DailyBox

DRC:Hatangajwe agace kagiye kwimurirwamo ibigo bya leta byari muri Goma

Kuri iki cyumweru tariki ya 9 Gashyantare 2024 ,Guverineri w’intara ya Kivu y’amajyaruguru yategetse ko ibiro by’inzego bwite za leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo biherereye muri Goma ko bigomba kwimurwa bikajyanwa mu gace ka Beni mu gihe hategerejwe ko uyu mutwe ubanza gutsinsurwa na FARDC muri kariya gace wamaze kwigarurira. Ibyicaro by’ibigo bya…

Read More

Ubusesenguzi ku gusohorwa kw’igitaraganya kwa Moussa Faki mu nama ya EAC -SADC

Ku munsi wejo i Dar es Salam mu nama idasanzwe yari ihuriwemo n’ibihugu binyamuryango bya EAC na SADC yigaga ku bibazo by’umutekano muke byarimo bigaragara mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo hagiye habamo icyimeze nk’amarorerwa ndetse n’udushya twatangaje benshi bakurikiraga iyi nama Uyu munsi itsinda ry’ubwanditsi mu gisata cya politiki mu kinyamakuru Daily…

Read More

Rutahizamu mushya wa APR FC yongeye kumwenyuza abakunzi b’iyi kipe abaha amanota atatu

Ikipe ya APR FC yitwaye neza ku mukino wa mbere w’igice cya kabiri cya shampiyona y’u Rwanda “Rwanda Premier League batsinda Kiyovu Sports ibitego bibiri kuri kimwe(2-). Ni umukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium , utangira ku isaha y’i saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, ukaba wari umukino waruje ukurikiye indi mikino ine yabanjirije uyu. Amakipe yombi…

Read More

Dore icyo Perezida Kagame atangaza kuri politiki ya Donald Trump

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahaye igisubizo icyifuzo cya Donald Trump wakunze kumvikana yemeza ko yifuza guhagarikira imfashanyo igihugu ayoboye kigenera ibihugu by’amahanga birimo n’ u Rwanda . Ubwo yari abibajijweho n’umunyamakuru rurangiranwa ukorera televiziyo ya CNN witwa Larry Madowo , Perezida Kagame yagize ati : “Perezida Trump afite uburyo budasanzwe akoramo bwo gukoramo ibintu…

Read More

Paper Talk [ Europe ] : Chelsea irashaka Antoine Semenyo ! – Ibyasohotse mu binyamakuru

1.Ikipe ya chelsea iri gutegura miliyoni zisaga 50 z’amayero kugirango irebe ko yajya ku isoko ikaza rutahizamu w’umunye – Ghana ukinira ikipe ya Bournemouth w’imyaka 25 witwa Antoine Semenyo . [ ONE FOOTBALL ] 2. Umwongereza w’imyaka isaga 31 ukinira ikipe ya Bayern Munich witwa Harry Eduard Kane biravugwa ko mu mpeshyi itaha ashobora kwerekeza…

Read More

Ishyirwaho ry’agahenge mu myanzuro myinshi yafatiwe i Dar es Salam

Inama yaberaga muri Tanzania y’abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC, yigaga ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa DRC, yafashe imyanzuro irimo ko ibikorwa by’urugomo bihagarara, hagatangwa agahenge. Iyo nama yasabye ko hasubukurwa ibiganiro hagati y’ibihugu birebwa n’iki kibazo ndetse n’izindi mpande zaba iza gisirikari n’iza gisivili, harimo n’umutwe wa M23. Ubwo yatanganga ijambo kubitabiriye…

Read More

Rusizi : Ba rwiyemezamirimo bambuwe bafashe icyemezo cyo kurara ku biro by’akarere

Mu karere ka Rusizi haravugwa inkuru y’aba Rwiyemezamirimo bagiye bagemura ibiribwa mu mwaka wa 2023 mu bigo by’amashuri bitandukanye biherereye hirya no hino mu mirenge itandukanye yo muri aka karere bamaze hafi umwaka n’igice bambuwe n’ubuyobozi bw’akarere ndetse magingo aya bakaba barafashe icyemezo cyo kurara ku biro by’akarere. Bamwe muri bano baturage bavuga ko baberewemo…

Read More

AMAKURU MASHYA : By’amaherere ,Tshisekedi ntiyitabiriye inama ya EAC muri Tanzania

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 8 Gashyantare 2025 , Perezida Felix Tshisekedi Tshilombo uyobora Repubulika iharanira Demokarasi yatangaje ko ataza kuboneka mu nama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu binyamuryango wa EAC na SADC iteganijwe kubera mu i Dar es salam ahubwo ko yohereje intumwa igomba kumuhagararira . Bitunguranye , Perezida Felix Tsisekedi yatangaje ko ataza kuboneka…

Read More

Nyamasheke : Ubujurire bwa Sgt Minani Gervais bwateshejwe agaciro

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 7 Gashyantare 2024 ,Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwategetse ko igifungo cya burundu cyari cyarahanishijwe Sgt Minani Gervais, kigumaho nyuma yo gushimangira ko ahamwa n’ibyaha byo kwica abantu batanu abarashe ku bushake.  Sgt Minani wari wajuririye icyemezo cy’Urukiko rwa Gisirikare kandi yari yarahanishijwe kwamburwa impeta zose za gisirikare, tariki 9…

Read More