badahenze kuko afite amasezerano ari kugana ku musozo dore ko azarangirana na…

Read More