DailyBox

DRC : umuntu umwe yapfiriye mu mirwano yahuje Wazalendo na FARDC muri Ituri

Ku cyumweru, tariki ya 5 Mutarama,  i Makumo mu gace ka Mambasa muri Teretwari ya Ituri, Umuntu umwe yitabye Imana abandi benshi bakomerekera mu mirwano yahuje  abasirikare ba FARDC  n’abantu bitwaje imbunda bavuga ko ari abarwanyi b’umutwe wa  Mai-Mai n’aba Wazalendo. Sosiyete sivile ya Mambasa yamaganiye kure  iki kibazo kandi inahamagarira guverinoma kwambura intwaro aba…

Read More

DRC : Ingabo za FARDC zikomeje guhangana na M23 zahawe inkunga y’ibiryo

Sosiyete sivile mu mujyi wa Beni mu majyaruguru ya Kivu muri DRC yashyikirije abasirikare ba FARDC ibiryo byakusanyirijwe mu bukangurambaga bwakozwe bwo kurwanya inyeshyamba za M23, mu gace ka Lubero . Nk’uko byatangajwe na Pepin Kavota, perezida w’iyi sosiyete sivile ,ngo iyi mpano ni ikimenyetso cy’urukundo no gukunda igihugu bigamije gushimangira ubufatanye bw’abasivili n’abasirikare mu…

Read More

Kigali : Minisitiri Amb Nduhungirehe yakiriye abanyarwanda baba mu mahanga

Kuri uyu wa gatanu , tariki ya 3 /Mutarama / 2025, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb Nduhungirehe Olivier yakiriye Abanyarwanda baba mu mahanga bamaze iminsi mu Rwanda aho baje mu bikorwa birimo n’ibiruhuko by’iminsi mikuru isoza umwaka. Iki ni gikorwa cyitabiriwe n’Abanyarwanda barenga 100 baturutse mu bihugu bisaga 40 byo hirya no hino ku Isi….

Read More

Israel yishe abasaga 35 muri Gaza mu gihe muri Qatar hagiye gusubukurwa ibiganiro by’amahoro

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 3 /Mutarama / 2025 ,nibura Abanyapalestine 35 baguye mu bitero byinshi bya Isiraheli byibasiye Gaza kuva muri iki gitondo, mu gihe imishyikirano igamije guhosha intambara  yitegura gusubukurwa. Kuri  uyu wa gatanu, ingabo za Isiraheli zahitanye nibura abantu 19 mu karere ka Gaza rwagati, nk’uko amakuru ava muri kariya gace…

Read More

Cote d’Ivoire  : Perezida Ouattara yirukanye burundu ingabo z’Abafaransa

Igihugu cya Cote d’Ivoire  cyatangaje ko abasirikare b’Abafaransa bamaze imyaka ibarirwa muri za mirongo muri Cote d’Ivoire bagiye kuva muri iki gihugu mu gihe cya vuba . Kuri wa kabiri w’iki cyumweru, itangazo rya Perezida Alassane Ouattara ryagiye ahagaragara ryashimangira amakuru ko iki gihugu cyo mu burengerazuba bw’Afurika cyamaze gucana umubano wa gisirikare n’igihugu cy’ubufaransa…

Read More

Zambia : Umupolisi wari wafashe ku gasembuye yarekuye imfungwa ngo zijye kurya ubunani

Muri Zambiya   umupolisi wari wasinze  yarekuye abantu 13  bari bafunze bakekwagaho ibyaha bitandukanye kugira ngo bashobore kujya kwizihiza umwaka mushya wa 2025 . Umupolisi yitwa Titus Phiri  yatawe muri yombi nyuma yo kurekura abakekwagaho ibyaha bitandukanye bari bafungiye by’agateganyo kuri sitasiyo ya polisi ya Leonard Cheelo iherereye mu murwa mukuru, Lusaka, ngo bajye ku kwizihiza…

Read More

Zimbabwe : Yasanzwe agihumeka nyuma yo kumara hafi icyumweru abana n’intare n’inzovu

Umwana w’umuhungu w’imyaka umunani wo muri Zimbabwe, wari umaze iminsi itanu ari muri pariki y’inyamaswa zirimo intare n’inzovu, yatoraguwe ari muzima ntacyo yabaye. Uyu mwana ukiri muto yabonetse ari muzima nyuma yo kubura iminsi itanu muri parike y’inyamaswa z’inkazi  nk’intare n’inzovu iherereye mu majyaruguru ya Zimbabwe . Abicishije ku rubuga rwe rwa X , Umuyobozi…

Read More

DRC :  Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tshisekedi yamaganye ibyo guhindura itegeko nshinga

Umwe mu batavuga rumwe  n’ubutegetsi buriho muri DRC witwa Martin Fayulu yongeye gushimangira ko atazaha icyuho ubushake ubwo ari bwo bwose bwo kugerageza kuvugurura cyangwa guhindura Itegeko Nshinga rya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Mu butumwa yagejeje ku Gihugu mu gihe cyo gutangira umwaka , umuyobozi w’ishyaka riharanira imihigo y’ubwenegihugu n’iterambere muri DRC  (ECIDé)…

Read More

Huye : Polisi yatangaje icyateye impanuka ikomeye y’imodoka y’Akarere yari itwaye umurambo

Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangaje ko amakosa y’abashoferi ari yo yateye impanuka aho Imodoka yari itwaye umurambo w’umusore wo mu Karere ka Rusizi wapfiriye mu Karere ka Gatsibo,  yagongana na Coaster yari itwaye abagenzi ubwo yari igeze mu Karere ka Huye . Iyi modoka, yakoze impanuka igonganye na Coaster,  yari itwaye…

Read More

Perezida wa FERWAFA yashyize umucyo kubyerekeye umutoza Torsten Spittler

Munyentwari Alphonse usanzwe ari Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA ] yaciye amarenga ko umutoza witwa Torsten Frank Spittler ashobora kongererwa amasezerano  yo gukomeza gutoza amavubi. Nubwo Uyu mutoza ukomoka mu gihugu cy’Ubudage naho atandukaniye na bagenzi be bagiye batoza iyi kipe kuva yakubuka mu gikombe cya Afurika muri 2004 mu bijyanye no kubona…

Read More