DailyBox

Ubwongereza bwemeje ko butazishyura u Rwanda mu bijyanye n’umushinga wapfubye w’Abimukira

Igihugu cy’Ubwongereza cyemeje ko ntayandi mafaranga kizaha igihugu cy’u Rwanda mu mushinga baribafitanye mu rwego rwo guhangana n’abimukira binjiraga muri iki gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Ibi byemejwe n’Umuvugizi w’Ubwami bw’u Bwongereza, ubwo yagarukaga ku byo mugenzi we w’u Rwanda Yolande Makolo yatangaje bijyanye n’iki kibazo abicishije ku rukuta rwe rwa X. Iki gihugu cyemeza…

Read More

Ikindi gihugu cy’Iburayi cyamaze gufatira ibihano u Rwanda barushinja gufasha umutwe wa M23

Igihugu cy’Ubudage cyafatiye ibihano igihugu Cy’u Rwanda rushinjwa gutera inkunga umutwe wa M23, ndetse no kugira ingabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Iki gihugu cyahagaritse inkunga y’iterambere yari kuzagenera u Rwanda nyuma y’ibindi bihugu byafatiye ibihano u Rwanda ndetse bigahagarika inkunga byateraga u Rwanda mu mishinga itandukanye. Ku ikubitiro igihugu cy’u Rwanda cyafashe icyemezo…

Read More

Uwakiniye Ikipe y’Igihugu Amavubi na APR FC yasezeranye n’umuzungu kazi

Umukinnyi wakiniye ikipe y’igihugu y’u Rwanda ndetse nandi makipe atandukanye mu Rwanda Iradukunda Jean Bertrand yasezeranye n’umukunzi we , wo muri Canada aho yimukiye mu minsi itari myinshi ishize. Uyu musore wakiniye amakipe atandukanye mu Rwanda, arimo APR FC, Gasogi United, Kiyovu Sports na Musanze FC,   ndetse akazano gukina hanze y’u Rwanda, yaje guhagarika…

Read More

Sepp Blatter na Micheal Platini bahoze bayobora FIFA bagiye kongera kugezwa mu rukiko

Sepp Blatter wahoze ari umuyobozi w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku isi [ FIFA ] n’Umufaransa Micheal Platini bagiye kongera kugaruka mu rukiko kugirango batangire kwiregura ku byaha birimo ibya ruswa bashinjwa . Mu mwaka wa 2022 , aba bagabo bombi bahanaguweho ibi byaha nyuma y’Iperereza ry’Imyaka 7 ryakozwe n’Urukiko rw’Ibanze rwo mu Busuwisi gusa abatangabuhamya baza…

Read More

Tshisekedi yahaye imbabazi imfungwa eshatu zitavugaga rumwe n’ubutegetsi bwe

Ku munsi wejo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Felix Tshisekedi yahaye imbabazi abanyepolitiki batatu batavugaga rumwe n’ubutegetsi bwe bari bafungiye muri gereza nkuru y’iki gihugu ya Makala . Aba banyapolitiki barekuwe barimo Seth Kikuni , Mike Mukebayi ndetse na Denise Mukendi bari baratawe muri yombi bakurikiranyweho ibyaha birimo kwangisha ubuyobozi buriho abaturage ndetse…

Read More

DRC : Hatangijwe ubukangurambaga bwiswe ‘Congolais Telema ‘ bugamije kurwanya ibikorwa by’ u Rwanda

Minisitiri w’intebe wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo Madame Suminwa Judith yatangije ku mugaragaro ku rwego rw’igihugu ubukangurambaga bwiswe ‘ Congolese Telema ‘ bugamije guhamagarira abatuye iki gihugu guhagarukira hamwe bakarwanya icyo bise ibikorwa byo guhonyora ubusugire bwa kongo by’ u Rwanda. Ubu bukangurambaga bwiswe ‘Congolese Telema ‘ bishatse gusobanura ngo banyekongo muhagaruke bwatangijwe ku…

Read More

Hatangajwe itegeko rishya rireba abazamu batinza umukino rigomba kuzatangira kubahirizwa mu 2025-2026

Ishyirahamwe rukaba n’urwego rwigenzura rushinzwe gushyiraho ndetse no kuvugurura amategeko y’Umukino w’Umupira w’Amaguru IFAB(International Football Association Board), ryemeje ko umuzamu uzongera kuzajya amarana umupira amasegonda arenze Umunani azajya abihanirwa. Ubusanzwe akenshi iyo ikipe yatsinze abazamu bakunda gutindana umupira igihe awufashe mu ntoki, mu rwego rwo gutinza iminota cyangwa no mu rwego rwo kureba aho awutanga…

Read More

Tour du Rwanda: Abanyarwanda babiri baje mu 10 bitwaye neza mu isiganwa rya none

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 01 Gashyantare 2025, irushanwa mpuzamahanga ry’amagare ribera mu Rwanda ‘Tour du Rwanda’ ryari ryakomeja aho agace k’uyu munsi kegukanwe n’Umunya-Eritrea ZERAY Nahom. Uyu wari umunsi wa Karindwi , kakaba agace ka Gatandatu k’iri siganwa rya 2025, ni agace kahagurutse mu ntara y’Amajyepfo mu karere ka Nyanza abasiganwa berekeza mu…

Read More

Umugabo wasambanyije umwana we akana mutera inda y’abana babiri b’impanga yavuze impamvu yabikoze

Umugabo wo mu Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi mu ntara y’Amajyepfo, uherutse ugutabwa muri yombi akekwaho gusambanya umwana we kuva afite imyaka 14 ndetse bakanabyarana abana babiri b’impanga yavuze ko icyabimuteye ari uko abandi bagore bari baramunaniye. Uyu mugabo akaba yemeye icyi cyaha aregwa , arinabyo yagarukagaho igihe yavugaga ku byo ashinjwa, Uyu…

Read More

Umutwe wa M23 washyikirije u Rwanda abarwanyi wafashe ba FDLR mu ntambara bahanganyemo na Leta ya Congo

Ni kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 01 Werurwe 2025, mu gikorwa cya kozwe n’umutwe wa M23 cyo gushyikiriza u Rwanda abarwanyi ba FDLR bafatiwe mu mirwano yashyamiranyije umutwe wa M23 ndetse n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  ‘FARDC’ , FDLR , SADC ndetse n’Abacanshuro. Brigadier Général Gakwerere Ezéchiel uzwi ku yandi mazina arimo…

Read More