Ese inama ya EAC yazatuma Tshisekedi yemera kuganira na M23
Umuryango wa Afurika y’iburasirazuba ndetse n’umuryango w’Afurika y’amajyepfo bemeranije ko abakuru b’ibihugu binyamuryango bazjya ku meza y’ibiganiro bakaganira ku bibazo by’umutekano bibarizwa mu burasirazuba bwa DRC. Perezida wa Kenya William Ruto akaba n’umuyobozi w’umuryango w’afurika y’iburasirazuba , yatangaje ko Perezida Kagame na Mugenzi we uyobora DRC Felix Tshisekedi nabo bazitabira iyi nama y’ikubagaho . Mu…