DailyBox

Paper Talk [ Europe ] : Axel Disasi ashobora kwerekeza muri Tottenham Hotspur

1.Ikipe ya Tottenham Hotspur yatangaje ko yifuza myugariro w’imyaka 26 w’umufaransa ukinira ikipe ya Chelsea witwa Axel Disasi mu gihe ibyo kugura Fikayo Tomori muri AC Milan bisa nk’ibigoranye . [ FOOTBALL LONDON ] 2. Ikipe ya Manchester United biravugwa ko iri kwifuza gusinyisha umwataka ukomoka mu Bufaransa witwa Mathys Tel w’imyaka 19 ukinira ikipe…

Read More

Today in History : Dore ibyo wamenya kuri tariki 2 Gashyantare

Tariki ya 2 Gashyantare ni umunsi wa 33 mu igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 332 tukagana ku musoza w’uyu mwaka ; dore iby’ingenzi twagerageje kubegeranyiriza byawuranze mu mateka . 1848 : Hashyizwe umukono ku masezerano yiswe Treaty of Guadalupe Hidalgo yari agamije gushyira iherezo ku ntambara yari ishyamiranishijemo igihugu cya Mexique na leta zunze ubumwe…

Read More

DRC yasabye ko hashingirwa ku masezerano ya Addis Ababa hagafatirwa ibihano u Rwanda

Urwego rwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo rushinzwe kugenzura amasezerano ya Addis Ababa rwasabye ko u Rwanda rwafatirwa ibihano bikomeye ku rwego mpuzamahanga nyuma y’igitero ruvuga ko rwagabye mu burasirazuba bwa DRC . Mu itangazo rigenewe itangazamakuru ryashyizweho umukono na Prof . Ntumba Lwamba usanzwe ari umuyobozi w’uru rwego ryashizwe hanze ku wa gatandatu tariki…

Read More

Perezida Ndayishimiye yatangaje icyo abona cyahagarika intambara muri DRC

Ku munsi wejo perezida w’ u Burundi Ndayishimiye Evariste yahamagariye imiryango mpuzamahanga gushyigikira ingamba zose zashyizweho zigamije gushyira iherezo ku ntambara iri kubera mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo . Ibi yabitangarije mu nama nyunguranabitekerezo yahuje inzego z’ububanyi n’amahanga bw’iki gihugu ndetse n’imiryango mpuzamahanga yemewe mu Burundi , Agaruka kuri iyi ntambara ishyamiranishije…

Read More

Kigali : RIB yataye muri yombi 7 barimo Kwizera Emelyne ‘Ishanga’

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha [ RIB ] rumaze gutangaza ko rwataye muri yombi abarimo Kwizera Emelyne wamenyekanye nk’ishanga n’itsinda ry’abantu umunani bari barakoze itsinda ryo ku rubuga rwa WhatsApp ryitwa ‘Rich gang’ rigamije gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni muri rubanda . Amakuru avuga ko aba basore n’inkumi bifataga amashusho bari gukora imibonano mpuzabitsina bakayasangiza abagabo n’abagore kugira ngo…

Read More