DailyBox

M23 yihanangirije leta ya DRC na UN

Ihuriro ry’umutwe wa AFC / M23 ryahamagariye umuryango w’abibumbye hamwe leta ya DRC kureka gukomeza kwirengagiza ukuri kwihishe inyuma y’impfu z’abasivile mu mujyi wa Goma . Imibare ituruka muri raporo y’iri huriro rya M23 yerekana ko abapfiriye muri iyi mirwano bagera kuri 2500 barimo ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ,ingabo z’u Burundi ,abacanshuro…

Read More

Rusizi : Habonetse ibisasu byo mu bwoko bwa Gerinade

Mu karere ka Rusizi haravugwa inkuru y’abaturage batoraguye ibisasu mu mirima yabo ubwo bari mu bikorwa by’ubuhinzi byabo bya buri munsi ndetse bikagekwa byaba byarasizwe n’ingabo za Repubulika ya kabiri yayoborwaga na Perezida Habyarimana Juvenal . Mu mudugu wa Tawuni ,mu kagari ka Nganzo ko mu murenge wa Kivumu niho hagaragaye igisasu cya mbere cyabonwe…

Read More

Paper Talk [ Europe ] : Manchester united iracyiteguye kugurisha Garnacho na Kobbie Mainoo

1. Ikipe ya Manchester united biravugwa ko kiteguye kujya mu biganiro n’ikipe iyo ariyo yose yakwifuza gusinyisha abarimo rutahizamu wayo w’umunya Argentina witwa Aljandro Garnacho ndetse na Kobbie Maino w’imyaka 19 .[ THE GUARDIAN ] 2.Rutahizamu w’umunya – Brazil witwa Matheus Cunha biravugwa ko agomba kwerekeza mu makipe manini yo mu gihugu cy’Ubwongereza nubwo Wolvermpton…

Read More

PAPER TALK[Rwanda&Africa]: Mitima Isaac wakiniye ikipe ya Rayon Sports yatandukanye n’ikipe ya kiniraga

COSAFA na CECAFA zanzuye ko zizashyigikira Andrew Kamanga na Souleilan Hassan Waberi mu matora y’akanama gafata ibyemezo, mu mpuzamashyirahamwe y’aruhago ku isi ‘ FIFA’ ateganyijwe muri Werurwe 2025.[BB Kigali FC] Umutoza w’Umudage w’imyaka 45, Sead Ramović yamaze gutandukana n’ikipe ya Young Africans nyuma y’iminsi 81 atoza iyi kipe, ibi bije nyuma yo kubona akandi kazi…

Read More

TO DAY IN SPORTS HISTORY 05/02/2025: Byiringiro Lague na Ishimwe Anicet bongereye amasezerano muri APR FC,Cristiano Ronaldo aravuka

Tariki ya 5 Gashyantare ni umunsi wa 36 mu igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 329 tukagana ku musozo w’uyu mwaka ; dore iby’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka ya Siporo . 2011: Ikipe ya Newcastle United yanganyije  n’ikipe  ya Arsenal ibitego bine kuri bine(4-4),  icyo gihe Arsenal yabanje ibitego bine mu gice cya mbere  ikipe…

Read More

Biramahire Abeddy yashyize umucyo ku mpamvu yagarutse gukina mu Rwanda

Umukinnyi Rayon Sports iherutse gusinyisha Biramahire Abeddy yavuze ko impamvu yavuye mu ikipe yakiniraga mu gihugu cya Mozambique ari umutekano mucye wari muri iki gihugu. Uyu musore ukina nka rutahizamu yaba aciye hagati ndetse no ku mpande yasinyiye ikipe ya Rayon Sports ku mpera y’ifunga ry’isoko ry’ukwezi kwa mbere 2025 ndetse bikaba byaratunguye benshi kuko…

Read More

Aston Villa yasinyishije myugariro w’ikipe ya Chelsea

Ikipe ya Aston Villa yatangaje ko yasinyishije myugariro w’umufaransa w’imyaka 26 ku ntizanyo imuvanye mu ikipe ya Chelsea akaba agomba kuzayikinira kugeza mu mpera z’uyu mwaka w’imikino . Ikinyamakuru cyitwa Sky Sports cyatangaje ko ikipe ya Aston Villa igomba kwishyura amafaranga angana na miliyoni 6 z’amapawundi ndetse n’andi mafaranga arengaho azajyendera mu gice cy’imishahara y’uyu…

Read More