DailyBox

Rodri wavunitse, yongerewe ku rutonde rw’abakina imikino ya UEFA champions league

Nubwo byari biteganyijwe ko azamara hanze y’ikibuga igihe kirekire, bitunguranye Rodri Cascante, ukomoka mu gihugu cya Esipanye,yashyizwe ku rutonde rw’abemerewe gukinira ikipe ya Manchester City, mu majonjora y’imikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo (UEFA champions league). Uyu mukinnyi ukina hagati nk’uwugarira (DM) amaze igihe kinini atagaragara mu kibuga nyuma yo kugira imvune ikomeye yo mu…

Read More

DRC : M23 yashinje MONUSCO kurekura inkozi z’ibibi

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwashinje ingabo z’umuryango z’umuryango w’abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika iharanire Demokarasi ya Kongo [MONUSCO ] kugira uruhare mu irekurwa ry’abarimo ingabo za FARDC ndetse n’abarwanyi ba FDLR bari baratawe muri yombi n’uyu mutwe ubushinja ubwicanyi bw’abasivili bwabereye mu mujyi Goma . Mu itangazo ryashinzwe ahagaragara ku munsi wejo tariki…

Read More

Imirambo y’abasirikare ba Afurika y’Epfo baguye muri DRC yanyujijwe mu Rwanda

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 7 Gashyantare 2025 , imibiri y’abasirikare b’Afurika y’epfo basaga 14 baherutse kugwa mu mirwano iherutse gushyamiranya FARDC ndetse n’umutwe wa M23 yanyujijwe mu Rwanda ijyanwe mu gihugu bakomoka kugirango ijye guhashyingurwa mu cyubahiro. Iyi mibiri y’izi ngabo z’Afurika yanyujijwe mu Rwanda icishijwe ku mupaka munini uhuza u Rwanda na…

Read More

PAPER TALK[RWANDA&AFRICA]: Abakinnyi 2 b’Abanyarwanda bakinaga i Burayi baje gukina muri Africa, ishyirahamwe ry’aruhago muri Congo ryahagaritswe na FIFA

Impuzamashyirahamwe y’aruhago ku isi ‘FIFA’ yahagaritse amashyirahamwe abiri kubera kunyuranya n’amabwiriza y’ayo ayo ni ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Congo-Brazzaville( FECOFOOT0 ni rya Pakistan (PFF) . [FIFA] Umunya-Ivory Coast Aubin Kramo Kouamé w’imyaka 28 yamaze kwerekeza mu ikipe ya Ittihad Alex SC mu gihugu cya Misiri, ku masezerano y’umwaka umwe n’amezi atanu, uyu musore akaba yarakiniye…

Read More

TO DAY IN SPORTS HISTORY 07/GASHYANTARE: Perezida Paul Kagame yasuye ikipe y’Igihugu Amavubi arayishimira, Morocco yegukanye CHAN 2020

Tariki ya 7 Gashyantare ni umunsi wa 38 mu igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 327 tukagana ku musozo w’uyu mwaka ; dore iby’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka ya Siporo . 1993: Ikipe ya Tottenham Hotspur yatsinze Southampton  ibitego bine kuri bibiri(4-2), byatumye ihita yuzuza amanota 35 ku mwanya wa 12 ihita inarusha amanota atanu…

Read More

Musa Esenu yahishuye uko urugendo rwe muri Rayon Sports rwagenze

Umukinnyi ukomoka mu gihugu cya Uganda witwa Musa Esenu wigeze gukinira ikipe ya Rayon sports yatangaje ko urugendo rwe muri iyi kipe rwaranze n’amahirwe kuko yajyaga atsinda ibitego by’ingenzi byakunze gutanga amanota kuri Rayon Sports . Mu kiganiro cyirambuye uyu musore yagiranye n’ikinyamakuru cya BB Kigali , uyu rutahizamu w’umugande yatangaje ko yagiriye ibihe byiza…

Read More

PAPER TALK[RWANDA&AFRICA]: Abakoranye na Torsten Spittler mu Amavubi barishyuza FERWAFA, Umukinnyi Rayon Sports iherutse kugura yageze mu Rwanda

Nyuma y’uko ikipe ya AS FAR itandukanye n’uwari mutoza wayo Hubert Velud ukomoka mu Bufaransa , biri kuvugwa ko yamaze kumvikana na Fadlu Davids nk’ushobora kuza kuyitoza, uyu mugabo akaba akomoka mu gihugu cya Africa y’Epfo.[MICKYJR] Igihugu cya Tunisia kirifuza gutwara umutoza wa Kaizer Chiefs Nasreddine Nabi gusa niba iki gihugu kimwifuza kigomba kwishyura asaga…

Read More

Igihugu cya Malawi cyabaye icya mbere mu kwivaniramo akabo karenge mu ntamara ya Congo na M23

Leta y’igihugu cya Malawi yamaze kubwira ingabo zayo ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziriyo mu rwego rwo kubungabunga abahoro [nk’uko zo zibivuga] kwitegura gutaha. Binyuze kuri perezida w’iki gihugu Lazarus Chakwera yasabye ko hahita hatangira imyiteguro y’ikubagaho yo kugaruka kw’ingabo z’igihugu cye  MDF (Malawi Defence Force) mu gihe urugamba mu burasirazuba bwa…

Read More

TO DAY IN SPORTS HISTORY 06/GASHYANTARE: Amavubi yanganyije na Uganda mu gihe Senegal yegukanye igikombe cya Africa

Tariki ya 6 Gashyantare ni umunsi wa 37 mu igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 328 tukagana ku musozo w’uyu mwaka ; dore iby’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka ya Siporo . 1998: Umunya-Wales Gary Andrew Speed yerekeje mu ikipe ya Newcastle United avuye  mu ikipe ya Everton, icyo gihe ikipe ya Newcastle United  yatozwaga na…

Read More