DailyBox

Ese inama ya EAC yazatuma Tshisekedi yemera kuganira na M23

Umuryango wa Afurika y’iburasirazuba ndetse n’umuryango w’Afurika y’amajyepfo bemeranije ko abakuru b’ibihugu binyamuryango bazjya ku meza y’ibiganiro bakaganira ku bibazo by’umutekano bibarizwa mu burasirazuba bwa DRC. Perezida wa Kenya William Ruto akaba n’umuyobozi w’umuryango w’afurika y’iburasirazuba , yatangaje ko Perezida Kagame na Mugenzi we uyobora DRC Felix Tshisekedi nabo bazitabira iyi nama y’ikubagaho . Mu…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: JS Kabylie nyuma yo kurekura Djibril Ouattara waje muri APR FC yarekuye undi mu kinnyi

1.Ikipe ya JS Kabylie yamaze gutandukana n’uwari umukinnyi wayo Sadio Kanoute akaba akomoka mu gihugu cya Mali akaba akina hagati mu kibuga, ni nyuma y’uko iyi kipe ibarizwa mu gihugu cya Algeria yatandukanye kandi na Djibril Ouattara waje gusinyira ikipe ya APR FC bikavugwa ko yahawe 99$ kugirango asinyire iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu. [MICKYJR] 2.Tombora…

Read More

TO DAY IN SPORTS HISTORY: Ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe n’Isonga ibitego 3-1, Alexia Putellas ukinira Barcelona yaravutse

Tariki ya 4 Gashyantare ni umunsi wa 35 mu igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 330 tukagana ku musoza w’uyu mwaka ; dore iby’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka ya Siporo . 1931: Hafunguwe  ku mugaragaro  imikino ya Olympic Games yabereye muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika mu gace ka Lake Placid,  muri leta  ya New York….

Read More

Paper Talk [ Europe ] : Chelsea ishobora gutungura benshi igasinyisha Garnacho

1.Ikipe ya Chelsea ishobora gutungurana igahita igura ku munsi wa nyuma w’iri soko ry’igura n’igurisha rutahizamu w’imyaka 20 wa Manchester United witwa Aljendro Garnacho ukomoka muri Argentine . [ FOOTBALL LONDON ] 2. Nubwo ikipe ya Tottenham Hotspur yamaze kwemeranya na Chelsea kuba batizwa myugariro Axel Disasi w’imyaka 26 gusa uyu mufaransa arifuza kwigira mu…

Read More

USA yasabye abaturage bayo bari muri Kinshasa guhunga bwangu!

Mu kanya gashize , Ibiro by’ambasade ya Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika bimaze gutangaza ko byamaze kugabanya umubare w’abakozi bakora umunsi ku munsi muri iyi Ambasade ndetse biburira abanyamerika bari muri Kinshasa gukora uko bashoboye bagahunga iki gihugu kubera impamvu z’umutekano . Mu itangazo iyi ambasade imaze gushyira ahagaragara , iyi ambasade yabwiye abayigana umunsi…

Read More

Kanye west na Bianca Censori bari barimbye bitangaje bivanye muri Grammy Awards by’amaherere!

Kanye West yikuye mu bahatanira bihembo bya Grammy Awards mu buryo bukomeje gutungura benshi nyuma yuko hari hashize igihe gito agaragaragaye aha tangirwaga ibi bihembo ari kumwe n’umufasha we Bianca Censori batambuka kuri tapi itukura mu mujyi wa Los Angeles . Uyu muraperi w’imyaka 47 y’amavuko hamwe na Bianca Censori wari mu myambaro igaragaza ibice…

Read More

Donald Trump agiye guhagarikira Afurika y’Epfo inkunga

Perezida Donald Trump yatangaje ko agiye guhagarika ubufasha bwose igihugu ayoboye cyageneraga Afurika y’Epfo ndetse ko yanatangije iperereza ku itegeko rishya ryazanwe muri iki gihugu ashinja gushyigikira ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu muri iki gihugu . Ku munsi wejo nibwo , Trump yatangaje ko ahagarikiye Afurika yepfo imfashanyo zose yahabwaga na Leta zunze ubumwe z’Amerika nyuma…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Abafatanyabikorwa ba Rayon Sports bayisezeranyije ibintu bikomeye mu nama y’inteko rusange

Igihugu cya Libya cyari cyarazahajwe n’intambara gishobora kuza kuba igihugu cya mbere gifite amasitade menshi yemewe n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Africa ‘CAF’ bitarenze umwaka wa 2026.[MICKYJR] Ikipe ya Stellenbosch FC ibarizwa muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cya Africa y’Epfo yamaze gusaba CAF ko imikino yayo ya CAF Confederations ya 1/4 yazayikinira Cape Town…

Read More