DailyBox

Rutsiro : RIB yafunze abarimo gitifu w’umurenge bakekwaho Ibyaha bya ruswa

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu bane barimo abayobozi batatu bo mu Murenge wa Manihira mu Karere ka Rutsiro,rubakurikiranyweho ibyaha byo gukoresha ububasha bahabwa n’itegeko mu nyungu bwite no gukoresha inyandiko mpimbano. Abafunzwe ni Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Manihira, Basabose Alexis, n’ushinzwe Iterambere ry’Ubucuruzi n’Umurimo muri uwo Murenge, Hategekimana Victor, ndetse na…

Read More

TChad : Ishyaka rya Perezida Mahamat Idriss Deby ryatsinze amatora

Komisiyo y’amatora yo mu gihugu cya Tchad yatangaje ko Ishyaka riri ku butegetsi muri iki gihugu ariryo ryegukanye imyanya myinshi mu matora y’abadepite yabaye mu kwezi gushize  nubwo ibi bisubizo by’agateganyo byamaganwe n’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi . Abicishije kuri Televiziyo y’igihugu Ahmed Bartchiret, ukuriye Komisiyo y’amatora  yatangaje ko Ishyaka rya Perezida uriho witwa Mahamat Idriss…

Read More

Gasabo : Ubushinjacyaha bwareze umugabo wishe umwana w’umukobwa nyuma yo kumusambanya

Kuri iki cyumweru tariki ya 12 / Mutarama / 2025 ,Ubushinjacyaha Ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwagejeje imbere y’Urukiko dosiye y’umugabo w’imyaka 47 wishe umwana w’umukobwa w’imyaka 17 y’amavuko nyuma yo kumusambanya. Icyaha uyu mugabo akurikiranyweho cyabereye mu mudugudu wa Rebero, akagari ka Rugando, umurenge wa Nyarugenge, mu Karere ka Bugesera ku itariki ya 15…

Read More

Kigali : Minisiteri y’Urubyiruko yasabye urubyiruko gukaza ingamba zo kwirinda Virusi Itera SIDA

Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi yongeye gusaba urubyiruko gushyira imbaraga mu kwirinda Virusi Itera SIDA, nyuma y’uko ubwandu bwayo bukomeje kwiyongera mu rubyiruko. Ibi byatangajwe mu gihe imibare iherutse gutangazwa n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare igaragaza ko muri 2023 abarenga 9,000 basanzwemo Virusi itera SIDA. Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Utumatwishima J. Nepo Abdallah yasabye urubyiruko gukomera ku…

Read More

Indege ya Pyramids fc yakuyemo Apr fc yahuye n’ikibazo cy’umwuka bituma ihagaragara igitaraganya

Ku wa Gatandatu, tariki ya 11 Mutarama 2025, ikipe ya Pyramids FC yo mu Misiri yakinnye umukino w’Umunsi wa Gatanu w’amatsinda ya CAF Champions League, itsinda Sagrada yo muri Angola 1-0 , nyuma yo gutsinda, Pyramids yizeye gukomeza muri ¼ cya shampiyona, ariko ikibazo cy’indege cyateye impagarara. Indege yari itwaye abakinnyi ba Pyramids FC hamwe…

Read More

Musanze : Ba Offisiye bagera kuri 45 bashyize akadomo ku mahugurwa ku mikorere ya kinyamwuga n’ubuyobozi

Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda (NPC) riherereye mu Karere ka Musanze, ryasoje amahugurwa y’abapolisi ku rwego rwa ba ofisiye bato, agamije kongerera ubumenyi mu bijyanye n’imikorere ya kinyamwuga no kuyobora. Aya mahugurwa y’abagera kuri 45, yitabiriwe n’abapolisi bo mu bihugu bitandukanye, barimo 15 bakomoka muri Sudani y’Epfo, 21 bo muri Polisi y’u Rwanda, n’abahagarariye…

Read More

DRC na Uganda bishobora gucana umubano wabyo kubera amagombo ya Gen Muhoozi Kainerugaba

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko ishobora guhagarika umubano ifitanye na Uganda ndetse n’ibikorwa bya gisirikare bihuriyemo, kubera amagambo yanditswe na Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda. Ibi byatangajwe nyuma y’uko Gen Muhoozi akomeje gutangaza ubutumwa ku rubuga rwe rwa X, ashimangira ko ashobora kugaba ibitero ku bacanshuro b’abazungu bari muri…

Read More

Abasore bafite imiterere yo kuryamana n’abo bahuje ibitsina bazajya bahabwa ubupadili

Kuri iki cyumweru  , Kiliziya Gatolika  yatangaje ko yemeje  icyemezo gishya kirebana n’abagabo bafite ibyiyumvo byo kuryamana n’abo bahuje ibitsina ko bemerewe kuba bahabwa ubupadili .  Mu itangazo ryashyizweho umukono n’Inama y’Abepisikopi yo mu Butaliyani (CIE) mu Ukwakira 2024, ryemeza ko abagabo bafite ubwo bwoko bw’imyemerere bemerewe kuba abapadiri igihe cyose bemeye gukomeza kuba ingaragu…

Read More