DailyBox

Liverpool yateye intambwe ya mbere mu gusinyisha Marc Guehi

Ikipe ya Liverpool yatangiye ibiganiro by’ibanze na Crystal Palace kugira ngo ibashe gusinyisha myugariro Marc Guehi, kapiteni w’iyo kipe ndetse n’umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza. Guehi, w’imyaka 25, asigaje umwaka umwe ku masezerano ye muri Palace. Perezida w’iyo kipe, Steve Parish, yatangaje ko ashobora kugurishwa muri iyi mpeshyi kugira ngo batazamurekura ku buntu umwaka utaha….

Read More

CAF yongeye gufatira ibihano kenya

Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF) yafashe icyemezo cyo kugabanura umubare w’abafana bari kwakirwa ku kibuga muri Kenya kubera akavuyo kamaze imitsi kagaragara. Ni ibihano byafashwe biza bikurikira ibyo nanone Kenya yari yarahawe byo kwishyura miliyoni 2.5 z’amashilingi byatewe n’akavuyo mu mitegurire y’iki gihugu mu irushanwa yakiriye rya CHAN2024 gifatanyije na Uganda ndetse na Tanzania….

Read More

Newcastle United yakuriye inzira ku murima Alexander Isak

Rutahizamu w’Umunya-Suwede, Alexander Isak, yanenze ikemezo cya Newcastle United cyo kumubuza kwerekeza mu ikipe ya Liverpool yari yiteguye kumusinyisha ndetse yatanze ubusabe bwayo kuri iyi kipe y’umutoza Eddie Howe. Nk’uko “The Telegraph” ibitangaza, uyu mukinnyi w’umunyasuwede ntiyashimishijwe n’iyi nkuru, kandi biteganyijwe ko azakomeza imyitozo ye ku giti cye atari kumwe n’ikipe ya mbere. Newcastle United…

Read More

Biramahire Abeddy yatsinze hat-trick ku mukino we wa mbere

Rutahizamu w’Umunyarwanda, Biramahire Abeddy yatangiye yitwara neza mu ikipe ye nshya ya Entente Sportive Sétifienne ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Algeria mu mukino wo kwitegura umwaka mushya w’imikino. Uyu musore yatsinze ibitego bitatu wenyine mu mukino ikipe ye ya Entente Sportive Sétifienne yatsinzemo AL SHELF FC ibitego bine kuri bitatu(4-3). Ni umukino wabaye kuri…

Read More

Umugande uherutse gutandukana na APR FC yabonye ikipe nshya

Ikipe ya Vipers SC ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cya Uganda (Uganda Premier League) yemeje ko yasinyishije Taddeo Lwanga nyuma yo gutandukana n’ikipe y’ingabo z’Igihugu cy’u Rwanda (APR FC). Lwanga yasinye amasezerano y’umwaka umwe harimo amahitamo yo kuzongera undi mwaka aramutse yitwaye neza cyane ko Vipers SC izakina n’imikino Nyafurika ya CAF Champions…

Read More

Benjamin Sesko asa nk’uwamaze kwerekeza muri Manchester United

Manchester United yatangaje ko yamaze kumvikana na Red Bull Leipzig ku igurwa ry’umunyarwenya w’imyaka 22 ukomoka muri Slovenia, Benjamin Sesko, mu masezerano agera kuri miliyoni £73.7 (ni ukuvuga miliyoni 85 z’amayero). Aya masezerano arimo miliyoni £66.3 (76.5m euros) azishyurwa ako kanya, andi akaba azongerwaho mu byiciro bijyanye n’imyitwarire n’umusaruro w’uyu mukinnyi. Sesko ategerejwe i Manchester…

Read More

David Seaman yatangaje Abazamu 5 b’Indashyikirwa mu mateka ya Premier League

Iyo abantu benshi batekereje ku izina ry’umuzamu mwiza wabayeho muri Premier League, izina rimwe rihita riza mu mutwe ni David Seaman. Uyu mukinnyi wahoze ari uwa Arsenal ndetse n’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza, aracyafatwa nk’umwe mu bazamu beza iki gihugu cyagize. Mu bihe by’ingenzi yagize, harimo gutwara ibikombe bya Premier League ndetse n’uburyo yasigaranye amateka mu…

Read More

APR FC yatumiye Rayon Sports mu mikino yateguye

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’u Rwanda (APR FC) yatangaje gahunda yiswe inkera y’abahizi icyumweru kizaba kirimo gahunda zinyuranye zigamije kwitegura umwaka mushya w’imikino ndetse no kwegera abafana ba ekipe. Ni igikorwa nyirizina kizatangira tariki 17 Kanama 2025, kikazabimburirwa n’umukino uzahuza APR FC na Power Dynamos F.C yo muri Zambiya kuri sitade Amahoro. Mu Kiganiro Chairman wa…

Read More