DailyBox

Ese ni ibiki Amerika ishinja Gen (Rtd) James Kabarebe byatumye imufatira ibihano?

Ibiro bishinzwe kugenzura umutungo wo hanze Office of Foreign Assets Control (OFAC) bya Minisiteri y’Imari ya Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika yafatiye ibihano Gen (Rtd) James Kabarebe. James Kabarebe asanzwe ari Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda, gusa ibi bihano byamaganwe n’u Rwanda biciye ku muvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda,…

Read More

Umutwe wa twirwaneho w’Abanyamulenge wavuze ku bijyanye n’urupfu rwa Gen. RUKUNDA Michael alias Makanika

Ubuyobozi bw’Umutwe wa Twirwaneho, ugamije kurengera ubwoko bw’Abanyamulenge, wemeje amakuru y’urupfu rwa Col Rukunda Michel uzwi nka Makanika, wari umuyobozi wawo. Hari hamaze iminsi hari urujijo mu bantu bakurikiranira hafi iby’intambara yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo , ku bijyanye n’urupfu rw’uyu musirikare akaba n’ikizere cy’ubwoko bw’Abanyamulenge. Biciye mu itangazo uyu mutwe…

Read More

Menya ibice bimwe na bimwe bibarizwa muri Congo byarahoze mu Rwanda ndetse n’amazina y’ikinyarwanda byitwa

Mu bitero byo kwagura u Rwanda, abakurambere b’u Rwanda bagiye bakoresha ubugenge bwo kwimukana inyito z’ahantu hari mu Rwanda, bakazijyana ku butaka bushya bigaruriye nk’igihamya cy’uko habaye ahabo. Ibi bikaba igihamya cy’uko muri DR Congo hari ubutaka bunini abazungu bakase bakabwomora ku Rwanda. Dore inyito z’imisozi iri muri DR Congo zahawe inyito n’abakurambere b’u Rwanda…

Read More

Igikombe cy’Amahoro cyaryoshye; Rayon Sports na APR FC bazahura nande muri 1/4 cyirangiza?

Igikombe cy’Amahoro 2025, kirarimbanyije aho imikino ya 1/8 yagannye ku musozo, hakaba hagiye gukurikiraho imikino ya 1/4 , hashakwa ugomba gusimbura ikipe y’Igipolice cy’Urwanda ya cyegukanye umwaka ushize w’imikino 2023-2024. Imikino ya 1/8 cyirangiza yashyizweho akadomo kuri uyu wa Kane tariki ya 20 Gashyantare 2025, mu mukino ikipe ya Gorilla FC yanganyijemo n’ikipe ya City…

Read More

Ukuri ku makuru avuga ko SKOL yaba yafunze ikibuga cya Nzove Rayon Sports yakoreragaho imyitozo

Ikipe ya Rayon Sports biteganyijwe ko iza gukomeza gukorera imyitozo ku kibuga cy’Imyitozo cy’Uruganda rwa SKOL giherereye mu Nzove , mu gihe hari amakuru avuga ko iyi kipe itazongera kuhakorera. Amakipe yombi y’Abagabo n’Abagore ya Rayon Sports asanzwe akorera imyitozo kuri iki cyibuga ndetse iy’Abagore yo ihakinira n’imikino yayo ya shampiyona ndetse n’Igikombe cy’Amahoro. Kuri…

Read More

Paper Talk : Manchester united mu mavugurura – I Burayi haramutse handikwa iki ?

1. Umusifuzi w’umunya – Esipanye waretse ikirita itukura Jude Bellingham itaravuzweho rumwe biravugwa ko ari gukorwaho iperereza ryimbitse ndetse aramutse ahamwe n’iki cyaha yahanishwa imyaka itanu adakandagira mu kibuga nk’umusifuzi . [ Daily Mail ] 2. Ikipe ya Manchester United biravugwa ko igiye kugabanya abakozi bagera kuri 200 bakoraga umunsi ku munsi muri iyi kipe…

Read More

UN yashinjije M23 ibyaha byo kwica no gufata ku ngufu abana muri Bukavu

Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku burenganzira bwa muntu ryatangaje ryo ryamaganye ibikorwa by’umutwe w’inyeshyamba za M23 byo guhonyora uburenganzira bw’abana batuye mu mujyi wa Bukavu umaze iminsi mike wigaruriwe n’uyu mutwe . Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 i Geneva mu Busuwisi , Umuvugizi w’ibiro bya Komisiyo y’iri shami ry’umuryango…

Read More

Perezida wa Rayon Sports atanze umucyo kuri Roben Ngabo watangajwe na Radio/TV10 nk’umunyamakuru

Umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Thadee Twagirayezu yemeje ko Roben Ngabo acyiri umuvugizi w’ikipe ya Rayon Sports nubwo yanatangajwe nk’umunyamakuru mushya wa Radio/TV 10 Rwanda. Kuri icyi Cyumweru ku itariki ya 16 Gashyantare 2025, nibwo ibicishije ku mbugankoranyambaga zayo Radio/TV10 yatangaje Roben Ngabo nk’umunyamakuru mushya wayo mu kiganiro cy’imikino 10 Sports/Urukiko. Benshi mu bakunzi ba…

Read More