DailyBox

DRC yasabiye u Rwanda guhabwa ibihano bikomeye

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) yemeje ibikubiye muri raporo iheruka gukorwa n’impuguke z’umuryango w’abibumbye (UN) yerekanye ko u Rwanda rugira uruhare mu bikorwa byo guhungabanya umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) ndetse anasaba ko rwafatirwa ibihano mu maguro mashya . Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara ku wa…

Read More

Urugendo rwo kubura igikombe cya shampiyona kuri Rayon Sports rutangiriye i Huye

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 11 Mutarama 2025, nibwo ikipe ya Mukura VS yakiriye Rayon Sports bakina umukino usoza igice cyibanze cya shampiyona y’u Rwanda umwaka w’imikino wa 2024-2025, Ni umukino wari uw’agapingane cyane ndetse wari wabatijwe derby y’amateka ( Historical derby) bijyanye no kuba aya makipe yombi ari ayo hambere[ Rayon Sports yavutse 1968…

Read More

Kamonyi : Uwari ukurikiranyweho kwica uwo bashakanye yahanishijwe gufungwa burundu

Ku itariki ya 11 Mutarama 2025, Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwahanishije uwitwa Nshimiyimana Damien, uzwi ku izina rya Bahimba Daniel, igihano cya burundu nyuma y’uko rumuhamije ko yakoze icyaha cyo kwica umugore we, witwa Uwimanifashije Jacqueline, mu buryo bw’agahomamunwa. Isomwa ry’urubanza ryabereye mu Mudugudu wa Nyakabande, Akagari ka Buguri, Umurenge wa Rukoma, aho icyaha cyakorewe,…

Read More

Brazil : umugabo  yishwe n’inka ubwo yageragezaga kuyisambanya

Mu gihugu cya Brazili, mu gace ka Samambaia mu Mujyi wa Federal, haravugwa urupfu rw’umukozi wo mu rwuri rw’inka wari ufite imyaka 45, wasanzwe  ko yageragezaga gufata inka ku ngufu. Umugabo utatangajwe amazina yasanzwe yapfuye aryamye iruhande rw’inka, aho yari yambaye agakingirizo, ndetse bikaba bikekwa ko yari yashatse gufata ku ngufu inka bikarangira imwivuganye. Amakuru…

Read More

Ubutaliyani burashaka gukuriraho Syria ibihano yafatiwe n’uburayi

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubutaliyani  witwa Antonio Tajani yagiranye ibiganiro n’abayobozi bashya ba Siriya anasaba ko hajyaho ibiganiro bigamije koroshya ibihano by’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi byafatiwe guverinoma yahozeho ya Bashar al-Assad. Ku wa gatanu, Ubwo Tajani yahuraga n’umuyobozi wa Siriya witwa Ahmed al-Sharaa bahurira mu murwa mukuru Damasiko , yavuze ko ibihano byafashwe nyuma yo guhashya al-Assad…

Read More

DRC yiteguye gusubira mu nzira ya Luanda ititaye ku mananiza y’u Rwanda : Thérèse Kayikwamba

Ku munsi wejo, guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko yifuza gukomeza inzira ya Luanda ititaye ku nzitizi zikomeza zishyirwaho n’abayobozi  b’u Rwanda. Ibi byatangaje n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga w’iki gihugu, witwa Thérèse Kayikwamba, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru ari kumwe na minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru, Patrick Muyaya, ndetse n’umuvugizi w’ingabo…

Read More

DRC : Patrick Muyaya yashinje Televiziyo ya Al Jazeera gushyigikira u Rwanda na M23

Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, Patrick Muyaya yamaganye byimazeyo umuyoboro wa teveleziyo mpuzamahanga ya Al Jazeera awushinja ko ushyigikiye iterabwoba ry’u Rwanda na M23 muri iki gihugu . Aya magabo uyu munyapolitiki yayatangarije mu kiganiro n’abanyamakuru cyateguwe ku munsi wejo cyikabera kuri televiziyo y’igihugu [ RTNC],ubwo yari kumwe na minisitiri w’ububanyi…

Read More