DailyBox

M23 yaciye amarenga ko ishobora kugaba ibitero i Bukavu

Umutwe w’inyeshyamba wa M23 watangaje ko ushobora kongera kugaba ibitero bikomeye bigamije kwigarurira umujyi wa Bukavu niba ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo [ FARDC ] zikomeje ibikorwa byazo bihohotera abasivili muri kariya gace . Ihuriro rya AFC /M23 ritangaje ibi nyuma yuko ikigero cy’ihohoterwa , ubusahuzi ndetse n’ umutekano muke bikomeje kwiyongera muri…

Read More

Hatangajwe impamvu zihishe inyuma y’impinduka muri politiki y’imisoro

Kuri uyu wa Kabiri , tariki ya 2 Gashyantare 2025 , Minisiteri y’Ubucuruzi n’inganda yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru cyibanze mu gutanga ubusobonuro kuri politiki nshya y’imisoro n’impamvu yashyizweho . Bwana Sebahizi  Prudence usanzwe ari umuyobozi w’uru rwego rureberera ubucuruzi n’inganda mu gihugu yavuze ko gushyiraho imisoro mishya cyangwa kuzamura iyari isanzweho biba bigamije kwishakamo ubushobozi nk’igihugu….

Read More

Paper Talk [ Europe ] : Arsenal na Tottenham kuri rutahizamu wa Fiorentina – Ibyasohotse mu binyamakuru

1 . Amakipe arimo Arsenal na Tottenham Hotspurs yose arifuza gusinyisha Rutahizamu w’imyaka 24 ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani witwa Moise Kean ukinira ikipe ya Fiorentina. [ONE FOOTBALL ] 2.Ikipe ya Barcelona yatangaje ko yaretse ibyo gusinyisha rutahizamu w’ikipe ya Chelsea witwa Joao Felix muri iri soko ry’igura n’igurisha ryo mu kwezi gushize mbere yuko uyu…

Read More