DailyBox

Isaha idasanzwe Lionnel Messi aherutse kugura

Kizigenza Lionnel Messi aherutse kugaragara yambaye isaha nziza ifite agaciro k’ibihumbi £700,000 by’amapawundi y’Abongereza, nyuma y’izindi yari asanzwe atunze. Uyu musore usanzwe akinira ikipe ya Inter Miami muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari mu bakinnyi ba ruhago bafite agatubutse binatuma atunga imodoka, imyambaro ndetse n’ibindi birimo n’amasaha yambara bihenze. Dore urutonde rw’abakinnyi 10 b’umupira…

Read More

Umuyobozi bwa Premier League bwagize icyo buvuga ku kugabanya amakipe akava kuri 20 agashyirwa kuri 18

Umuyobozi wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cy’Ubwongereza, Richard Masters yatangaje ko nta gahunda nimwe ihari yo kugabanya umubare w’amakipe akina Premier League. Ibi yabitangaje mu gihe Impuzamashyirahamwe ya Ruhago ku Isi “FIFA” iteganya kongera umubare w’amakipe ikina igikombe cy’Isi cy’ama-club akava kuri 32 akaba yagera kuri 48 cyangwa kuri 64. Uretse FIFA itekereza…

Read More

UBUSESENGUZI BWUJE IMIBARE : Arsenal yiteze byinshi kuri Viktor Gyökeres, bitari ugutsinda gusa

Nyuma y’umwaka w’imikino wa 2024-2025 aho Arsenal yagize ibihe byiza ariko ikaza kurangiza ku mwanya wa kabiri inyuma ya Liverpool, ikibazo cyabaye kimwe: kuba itarabonye ibitego bihagije. Mu gihe yinjije ibitego 69 gusa, Liverpool yatsinze 86 – itandukaniro ry’ibitego 17, ryari rihagije ngo ribe umwanzuro w’igikombe. Nyamara, si ugutsinda gusa kwari ikibazo. Arsenal ntiyabashije no…

Read More

Ikipe yo mu gihugu cya Misiri yasinyishije Mugisha Bonheur

Mugisha Bonheur uzwi nka “Casemiro” yamaze gusinyira ikipe ya Al Masry ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cya Misiri (Egyptian Premier League). Uyu musore ukinira ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru “Amavubi” yari asanzwe akinira ikipe ya Stade Tunisien ikina icyiciro cya mbere muri Tuniziya. Ni ikipe yasinyiye mu mwaka 2024 ariko kuva yayigeramo…

Read More

Watkins na Šeško bari ku rutonde rwa Manchester United – bagereranywa bate na Højlund ?

Ba rutahizamu, Ollie Watkins, ukinira Aston Villa na Benjamin Šeško wa RB Leipzig, nibo bari ku isonga ku rutonde rwa ba rutahizamu Manchester United ishobora kugerageza kugura muri iri soko ryo kugura no kugurisha abakinnyi riri gukorwa ubu. Hari icyemeza ko mu buyobozi bwa United bagomba gutangira kugurisha bamwe mu bakinnyi batagikenewe kugira ngo babone…

Read More

CAF yadabagije amakipe azitabira ‘CHAN’ kubera amafaranga yashyizwemo

Mu gihe guhera tariki 02 kugeza ku ya 30 Kanama 2025, hategerejwe itangira ry’igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo ‘CHAN’ hamaze kongerwa amafaranga azahabwa amakipe azitabira iri rushanwa. Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika “CAF” yongereye muri rusange amafaranga ryashyiraga muri iri rushanwa aho yagejejwe kuri miliyoni 10.4 z’amadorali gusa amakipe azabona amafaranga hakurikijwe…

Read More

PSG yaciye amarenga yo gutandukana n’umuzamu wayo Gianluigi Donnarumma

Paris Saint-Germain yamaze gutangira urugendo rwo kumvikana n’umuzamu mushya bikaba bivuze ko ahazaza ha Gianluigi Donnarumma hashobora guhinduka, aho Manchester United na Manchester City biteguye guhita bamusinyisha. Man United iracyashaka umusimbura wa Andre Onana nyuma y’imyaka ibiri itaramuhiriye, aho yakoze amakosa 8 yatanze ibitego, akarusha abandi banyezamu bose muri Premier League. Manchester City na yo…

Read More

Rayon sports irimo Rutanga Eric yatangiye imyitozo

Ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa gatandatu wa tariki 11 Nyakanga 2025, yakoze imyitozo ifunguye ku nshuro ya gatatu yitegura umwaka utaha w’imikino wa 2024-2025 imyitozo yagaragayemo abakinnyi bashya. Ni imyitozo yabereye ku kibuga n’ubundi gisanzwe gikorerwaho imyitozo n’iyi kipe cya Nzove , umutoza mukuru Afhamia Lotfi niwe wakoresheje imyitozo ari kumwe n’umwungiriza we…

Read More