Liverpool yateye intambwe ya mbere mu gusinyisha Marc Guehi
Ikipe ya Liverpool yatangiye ibiganiro by’ibanze na Crystal Palace kugira ngo ibashe gusinyisha myugariro Marc Guehi, kapiteni w’iyo kipe ndetse n’umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza. Guehi, w’imyaka 25, asigaje umwaka umwe ku masezerano ye muri Palace. Perezida w’iyo kipe, Steve Parish, yatangaje ko ashobora kugurishwa muri iyi mpeshyi kugira ngo batazamurekura ku buntu umwaka utaha….